Mu Murenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango, haravugwa impfu z’abantu batatu barimo umugabo n’umugore we, bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga y’inkorano, mu gihe undi umwe basangiye na we arembeye mu Bitaro.
Impfu z’aba bantu bo mu Kagari ka Murama muri uriya Murenge wa Bweramana zamenyekanye kuri uyu wa Mbere tariki 02 Gashyantare 2026 nk’uko byemejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bweramana Nsanzimfura Jean de Dieu.
Mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru cyitwa Imvaho (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Batatu barimo umugabo n’umugore we bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga
3 February, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ingengo y’imari izagera kuri miliyari 7.032,5 Frw mu 2025/26
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko amafaranga ateganyijwe gukoreshwa mu ngengo y’Imari ya 2025/26 ari miliyari 7.032,5 Frw, aziyongeraho miliyari 1.216,1Frw ugereranyije na miliyari 5.816,4 Frw yo mu ngengo y’imari ivuguruye ya 2024/25.
-
Ishyaka Green Party ryasabye Leta y’u Rwanda kuganira n’imitwe yitwaje intwaro iyirwanya hatarimo FDLR
5 August 2022, by Dusingizimana RemyIshyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije ryasabye Leta y’u Rwanda kugirana ibiganiro n’imitwe yitwaje intwaro iba hanze yarwo iyirwanya gusa itarimo abakoze Jenoside kuko ngo aribwo Abanyarwanda bareka kugira ubwoba bw’intambara.
Mu kiganiro Ubuyobozi bw’iri shyaka bwagiranye n’abanyamakuru bwavuze ko mu migabo n’imigambi bwari bufite bwiyamamaza mu matora ya Perezida wa Repubulika imyinshi Leta y’u Rwanda yabonye ifite ishingiro iyishyira mu bikorwa gusa bifuza ko Leta y’u (…) -
Nyamasheke: Ikamyo yikoreye imbaho yarenze umuhanda igwa mu kabande
9 January, by ISIMBI EstellaIkamyo yo mu bwoko Dogfing yari itwawe na Nkundanyirazo Eugène w’imyaka 53 ari kumwe na tandiboyi Dusabirema Olivier w’imyaka 23, yacurangutse mu kabande mu Murenge wa Ruharambuga Akarere ka Nyamasheke, tandiboyi na shoferi bakomereka byoroheje.
-
U Rwanda rugiye kubaka amashuri 15 y’icyitegererezo
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Guteza Imbere Imyuga n’Ubumenyingiro (RTB), Eng Paul Umukunzi, yatangaje ko mu myaka ibiri cyangwa itatu iri imbere, amashuri y’icyitegererezo y’imyuga n’ubumenyingiro agiye gutangira kubakwa azaba akora, akazigishirizwamo amasomo y’ikoranabuhanga rigezweho harimo gukora no kugenzura drones.
-
Abantu bongeye kwemererwa koga mu Mugezi wa Seine nyuma y’imyaka 100
6 July 2025, by ISIMBI EstellaUmugezi wa Seine wo mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa wongeye kwemererwa kwakira abantu bifuza koga, biba inshuro ya mbere kuva mu 1923 nyuma yo guhagarikwa imyaka 100.
-
Umujyi wa Kigali uri kugerageza uburyo bushya bwo gutwara abagenzi
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu muhanda Kabuga-Nyabugogo hari gukorerwa igerageza rya bisi zitwara abagenzi zidategereje ko zuzura, hagamijwe kureba ko ubwo buryo bwashoboka ngo buzatangire gukoreshwa mu gihe kiri imbere.
-
Ikibazo cy’Abanyarwanda batandatu bari muri Niger cyongeye kugaragazwa muri Loni
11 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT), Graciela Gatti Santana, yasabye ibihugu ubufatanye mu gushakira igisubizo kirambye ibibazo birimo n’icy’Abanyarwanda batandatu bafunguwe ariko bakaba baraheze muri Niger kuko babuze igihugu cyabakira.
-
Huye: Impungenge ku bana 2000 batsinzwe ibizamini bya leta ntibagaruke mu ishuri
27 September 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Huye bwagaragaje ko buhangayikishijwe n’abana 1358 basoje umwaka w’amashuri abanza na 800 basoje icyiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye ariko ntibatsinde ikizamini cya Leta, kuri ubu bakaba batari bagaruka ku ishuri.
-
Marine Le Pen ntakiyamamarije kuyobora Ubufaransa mu matora ya 2027
10 July 2025, by Joseph IradukundaUrukiko rw’u Burayi rw’Uburenganzira bwa muntu (ECHR) rwatesheje agaciro ikirego cya Marine Le Pen cyo gusaba ko yakurirwaho ibihano yafatiwe bimubuza guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu mu Bufaransa, mu gihe cy’imyaka itanu.
Umuryango.rw
Batatu barimo umugabo n’umugore we bitabye Imana nyuma yo gusangira inzoga
Ingengo y’imari izagera kuri miliyari 7.032,5 Frw mu 2025/26
Ishyaka Green Party ryasabye Leta y’u Rwanda kuganira n’imitwe yitwaje intwaro iyirwanya hatarimo FDLR
Nyamasheke: Ikamyo yikoreye imbaho yarenze umuhanda igwa mu kabande
U Rwanda rugiye kubaka amashuri 15 y’icyitegererezo
Abantu bongeye kwemererwa koga mu Mugezi wa Seine nyuma y’imyaka 100
Umujyi wa Kigali uri kugerageza uburyo bushya bwo gutwara abagenzi
Ikibazo cy’Abanyarwanda batandatu bari muri Niger cyongeye kugaragazwa muri Loni
Huye: Impungenge ku bana 2000 batsinzwe ibizamini bya leta ntibagaruke mu ishuri
Marine Le Pen ntakiyamamarije kuyobora Ubufaransa mu matora ya 2027