Nyirazaninka Olive w’imyaka 29 wo mu Karere ka Nyabihu yasanzwe mu i santere y’ahitwa mu Rusisiro rwa Cyenda, yapfuye aziritse igitambaro mu maso.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyabihu: Umukobwa w’imyaka 29 yasanzwe yapfuye aziritswe igitambaro mu maso
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Jimmy Carter wayoboye Amerika yapfuye
30 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuJimmy Carter wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yitabye Imana mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 29 Ukuboza 2024.
-
Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zigiye gusubira i Luanda
30 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIAbahagarariye guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barahurira i Luanda muri Angola kuri uyu wa 30 Nyakanga 2024, baganira ku buryo bwo gucoca amakimbirane ari hagati y’impande zombi.
-
U Bwongereza: Umwami Charles III yavuze ku burwayi bwe bwa kanseri
13 December 2025, by ISIMBI EstellaUmwami w’u Bwongereza, Charles III, yavuze ku burwayi bwe bwa kanseri, ko kubera kwivuza kare no gukurikiza inama za muganga ubu agiye kugabanyirizwa imiti.
-
Gasabo: Gitifu w’Umurenge wa Bumbogo yasezeye ku kazi avuga ko agiye gukemura ibibazo biri iwe
7 April 2018, by UbwanditsiUmunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bumbogo Jean Bosco UZAYISENGA yandikiye Umuyobozi w’Akarere amusaba kuba ahagaritse akazi yakoraga nk’Umunyamabanga Nshingwabikorwa Umurenge akabanza akajya gukemura ibibazo biri mu muryango we akazagaruka birangiye.
-
Polisi yafashe imodoka ebyiri zipakiye amabaro 25 y’imyenda n’ibindi bicuruzwa bya magendu
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, Polisi y’u Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mutarama, yafatiye mu karere ka Rubavu, imodoka ebyiri zari zipakiye magendu y’imyenda ya caguwa, amavuta yo kwisiga yangiza uruhu bakunze kwita ‘mukorogo’ n’ibindi bicuruzwa bitandukanye.
-
Cardinal Ambongo yasabye u Rwanda, RDC n’u Burundi gukemura amakimbirane bafitanye
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuArikiyepisikopi wa Kinshasa akaba na Perezida w’Ihuriro ry’Inama y’Abepisikopi muri Afurika na Madagascar (SECAM), Cardinal Fridolin Ambongo, yasabye abayobozi b’u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi guhura, bagakemura amakimbirane ari hagati y’ibihugu byombi.
-
Inkuru zavuzwe cyane mu mikino yo mu Rwanda mu mwaka wa 2017
26 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmwaka wa 2017 waranzwe n’ibintu bitandukanye mu mikino hano mu rwanda aho benshi bishimiye ibyo bagezeho abandi barifuza impinduka mu mwaka utaha.
Umuryango wagerageje kureba bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu mwaka mu mikino itandukanye ikinirwa hano mu Rwanda kugira ngo ibibasangize.
Urupfu rwa Katauti na Gangi
Ndikumana Hamad uzwi nka katauti wabaye myugariro ukomeye mu Mavubi ndetse akaba yari umutoza wungirije Karekezi Olivier muri Rayon Sports yitabye imana mu ijoro ryo ku (…) -
Perezida Kagame yageze muri Ethiopia
14 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yageze i Addis Abeba muri Ethiopia kuri uyu wa 14 Gashyantare 2025, mu nama isanzwe ya 38 y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU).
-
Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Congo Tshisekedi
31 January 2020, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagarutse ku bikorwa by’akatarabonekka bya Perezida wa Repuubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu guhashya imitwe y’iterabweba hagamijwe kugarura amahoro muri iki gihugu.
Umuryango.rw
Nyabihu: Umukobwa w’imyaka 29 yasanzwe yapfuye aziritswe igitambaro mu maso
Jimmy Carter wayoboye Amerika yapfuye
Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zigiye gusubira i Luanda
U Bwongereza: Umwami Charles III yavuze ku burwayi bwe bwa kanseri
Polisi yafashe imodoka ebyiri zipakiye amabaro 25 y’imyenda n’ibindi bicuruzwa bya magendu
Cardinal Ambongo yasabye u Rwanda, RDC n’u Burundi gukemura amakimbirane bafitanye
Perezida Kagame yageze muri Ethiopia