Ambasaderi w’u Rwanda muri Singapore, Innocent B. Muhizi, yagiranye ibiganiro n’abahagarariye urwego rw’amabanki muri icyo gihugu na Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga mu biganiro byibanze ku mahirwe y’ubufatanye mu bijyanye n’imari, ikoranabuhanga ryifashishwa mu rwego rw’imari no kubakira ubushobozi inzego za Leta.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda na Singapore bigiye kwagura imikoranire mu nzego zirimo imari
25 February, by Angeline MUKANGENZI -
Amb. Nduhungirehe yagaragaje uko umubano w’u Rwanda n’amahanga uhagaze
18 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yagiranye ibiganiro n’abagize Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda, ku ishusho y’imibanire y’u Rwanda n’amahanga muri iki gihe.
-
Dick Cheney wabaye Visi Perezida wa Amerika yapfuye
4 November 2025, by ISIMBI EstellaDick Cheney wabaye Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika hagati ya 2001 na 2009 ku butegetsi bwa George W. Bush, yitabye Imana afite imyaka 84, nk’uko byemejwe n’umuryango we.
-
Iri munsi ya Miliyoni 55 Frw! Ibiteye amatsiko ku ndirimbo ya Bruce Melodie na Diamond
17 April 2025, by ISIMBI EstellaTariki ya 6 Mata 2025 yabaye idasanzwe mu rugendo rw’umuziki wa Bruce Melodie kuko yakabije inzozi zo kwemeranya na Diamond Platnumz gukorana indirimbo. Ni igihangano cyunga mu nzozi ze zo kuba umuhanzi mpuzamahanga, ucira abandi inzira, kandi ugaragaza impinduka mu mibereho no mu mikorere.
-
Joseph Kabila yasabye ko FDLR na Wazalendo bisenywa
24 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJoseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 yasabye ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi wamusimbuye, gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR ndetse n’indi yibumbiye mu ihuriro Wazalendo.
-
Ibyo wamenya ku iperereza ryatangiye gukorwa kuri Ingabire Victoire
20 June 2025, by ISIMBI EstellaRIB yataye muri yombi Ingabire Victoire Umuhoza ku byaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi no gutegura ibikorwa bigamije gukurura imvururu muri rubanda.
-
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Ndagijimana Uzziel yagaragaje uburyo ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse
25 February 2020, by Martin MunezeroMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Ndagijimana Uzziel,yagaragejo ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku gipimo cya 8.4% mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2019/2020, bukomeza kuzamuka ku gipimo cya 12.2% mu gihembwe cya kabiri no ku gipimo cya 11.9% mu gihembwe cya gatatu, asobanura ko bigaragaza ko mu mezi 9 ya mbere ubukungu bwazamutse ku mpuzandengo ya 10.9% ugereranyije na 8.3% byo mu mezi nk’ayo yo mu 2018/2019.
-
Perezida Nkurunziza azaha ubutegetsi uzatsinda amatora asigare ari ’umuyobozi w’ikirenga mu gukunda igihugu’
13 March 2020, by Martin MunezeroItegeko risinyweho nawe ubwe, rishyira Perezida Petero Nkurunziza ku rwego ’rw’umuyobozi w’ikirenga mu gukunda igihugu’ ryatangajwe uyu munsi n’ibiro by’umukuru w’igihugu.
-
Sudani: RSF yagabye ibitero hafi y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gicurasi 2025, umutwe w’ingabo zidasanzwe, (RSF) wagabye ibitero bikomeye hafi y’Ibiro bya Perezida, Abdel Fattah al-Burhan mu mujyi wa Port Sudan, usanzwe ugenzurwa n’ingabo z’iguhugu (SAF).
-
Iran yemeye ko ibikorwaremezo bya nucléaire byayo byangiritse bikomeye
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta ya Iran yemeye ko ibikorwaremezo bitunganyirizwamo ingufu za nucléaire byangijwe bikomeye n’ibitero byakurikiranye by’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel.
Umuryango.rw
Amb. Nduhungirehe yagaragaje uko umubano w’u Rwanda n’amahanga uhagaze
Dick Cheney wabaye Visi Perezida wa Amerika yapfuye
Iri munsi ya Miliyoni 55 Frw! Ibiteye amatsiko ku ndirimbo ya Bruce Melodie na Diamond
Joseph Kabila yasabye ko FDLR na Wazalendo bisenywa
Ibyo wamenya ku iperereza ryatangiye gukorwa kuri Ingabire Victoire
Sudani: RSF yagabye ibitero hafi y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu
Iran yemeye ko ibikorwaremezo bya nucléaire byayo byangiritse bikomeye