Minisitiri w’Intebe,Dr.Edouard Ngirente,yatangaje ko Leta y’u Rwanda izi ikibazo cy’ubucucike buri mu magereza yo mu Rwanda ndetse bakiganiriyeho hari n’ingamba cyafatiwe.
Mu kiganiro Minisitiri w’Intebe n’abandi bagize Guverinoma bagiranye n’Abanyamakuru,Minisitiri Ngirente yagarutse ku kibazo cy’Ubucucike buri mu magereza yo mu Rwanda aho Raporo iherutse gukorwa ivuga ko ubucucike mu magereza yo mu Rwanda bugeze kuri 124 % ndetse bukomeje kwiyongera.
Yagize ati ’Ikibazo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje umuti iri kuvugutira ikibazo cy’ubucucike buri mu magereza
16 March 2022, by Dusingizimana Remy -
Hagabanyijwe umubare w’abagenzi imodoka rusange zitwara mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus
3 May 2020, by Dusingizimana RemyUrwego Ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA) rwagiranye inama n’abakuriye kompanyi z’imodoka zitwara abagenzi bemeranya ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 04 Gicurasi ubwo ingendo z’imodoka zitwara abagenzi zizaba zisubukuwe hazagabanywa umubare w’abagenzi imodoka imwe yatwaraga mu rwego rwo kwirinda ko abantu bakwegerana bakanduzanya Coronavirus.
-
Perezida Ndayishimiye yibasiye bikomeye abajyanama bamutengushye
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yibasiye bikomeye batatu bahoze ari abajyanama be mu rwego rw’ubutabera, nyuma y’aho bafunguje imfungwa atahaye imbabazi.
-
Uko abakinnyi b’Amavubi bakina hanze bitwaye mbere yo kwitabira ubutumire bwayo
11 November 2024, by Joseph IradukundaMu gihe kuri uyu wa Mbere tariki 11 Ugushyingo 2024, hatangira umwiherero w’abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu Amavubi bitegura imikino ibiri ya nyuma yo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika kizabera muri Maroc, mu 2025, Imvaho Nshya igiye kubagaragariza uko bamwe mu bakinnyi bahamagawe bakina hanze y’u Rwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize.
-
Ubushinjacyaha bwagarutse mu mizi ibimenyetso ku byaha uko ari 17 Nsabimana Callixte wiyise Sankara byose aregwa n’abaregera indishyi bariyongera
28 January 2020, by Martin MunezeroUrukiko Rukuru urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rukorera mu Karere ka Nyanza rwasubukuye urubanza rurengwamo Nsabimana Callixte wiyise Sankara wahoze ari umuvugizi w’inyeshyamba za FLN ku byaha 17akurikiranweho n’ubushinjacyaha.
-
Senateri Uwizeyimana Evode yagereranyije imyitwarire ya Wazalendo n’iya Léon Mugesera
15 September 2025, by ISIMBI EstellaSenateri Uwizeyimana Evode yavuze ko imvugo n’ibikorwa bya Wazalendo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bigamije kuhirukana Abanye-Congo b’Abatutsi ntaho zitaniye na Dr. Léon Mugesera wavuze ko Abatutsi bagombaga kwicwa bakanyuzwa muri Nyabarongo bajya muri Ethiopia.
-
7 Ukwakira 2025: Imyaka 2 irashize iyari intambara yahindutse ubwicanyi
7 October 2025, by ISIMBI EstellaKuva tariki ya 7 Ukwakira 2023 kugeza kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Ukwakira 2025, imyaka ibiri irashize ubwo Hamas yagabaga igitero kuri Isiraheli, none iyari intambara ubu yahindutse ubwicanyi. Abisiraheli bagera mu 1 219 bamaze gusiga ubuzima muri iyo ntambara, mu gihe Abanyapalesitina bo basaga 170 000.
-
The Ben yatunguwe no guhura bwa mbere na ‘Papa Sava’ nyamara amaze imyaka 30 akurikira ibihangano bye –AMAFOTO
23 January, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa filime umaze imyaka 30 mu buhanzi, Niyitegeka Gracien wamamaye nka Papa Sava, Seburikoko n’andi mazina azwi cyane muri Cinema nyarwanda, yatangaje ko yanyuzwe bikomeye no guhura na Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, wamubwiye ko akunda cyane ibihangano bye kuva kera.
-
Perezida wa Mexique yasabye mugenzi we wa Korea y’Epfo kongera ibitaramo bya BTS
27 January, by Angeline MUKANGENZIKubera igikundiro itsinda rya BTS rifite muri Mexique Perezida w’iki gihugu, Claudia Sheinbaum yasabye mugenzi we wa Korea y’Epfo, Lee Jae Myung, ko yafasha gutegura ibitaramo byinshi by’iri tsinda muri Mexique.
-
Inteko ya Afurika y’Epfo iteganya gukora iperereza ku ngabo zoherejwe muri RDC
12 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo iteganya gukora iperereza ku ngabo z’iki gihugu zoherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC).
Umuryango.rw
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje umuti iri kuvugutira ikibazo cy’ubucucike buri mu magereza
Hagabanyijwe umubare w’abagenzi imodoka rusange zitwara mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus
Perezida Ndayishimiye yibasiye bikomeye abajyanama bamutengushye
Uko abakinnyi b’Amavubi bakina hanze bitwaye mbere yo kwitabira ubutumire bwayo
Senateri Uwizeyimana Evode yagereranyije imyitwarire ya Wazalendo n’iya Léon Mugesera
7 Ukwakira 2025: Imyaka 2 irashize iyari intambara yahindutse ubwicanyi
The Ben yatunguwe no guhura bwa mbere na ‘Papa Sava’ nyamara amaze imyaka 30 akurikira ibihangano bye –AMAFOTO
Perezida wa Mexique yasabye mugenzi we wa Korea y’Epfo kongera ibitaramo bya BTS
Inteko ya Afurika y’Epfo iteganya gukora iperereza ku ngabo zoherejwe muri RDC