Mutuyimana Gilbert w’imyaka 19 wari umunyerondo w’umwuga mu Murenge wa Rubengera yitabye Imana, nyuma y’uko atewe icyuma n’umusore w’imyaka 21 yari akurikiye ubwo yari amaze kwiba amavuta.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Karongi: Ukekwaho ubujura yishe umunyerondo w’umwuga
2 October 2025, by ISIMBI Estella -
Uganda: Biggie Events yakatiwe gufungwa amezi atandatu kubera amadeni
4 November 2025, by ISIMBI EstellaMutakubwa Mariam wamenyekanye muri Uganda nka Biggie Events, akaba umwe mu bagore bihebeye ibyo gutegura ibitaramo n’ibirori bitandukanye yakatiwe igifungo cy’amezi atandatu kubera ideni ry’arenga miliyoni 70 z’Amashilingi ya Uganda.
-
Amerika iri mu iperereza ku kuntu gahunda yo kwihorera ya Israel yagiye ku karubanda
21 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umutwe w’abadepite, Mike Johnson, yemeje ko barimo gukora iperereza ku itangazwa ry’inyandiko z’ibanga zivuga ku isuzuma rya Amerika kuri gahunda ya Israel yo gutera Irani .
-
U Rwanda rugiye gutangiza ibigo bibiri bitanga serivisi z’ubuhuza butisunze inkiko
5 March, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) yatangaje ko mu rwego rwo guteza imbere uburyo bwo gukemura amakimbirane hatisunzwe inkiko, mu ntara hagiye gushyirwaho ibigo bibiri, bishinzwe kwakira abakeneye iyo serivisi byunganira icyari gisanzwe mu Mujyi wa Kigali ndetse ko kubaka ibindi ari gahunda izakomeza.
-
Umubare w’Abanyamerika basaba ubuhungiro muri Canada ukomeje gutumbagira
27 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbanyamerika basaba ubuhungiro muri Canada ukomeje kwiyongera cyane, benshi bakagaragaza ko babiterwa n’ingamba zikarishye za Donald Trump, zishyira umutekano wabo mu kaga.
-
Fatakumavuta dosiye ye yageze mu bushinjacyaha
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuRIB, yamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye iregwamo Sengabo Jean Bosco uzwi ku izina rya Fatakumavuta ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu itangazamakuru ryo mu Rwanda.
-
Umutingito wahitanye abantu 20 muri Afghanistan
3 November 2025, by ISIMBI EstellaUmutingito uri ku gipimo cya 6,3, wibasiye agace kari hafi y’umujyi wa Mazar-e-Sharif uherereye mu Majyaruguru ya Afghanistan, uhitana abantu 20 mu gihe abarenga 260 bakomeretse ndetse uyu mubare ushobora kwiyongera.
-
Sudani yacanye umubano na UAE
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Kabiri, itariki ya 6 Gicurasi, Sudani yahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, nyuma yo gushinja UAE kuba yarahaye ingabo za Rapid Support Forces indege zitagira abadereva zibasiye Port Sudani, ahari icyicaro cy’agateganyo cya guverinoma, mu minsi itatu ishize.
-
Bamwe mu bakozi bo muri banki zo mu Rwanda baravugwaho gukorana n’abajura
19 January 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihe ubujura bukoranye ikoranabuhanga bukomeje gufata indi ntera mu Isi banki nkuru y’ u Rwanda yavuzeko ko hari abakozi b’ amabanki akorera mu Rwanda bakorana n’ abajura bakoresha ikoranabuhanga ngo basahure banki.
Ibi byakomojweho kuri uyu wa Gatanu mu nama yahuje polisi, amabanki atandukanye ndetse na banki nkuru y’ u Rwanda BNR.
Izi nzego zagaragaje ko ubujura bukoresheje ikoranabuhanga burimo gufata indi ntera uko ikoranabuhanga rikomeza gutera imbere. BNR yavuze ko mu mwaka (…) -
Mu Rwanda hagiye kumurikirwa ibikoresho bya gisirikare bigezweho
17 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMu Rwanda hagiye kumurikirwa ibikoresho bya gisirikare bigezweho n’ikoranabuhanga ryakozwe n’ibigo bitandukanye hagamijwe ubwirinzi n’umutekano.
Umuryango.rw
Karongi: Ukekwaho ubujura yishe umunyerondo w’umwuga
Uganda: Biggie Events yakatiwe gufungwa amezi atandatu kubera amadeni
Amerika iri mu iperereza ku kuntu gahunda yo kwihorera ya Israel yagiye ku karubanda
U Rwanda rugiye gutangiza ibigo bibiri bitanga serivisi z’ubuhuza butisunze inkiko
Umubare w’Abanyamerika basaba ubuhungiro muri Canada ukomeje gutumbagira
Fatakumavuta dosiye ye yageze mu bushinjacyaha
Umutingito wahitanye abantu 20 muri Afghanistan
Sudani yacanye umubano na UAE
Mu Rwanda hagiye kumurikirwa ibikoresho bya gisirikare bigezweho