Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryasubiye mu mujyi wa Walikale nyuma yo gusubira inyuma kw’ingabo za M23 zari zimaze iminsi ziwugenzura.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
FARDC yasubiye mu mujyi wa Walikale
3 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Minisitiri w’intebe yasezeranyije gushakira umuti ikibazo cy’izamuka ry’ibiciro by’ingendo
21 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’intebe yemeje ko bakiriye ibibazo birebana n’ibiciro by’ingendo byazamutse ku buryo bukabije ndetse yasezeranyije ko bagiye kuzabifatira umwanzuro uhamye bafatanyije n’inzego zibishinzwe.
-
Ikinyoma cya Jenoside ikorerwa Abahutu mu mpamba Tshisekedi yajyanye i New York
22 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yageze i New York ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, aho yitabiriye Inama Rusange y’Umuryango w’Abibumbye (ONU) izaterana ku nshuro ya 80, bikaba byitezwe ko azongera gutakambira amahanga ngo ashyigikire ikinyoma cya Leta ye cy’uko muri RDC habaye Jenoside yakorewe Abahutu, basanzwe bita ’Genocost’.
-
Abadepite bagaragaje impungenge mu kongera umusoro kuri lisansi na mazutu bitumizwa
20 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, itariki ya 19 Werurwe, abadepite bagaragaje impungenge z’icyifuzo cya guverinoma cyo gushyiraho umusoro wa 15% ku bikomoka kuri peteroli, baburira ko bishobora kongera igiciro cy’ibicuruzwa na serivisi ku baguzi.
-
Israel yasabye imbabazi z’abasirikare batatu ba Lebanon yishe
21 October 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cya Israel, cyasabye imbabazi ku bw’abasirikare batatu ba Lebanon bishwe ku cyumweru mu gitero iki gihugu cyagabye mu burasirazuba, mu ntambara gihanganyemo n’umutwe wa Hezbollah.
-
Hatangiye igikorwa cyo gupima abaturage ibihumbi 20 mu tugari twose two mu mujyi wa Kigali
23 January 2021, by Dusingizimana RemyAbaturage basaga ibihumbi 20 bo mu tugari rwose two mu mujyi wa Kigali, muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Mutarama 2021, batangiye gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ishusho y’icyorezo, mu gihe imibare y’abanduye ikomeje kuzamuka ubutitsa muri uyu mujyi.
-
Cardi B afite ubwoba bwo kwicwa na Offset
17 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi w’icyamamare Belcalis Almanzar uzwi nka Cardi B, yatangaje ko afite ubwoba bukomeye ko Offset, wahoze ari umugabo we, ashobora kumugirira nabi nyuma y’uko batandukanye.
-
TikTok yongeye gukora muri Amerika
20 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTariki 18 Mutarama 2025, nyuma y’icyemezo cyafashwe n’Urukiko rw’Ikirenga muri Amerika, abakoresha urubuga rwa TikTok bagera kuri miliyoni 170, babuze serivisi zayo ku murongo.
-
U Budage bugiye guha Ukraine drones z’intambara zikoresha AI
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuU Budage bwemeye gutanga drones 4000 z’intambara zikoresha ikoranabuhanga ry’Ubwenge Bukorano (AI), mu rwego rwo kuzifashisha mu ntambara icyo gihugu gihanganyemo n’u Burusiya.
-
Perezida Kagame yamaze kugera muri RDC mu muhango wo gushyingura nyakwigendera Etienne Tshisekedi
31 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Paul Kagame yamaze kugera I Kinshasa aharabera umuhango wo gushyingura umunyapolitiki Etienne Tshisekedi,se wa perezida wa Kongo ubu Felix Tshisekedi,wapfiriye mu Bubiligi muri 2017,Kabila akanga ko umurambo we uzanwa muri Kongo ngo ashyingurwe.
Umuryango.rw
FARDC yasubiye mu mujyi wa Walikale
Ikinyoma cya Jenoside ikorerwa Abahutu mu mpamba Tshisekedi yajyanye i New York
Abadepite bagaragaje impungenge mu kongera umusoro kuri lisansi na mazutu bitumizwa
Israel yasabye imbabazi z’abasirikare batatu ba Lebanon yishe
Hatangiye igikorwa cyo gupima abaturage ibihumbi 20 mu tugari twose two mu mujyi wa Kigali
Cardi B afite ubwoba bwo kwicwa na Offset
TikTok yongeye gukora muri Amerika
U Budage bugiye guha Ukraine drones z’intambara zikoresha AI