Ikigo cyitwa Best World Link Group gifasha abanyeshuri bo mu Rwanda no muri aka karere kwiga mu mahanga cyashyiriyeho amahirwe Abanyeshuri bo mu Rwanda barangije amashuri yisumbuye yo kuba bahabwa Buruse zo kwiga ibijyanye n’ubuganga muri Cyprus.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abarangije amashuri yisumbuye muri 2019 bashyiriweho amahirwe yabafasha kwiga muri Cyprus
13 August 2020, by Dusingizimana Remy -
Amayobera ku irengero ry’Igikombe Tigers BBC yegukanye kikibwa n’abafana
7 February, by Angeline MUKANGENZIIgikombe cya FERWABA Super Cup cyahawe Tigers BBC nyuma yo gutsinda APR BBC cyibwe n’abafana batishyuwe nyuma yo kwizezwa ko bahabwa amafaranga umukino urangiye ariko ikipe ikavuga ko gihari.
-
APR FC yigaranzuye Kiyovu Sports ifata umwanya wa mbere,Rayon Sports na AS Kigali ziratungurwa
28 January 2023, by Dusingizimana RemyIgitego cya Niyigena Clement ku munota wa nyuma w’inyongera cyahesheje APR FC intsinzi kuri Kiyovu Sports, ihita ifata umwanya wa mbere muri shampiyona,mu gihe Rayon Sports na AS Kigali zarangaye zigatakaza amanota.
Mu mikino y’umunsi wa 17 yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Mutarama 2023,ikipe ya APR FC yigaranzuye Kiyovu Sports yari imaze imyaka 2 yarayigaruriye ibona amanota 3 yayifashije gufata umwanya wa mbere ushobora kuyihesha ikindi gikombe cya shampiyona.
Kiyovu Sports (…) -
Nyarugenge: Abagore bafunzwe nyuma yo gufatwa bari kongerera bagenzi babo ibibuno n’amabere
13 August 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi ku Mbuga Nkoranyambaga hiriwe hacicikana inkuru y’abagore n’abakobwa 15 bafatiwe mu Murenge wa Rwezamenyo bagiye kongera no kugabanya ibice by’imibiri yabo birimo amabere n’ikibuno.
-
Sarkozy yatangiye kuburana ku mafaranga ya Kadhafi yakoresheje yiyamamaza
6 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Mbere, urubanza rw’uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, rwatangiye. Uwahoze ari umuyobozi arashinjwa kwakira amafaranga yatanzwe na guverinoma y’uwahoze ari Umuyobozi wa Libya, nyakwigendera Moammar Kadhafi, yakoresheje mu kwiyamamariza kuba perezida mu 2007.
-
Twebwe ikipe yacu barayigurishije ! Agahinda nikose kubafana ba Rayon Sports
8 May 2023, by Rebecca UFITAMAHORORayon Sports nyuma yo Gutsindwa mu mukino w’Umunsi wa 28 wa Shampiyona na Gorilla FC 3-1, abafana bakomeje kwerekana agahinda gakomeye batewe n’ubuyobozi bwabo babushinja gutanga iyi kipe( Ati “Twebwe ikipe yacu yaragurishijwe kandi si ubwambere). Gutsindwa uyu mukino byatumye Murera ijya ku mwanya wa gatatu n’amanota 55, ndetse isa n’ivuye ku Gikombe cya Shampiyona burundu kuko irushwa na Kiyovu Sports ya mbere amanota atanu mu gihe hasigaye imikino ibiri gusa.
Ubwo umukino wari (…) -
Igice gisoza ‘Squid Game’ kigiye kujya hanze
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuFilime ya Squid Game yaciye ibintu ku Isi yose igiye gusozwa n’igice cyayo cya nyuma kizajya hanze muri Kamena 2025.
-
Senegal: Imfungwa zakamejeje mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara
23 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuI Dakar muri Senegal imfungwa zikomeje kurya karungu nyuma y’uko ngo zifatwa nabi bituma zikora imyigaragambyo.
-
Rusizi: Uwari umaze iminsi 9 ahishije inzu n’igikoni yari yimukiyemo cyakongotse
19 September 2025, by ISIMBI EstellaMu ma saa tatu z’igitondo cyo ku wa Kane, tariki ya 18 Nzeri 2025, Cakwakuzi Straton w’imyaka 66, wari umaze iminsi 9 ahishije inzu n’ibyarimo byose, akimukira mu gikoni kitari cyahiye, na cyo cyafashwe n’inkongi kirakongoka.
-
Amakuru Igisirikare cya Sudani kirigamba kwigarurira umurwa mukuru wa leta
24 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Sudani zivuga ko zongeye kwigarurira Sinja, umurwa mukuru w’imwe muri Leta zigize igihugu uherereye wa mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Khartoum, umurwa mukuru w’igihugu .
Umuryango.rw
Abarangije amashuri yisumbuye muri 2019 bashyiriweho amahirwe yabafasha kwiga muri Cyprus
Amayobera ku irengero ry’Igikombe Tigers BBC yegukanye kikibwa n’abafana
APR FC yigaranzuye Kiyovu Sports ifata umwanya wa mbere,Rayon Sports na AS Kigali ziratungurwa
Nyarugenge: Abagore bafunzwe nyuma yo gufatwa bari kongerera bagenzi babo ibibuno n’amabere
Sarkozy yatangiye kuburana ku mafaranga ya Kadhafi yakoresheje yiyamamaza
Twebwe ikipe yacu barayigurishije ! Agahinda nikose kubafana ba Rayon Sports
Igice gisoza ‘Squid Game’ kigiye kujya hanze
Senegal: Imfungwa zakamejeje mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara
Rusizi: Uwari umaze iminsi 9 ahishije inzu n’igikoni yari yimukiyemo cyakongotse
Amakuru Igisirikare cya Sudani kirigamba kwigarurira umurwa mukuru wa leta