Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje ko ingabo zayo zigomba kwitegura kuguma mu majyepfo ya Syria, no kurinda umutekano muri ako gace ku buryo ibyahungabanya umutekano bihashira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Israel yatsimbaraye ku kugumisha ingabo zayo muri Syria
13 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Fatakumavuta agiye kugezwa imbere y’urukiko
30 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuSengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu itangazamakuru ryo mu Rwanda agiye kugezwa mu rukiko ngo aburane ku byaha akurikiranyweho.
-
Wazalendo yigambye igitero cya Goma, FARDC iryumaho
13 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ituze ryongeye kugaruka i Goma ku wa Gatandatu, itariki 12 Mata, nyuma y’ijoro ryabanje ryumvikanyemo urusaku rwinshi rw’amasasu.
-
Nyaruguru: Arasaba ubufasha bwo kuva mu nzu igisenge cyabaye nk’akayunguruzo
6 September 2025, by ISIMBI EstellaHavugiyaremye Adelphine utuye mu Kagari ka Kibeho, Umurenge wa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, avuga ko ubuyobozi bukwiye kumufasha ku kibazo cy’inzu abanamo n’umuryango we yamaze kwangirika igisenge gihinduka nk’akayunguruzo ku buryo mu gihe cy’imvura banyagirwa.
-
Dore icyateye Neftlix gusubika gushyira hanze filime ivuga ku buzima bwa Liam Payne uherutse gupfa
29 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrubuga rwa Netflix rusanzwe rutunganya filime rukanazerekaa, rwasubitse gushyira hanze iyo rwakoze igaruka ku buzima bwa Liam Payne uheruka kwitaba Imana wamamaye mu itsinda rya One Direction.
-
Niba tudakemuye ikibazo mu rwego rwa dipolomasi, tuzagikemura mu buryo bwa gisirikare – Muyaya
5 January 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru mu Ntara ya Kasai, yemeje ko niba ikibazo cy’intambara yo mu burasirazuba kidakemuwe mu rwego rwa diplomasi, kizakorwa mu buryo bwa gisirikare.
-
Hahishuwe uko Mark Zuckerberg yahaye Musk ubufasha mu kuyobora DOGE
30 March, by ISIMBI EstellaNubwo umubano wa Elon Musk na Mark Zuckerberg wigeze kuzamo agatotsi ku rugero Musk yasabye Zuckerberg ko besurana mu iteramakofe, ibi si ko byari bimeze mu minsi ya mbere ubwo Donald Trump yongeraga gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku nshuro ya kabiri.
-
Aba-féministe bagiye kujyana Brigitte Macron mu nkiko
19 December 2025, by ISIMBI EstellaHari gutegurwa ikirego kuri Brigitte Macron, umugore wa Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, nyuma yo kumvikana yita impirimbanyi z’uburenganzira bw’abagore “ibicucu” n’andi magambo ateye isoni.
-
Martin Ngoga yongeye gutorerwa kuyobora Akanama gashinzwe imyitwarire muri FIFA
16 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyarwanda Martin Ngoga usanzwe ari Ambasaderi w’u Rwanda muri Kenya, yongeye gutorerwa kuba Umuyobozi wa Komite ishinzwe kugenzura Imyitwarire mu Ishyirahamwe rya ry’umupira w’amagaru ku Isi (FIFA).
-
Bamwe mu mpirimbanyi barashimira Leta ikomeje kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina
2 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROImpirimbanyi z’uburenganzira bw’abagore zirashima umuhate wa leta wo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore, ariko bagasaba umuryango nyarwanda kudaha akato no gutererana uwatinyutse kugaragaza ko yakorewe iri ihohoterwa.
Benshi mu baharanira uburenganzira bw’abagore bagaragaza ko nubwo hari ibyakozwe mu gutinyura abagore n’abakobwa kuvuga ihohoterwa rishingiye ku gitsina bahura naryo, hakiri urugendo cyane cyane kuburyo bakirwa n’umuryango nyarwanda iyo batinyutse (…)
Umuryango.rw
Israel yatsimbaraye ku kugumisha ingabo zayo muri Syria
Fatakumavuta agiye kugezwa imbere y’urukiko
Wazalendo yigambye igitero cya Goma, FARDC iryumaho
Nyaruguru: Arasaba ubufasha bwo kuva mu nzu igisenge cyabaye nk’akayunguruzo
Dore icyateye Neftlix gusubika gushyira hanze filime ivuga ku buzima bwa Liam Payne uherutse gupfa
Niba tudakemuye ikibazo mu rwego rwa dipolomasi, tuzagikemura mu buryo bwa gisirikare – Muyaya
Aba-féministe bagiye kujyana Brigitte Macron mu nkiko
Martin Ngoga yongeye gutorerwa kuyobora Akanama gashinzwe imyitwarire muri FIFA
Bamwe mu mpirimbanyi barashimira Leta ikomeje kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina