Umunyamabanga Mukuru w’Umuryangi w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko mu gihe intambara hagati y’ingabo za Sudani n’umutwe witwaje intwaro wa RSF ikomeje, abo muri iki gihugu bakwiye gutabarwa, ariko ngo biragoye koherezayo ingabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Loni igowe no kohereza ingabo muri Sudani
29 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ubucuruzi hagati ya Afurika n’u Bushinwa bwarenze miliyari 295$
5 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Bushinwa bukomeje gushimangira ko ari umufatanyabikorwa ukomeye wa Afurika mu ubucuruzi, aho ubucuruzi hagati y’impande zombi bwageze kuri miliyari 295 z’Amadolari y’Amerika mu mwaka wa 2024, bigaragaza izamuka rya 6,1% ugereranyije n’umwaka wabanje.
-
Umuyobozi mukuru muri Islamic State yafatiwe muri Puntland
4 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Mbere, itariki 4 Gashyantare 2025, umuyobozi mukuru w’ishami rya Leta ya Kisilamu muri Somaliya yafashwe, nkuko byatangajwe n’abapolisi, n’ibitangazamakuru bya Leta nyuma yiminsi ibiri ubuyobozi bwa IS bwibasiwe n’ibitero by’indege bya Amerika kandi mu gihe inzego z’umutekano zikomeje ibitero bimaze icyumweru.
-
Qatar yarahiriye kwihorera ku gitero Isiraheli yabagabye i Doha
10 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman Al Thani, yatangaje ko igihugu cye kizihorera ku gitero Isiraheli yagabye i Doha aho abayobozi bakuru ba Hamas bari bateraniye mu nama.
-
Koreya ya Ruguru yagerageje ibindi bisasu kirimbuzi byo guhashya umwanzi
1 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yavuze ko bagerageje misile yo mu bwoko bwa ballistique ,(ICBM, Intercontinental ballistic missile), iremereye kurusha izari zisanzwe izabafasha kurimbura umwanzi wabo ndetse ikazamura icyo yise intwaro ikomeye ifite imbaraga ku Isi.
-
Perezida Kim Jong Un yahishuye umugambi wo guhangana na Amerika
1 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yarahiriye gushyiraho politiki yo guhangana na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu rwego rwo kongerera igihugu cye umutekano w’igihe kirekire.
-
Umusaruro w’ibikorerwa mu Rwanda byoherezwa mu mahanga wazamutseho 11,4%
22 July 2025, by Joseph IradukundaRaporo nshya yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) yagaragaje ko umusaruro w’ibicuruzwa bikorerwa mu Rwanda byoherejwe mu mahanga wazamutseho 11.40% mu gihembwe cya mbere cya 2025 ugereranyije n’igihembwe nk’icyo cy’umwaka ushize.
-
Bujumbura: Ambasaderi wa RDC n’abandi bakorana bakekwaho gukorana na AFC
4 August 2025, by Joseph IradukundaAmbasaderi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Burundi, Willy Mulumba ndetse n’abandi bakozi babiri bo muri Ambasade y’iki gihugu i Bujumbura bakekwaho gukorana n’Ihuriro AFC rifite umutwe witwaje intwaro wa M23 na MRDP - Twirwaneho.
-
Perezida Faye yasabye ingabo z’u Bufaransa kumuvira mu gihugu
29 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Bassirou Diomadaye Faye wa Sénégal, yasabye ingabo z’u Bufaransa zimaze igihe ziba mu gihugu cye kuhava zigasubira iwabo
-
Trump yise Zelensky umunyagitugu
20 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Amerika, Donald Trump, yamaze umunsi yibasira Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, amwita “umunyagitugu” ndetse akomeza kuzamura umwuka usanzwe utari mwiza hagati y’abayobozi bombi.
Umuryango.rw
Loni igowe no kohereza ingabo muri Sudani
Ubucuruzi hagati ya Afurika n’u Bushinwa bwarenze miliyari 295$
Umuyobozi mukuru muri Islamic State yafatiwe muri Puntland
Qatar yarahiriye kwihorera ku gitero Isiraheli yabagabye i Doha
Koreya ya Ruguru yagerageje ibindi bisasu kirimbuzi byo guhashya umwanzi
Perezida Kim Jong Un yahishuye umugambi wo guhangana na Amerika
Umusaruro w’ibikorerwa mu Rwanda byoherezwa mu mahanga wazamutseho 11,4%
Bujumbura: Ambasaderi wa RDC n’abandi bakorana bakekwaho gukorana na AFC
Perezida Faye yasabye ingabo z’u Bufaransa kumuvira mu gihugu
Trump yise Zelensky umunyagitugu