Abadepite batoye itegeko ryemeza ko u Rwanda ruba kimwe mu bihugu bihuriye kuri sitati y’Ihuriro rya Hague ku mategeko mbonezamubano mpuzamahanga yemerejwe i Hague mu Buholandi (HCCH), ndetse mu byo igihugu kizungukiramo harimo kugira uruhare mu ishyirwaho ry’amasezerano mashya ategurwa no kuba cyashyirwamo icyicaro gihoraho gishinzwe ibihugu bya Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abadepite batoye itegeko riha u Rwanda amahirwe yo kuzakira icyicaro cya HCCH
9 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Lt Gen Luboya yashinje abanyapolitiki gushaka kwinjiza M23 muri Ituri
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuverineri wa Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lieutenant Général Johnny Luboya Nkashama, yashinje bamwe mu banyapolitiki kugambirira kwinjiza umutwe witwaje intwaro wa M23 muri iyi ntara.
-
RDC yategetse Abadipolomate bayo bari i Kigali gutaha
26 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahamagaje igitaraganya Abadipolomate bayo bakorera mu Rwanda, inategeka ko ibikorwa byose bya Ambasade y’u Rwanda i Kinshasa bifungwa mu gihe kitarenze amasaha 48.
-
Leta ya Kinshasa yahagaritse imiyoboro y’itumanaho muri Uvira n’inkengero zaho
21 January, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwategetse ihagarikwa ry’imiyoboro yose y’itumanaho mu mujyi wa Uvira no mu bice biyegereye, nk’uko byemezwa n’umuyobozi wungirije w’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya Leta ya Kinshasa.
-
Abashoferi b’imodoka zambukiranya imipaka ntibarebwa n’ibihano bishya byo gukurwaho amanota
14 January, by Angeline MUKANGENZIImpushya zo gutwara ibinyabiziga zatangiwe mu Rwanda n’izatangiwe mu mahanga ariko zifitwe n’abemerewe gutura mu Rwanda bya burundu ni zo zonyine zizashyirwa mu buryo bw’ikoranabuhanga bushya bwo gukata amanota hashingiwe ku myitwarire y’utwaye ikinyabiziga mu muhanda nk’uko itegeko rishya rigenga imikoreshereze y’umuhanda ribigena.
-
Rubavu: Hari gutunganywa “site” z’imiturire zisaga 80
9 February, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Akarere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba buratangaza ko hari gutunganywa “site” zirenga 80 zitezweho kunoza imiturire, gucunga neza ubutaka no koroshya iterambere ry’abaturage.
-
Ingabo z’u Rwanda n’iza Maroc zahuriye mu nama ya mbere yiga ku bufatanye
21 January, by Angeline MUKANGENZIInama ya mbere ya Komisiyo Ihuriweho y’Ubufatanye mu bya Gisirikare hagati y’u Rwanda na Maroc iteraniye i Rabat mu Bwami bwa Maroc, kuva taliki 18 ikazageza ku ya 22 Mutarama 2026.
-
Twe ibihugu twarwana na byo ni nka 20-30 na byo byishyize hamwe kandi intambara tukayirangiriza iyo-Gen Mubarak
5 April 2019, by Martin MunezeroAbavuga ko barwanya u Rwanda bamenyeshejwe ko YouTube itazafata igihugu.
Ni ubutumwa bahawe n’umuyobozi w’Ingabo mu ntara y’Uburasirazuba n’izo mu mujyi wa Kigali asaba Abanyarwanda kudaha agaciro urubuga rwa YouTube n’izindi ziriho amakuru y’abavuga ko barimo kurwana n’Ingabo z’u Rwanda.
-
Imbonerakure zagiye kurwanya AFC/M23 zashinje Leta y’u Burundi kuzibeshya
13 August 2025, by ISIMBI EstellaUrubyiruko rw’Imbonerakure rwagiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurwanya Ihuriro AFC/M23, rushinja Leta y’u Burundi kurubeshya amafaranga.
-
"Ukraine nihabwe ibyo ikeneye byose irangize akazi"-Boris Johnson
9 February 2023, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza,Boris Johnson yavuze ko iki aricyo gihe kugira ngo Ukraine ihabwe icyo ikeneye cyose kugira ngo itsinze Uburusiya bwayigabyeho ibitero mu mezi 11 ashize.
Bwana Boris Johnson yabivuze nyuma y’aho Perezida wa Ukraine,Zelensky,asuye Ubwongereza akabusaba indege z’intambara yise amababa y’ubwigenge.
Perezida Zelensky yasuye bitunguranye UK ndetse anagirana ibiganiro n’inteko ishinga amategeko aho yavuze ko gutsinda Uburusiya azaba ari intsinzi (…)
Umuryango.rw
Abadepite batoye itegeko riha u Rwanda amahirwe yo kuzakira icyicaro cya HCCH
Lt Gen Luboya yashinje abanyapolitiki gushaka kwinjiza M23 muri Ituri
RDC yategetse Abadipolomate bayo bari i Kigali gutaha
Leta ya Kinshasa yahagaritse imiyoboro y’itumanaho muri Uvira n’inkengero zaho
Abashoferi b’imodoka zambukiranya imipaka ntibarebwa n’ibihano bishya byo gukurwaho amanota
Rubavu: Hari gutunganywa “site” z’imiturire zisaga 80
Ingabo z’u Rwanda n’iza Maroc zahuriye mu nama ya mbere yiga ku bufatanye
Imbonerakure zagiye kurwanya AFC/M23 zashinje Leta y’u Burundi kuzibeshya
"Ukraine nihabwe ibyo ikeneye byose irangize akazi"-Boris Johnson