Perezida Kagame yamaze kugera mu Burundi aho yitabiriye inama y’Abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC) biga uko ibintu byifashe mu burasirazuba bwa DR Congo.
Harabura Perezida Felix Tshisekedi na Salva Kiir,mu bayobozi b’ibihugu bya Africa y’Iburasirazuba bagomba kwiga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo, bagafata n’izindi ngamba.
Ibiro bya Perezida w’u Burundi,Ntare Rushatsi, byemeje ko Perezida Paul Kagame, yageze muri kiriya gihugu, akaba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yageze mu Burundi mu nama yiga ku bibazo bya RDC
4 February 2023, by Dusingizimana Remy -
Ingabo z’u Rwanda zatabaye abaturage bashimuswe n’ibyihebe
25 March 2025, by Joseph IradukundaIngabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zatabaye abasivile bashimuswe n’ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado iherereye mu majyaruguru y’iki gihugu.
-
Miss Kayumba Darina yatomoreye umuraperi Kimzer bakundana
6 November 2024, by Joseph IradukundaKayumba Darina wegukanye ikamba ry’Igisonga cya kabiri cya Miss Rwanda 2022, yagaragaje urukundo afitiye umuraperi Kimzer ubwo yamwifurizaga isabukuru y’amavuko.
-
Afurika Yunze Ubumwe yashimye isinywa ry’agahenge hagati ya AFC/M23 na Leta ya RDC
13 February, by ISIMBI EstellaUmuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Mahmoud Ali Youssouf, yagaragaje ko yashimye isinywa ry’amasezerano agena uburyo bwo guhagarika imirwano hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23).
-
Perezida Kagame yashimiye abamwifurije isabukuru nziza y’amavuko barimo Perezida w’Uburusiya by’umwihariko umuryango we
24 October 2019, by Martin MunezeroPerezida Kagame ku munsi w’ejo ubwo yasozaga inama yari ihuza u Burusiya na Afurika yafashe umwanya yifashisha urukuta rwe rwa Twitter, maze ashimira abantu bose bamwifurije isabukuru y’amavuko yari yujujemo imyaka 62 y’amavuko.
-
Perezida Macron yashinjwe kwivanga mu matora ya Papa
4 May 2025, by Joseph IradukundaPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yashinjwe kujya kubonana n’aba-Cardinal bitegura gutora Papa mushya agamije kubinjizamo ko bakwiye gutora umu-Cardinal ukomoka mu Bufaransa akaba ari we uhinduka Papa.
-
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
16 September 2024, by Joseph IradukundaBamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bakina hanze bakomeje gufasha amakipe yabo gukomeza kugira intangiriro nziza z’umwaka w’imikino wa 2024/25 babona itsinzi.
-
Umutoza wa Arsenal nyuma yo gutsinda Chelsea yasabye imbabazi Eddie Nketiah wamuhesheje ishema
21 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmutoza wa Arsenal Mikel Arteta avuga ko "atabaniye" rutahizamu Eddie Nketiah, nyuma yuko afashije ikipe ye gutungura Chelsea ikayitsinda ibitego 4-2 mu mukino shampiyona w’umunsi wa 32 .
-
Ingabire Victoire akureyo amaso ku munyamategeko w’umunyamahanga ashaka ko amwunganira?
10 July 2025, by ISIMBI EstellaIngabire Victoire Umuhoza ukurikiranyweho ibyaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi no gutegura ibikorwa bigamije gukurura imvururu muri rubanda, ku wa 8 Nyakanga 2025 yagejejwe imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, ariko umucamanza yubahiriza ubusabe bwe yimurira iburanisha ku wa 15 Nyakanga.
-
Abarenga 3300 bamaze kwiyandikisha muri gahunda y’Indangamuntu koranabuhanga
27 August 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu [NIDA], cyatangaje ko muri gahunda izwi nka ‘pre-enrollment platform’ yo kwemeza umwirondoro w’Abaturarwanda usanzwe mu irangamimerere no gukosora ku bafite amakosa muri sisitemu y’indangamuntu nka kimwe mu bibanziriza indangamuntu koranabuhanga hamaze kwiyandikisha abantu barenga 3300.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yageze mu Burundi mu nama yiga ku bibazo bya RDC
Ingabo z’u Rwanda zatabaye abaturage bashimuswe n’ibyihebe
Miss Kayumba Darina yatomoreye umuraperi Kimzer bakundana
Afurika Yunze Ubumwe yashimye isinywa ry’agahenge hagati ya AFC/M23 na Leta ya RDC
Perezida Macron yashinjwe kwivanga mu matora ya Papa
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
Umutoza wa Arsenal nyuma yo gutsinda Chelsea yasabye imbabazi Eddie Nketiah wamuhesheje ishema
Ingabire Victoire akureyo amaso ku munyamategeko w’umunyamahanga ashaka ko amwunganira?
Abarenga 3300 bamaze kwiyandikisha muri gahunda y’Indangamuntu koranabuhanga