Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yashyizeho umugaba mukuru w’ingabo mushya, muri zimwe mu mpinduka zikomeye cyane kandi nyinshi akoze mu buyobozi bukuru bw’ingabo kuva intambara n’inyeshyamba za M23 yakongera kubura mu mpera y’umwaka wa 2021.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu buyobozi bukuru bw’ingabo
20 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Horaţiu Potra woherereje RDC abacanshuro bo kiyifasha M23 yatawe muri yombi
9 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuHoraţiu Potra ukuriye abacanshuro b’Abanyaburayi Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yitabaje ngo bayifashe guhangana n’umutwe wa M23, yatawe muri yombi na Polisi ya Romania.
-
Ambasade ya Amerika i Kyiv yafunze imiryango nyuma yo kwikanga kuraswaho n’u Burusiya
20 November 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ugushyingo 2024, Ambasade ya Amerika i Kyiv yafunze imiryango nyuma yo kwikanga igitero cyo mu kirere cy’u Burusiya nk’uko itangazo ryashyizwe ku rubuga rwayo rivuga.
-
Ambasade z’u Rwanda ziyongereyeho 30 mu myaka 23
6 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yatangaje ko kuva Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yatangira mu 2003 yafashjije u Rwanda kwagura umubano n’Amahanga aho za Ambasade zarwo zavuye kuri 20 zigera kuri 50 mu myaka 23 ishize.
-
Abarundi bagiye gutoza FDLR na Nyatura mu 2014- Guverineri Bahati wa Kivu y’Amajyaruguru
6 February, by ISIMBI EstellaGuverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Bahati Musanga Erasto, yahishuye ko mu 2014, u Burundi bwohereje abasirikare gutoza abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR na Nyatura.
-
Trump agiye gushyiraho imisoro ya 35% ku bicuruzwa biva muri Canada
11 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyizeho imisoro ya 35% ku bicuruzwa biva muri Canada, ndetse avuga ko ashobora no gushyiraho imisoro ku bicuruzwa byose biva mu mahanga iri hagati ya 15% na 20%.
-
U Rwanda rugiye gufungura Ambasade muri Algérie
4 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yatangaje ko u Rwanda rugiye gufungura Ambasade nshya muri Algérie, mu rwego rwo kurushaho guteza imbere umubano uri hagati y’ibihugu byombi.
-
Rusizi: Inka 5 z’abaturage batandukanye zatemwe ijoro rimwe
10 March 2025, by Joseph IradukundaAbaturage 5 batandukanye bo mu Mudugudu wa Buganzo, Akagari ka Butanda, Umurenge wa Butare, Akarere ka Rusizi, batunguwe no kubyuka bagasanga inka zabo zatemwe imirizo, zimwe zanatemwe amatako, 5 bakekwa bakaba bahise batabwa muri yombi.
-
Joan Laporta yongeye gutorerwa kuyobora FC Barcelone
16 March, by Angeline MUKANGENZIJoan Laporta i Estruch wari Perezida wa FC Barcelone yatorewe gukomeza kuyobora iyi kipe muri manda y’imyaka itanu iri imbere, nyuma yo kugira amajwi 68%, ahigika Victor Font bari bahanganye.
-
Inka Gen Muhoozi yagabiwe na Perezida Kagame zigiye kwikuba kabiri
25 April 2023, by Dusingizimana RemyGen.Muhoozi Kainerugaba uri mu Rwanda mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko y’imyaka 49 yavuze ko inka yagabiwe na Perezida Kagame zagwiriye.
Mu Ijambo yagejeje ku bitabiriye ibi birori Muhoozi yashimiye Perezida Kagame kubw’ubushuti bafitanye ndetse amuhamiriza ko inka 10 yamugabiye zagwiriye zikagera kuri 17.
Perezida Kagame yavuze ko ari ibyo kwishimira kuba ibihugu by’u Rwanda na Uganda bibanye amahoro kandi bifitanye umushuti byose bigizwemo uruhare na Gen.Kainerugaba Muhoozi. (…)
Umuryango.rw
Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu buyobozi bukuru bw’ingabo
Horaţiu Potra woherereje RDC abacanshuro bo kiyifasha M23 yatawe muri yombi
Ambasade ya Amerika i Kyiv yafunze imiryango nyuma yo kwikanga kuraswaho n’u Burusiya
Ambasade z’u Rwanda ziyongereyeho 30 mu myaka 23
Abarundi bagiye gutoza FDLR na Nyatura mu 2014- Guverineri Bahati wa Kivu y’Amajyaruguru
Trump agiye gushyiraho imisoro ya 35% ku bicuruzwa biva muri Canada
U Rwanda rugiye gufungura Ambasade muri Algérie
Rusizi: Inka 5 z’abaturage batandukanye zatemwe ijoro rimwe
Inka Gen Muhoozi yagabiwe na Perezida Kagame zigiye kwikuba kabiri