Abashinzwe ubutabazi baravuga ko indege yari itwaye abantu 181, kuri iki Cyumweru, yaguye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Muan muri Koreya y’Epfo, igahitana byibuze abantu 122.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Koreya y’Epfo: Abantu benshi bapfiriye mu mpanuka ku Kibuga cy’Indege cya Muan
29 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Xabi Alonso yagizwe umutoza wa Real Madrid
25 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuXabi Alonso yagizwe umutoza wa Real Madrid mu gihe cy’imyaka itatu, asimbuye Carlo Ancelotti werekeje mu Ikipe y’Igihugu ya Brésil.
-
Iran: Abantu 65 bapfiriye mu myigaragambyo, abarenga 2300 barafungwa
10 January, by ISHIMWE Jean de DieuImpirimbanyi z’uburenganzira bw’ikiremwamuntu zatangaje ko imyigaragambyo imaze ibyumweru bibiri ibera muri Iran yapfiriyemo abantu 65, abarenga 2300 batabwa muri yombi.
-
Gen Muhoozi ashinja umugore wa Kizza Besigye gushaka gusenya urugo rwa Perezida Museveni
25 February 2025, by Joseph IradukundaGen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, aherutse gutangaza amagambo akomeye kuri Winnie Byanyima, umugore wa Dr. Kizza Besigye.
-
MINEDUC igiye gutangaza amanota y’abakoze ibizamini bya leta mu mashuri abanza n’icyiciro rusange
1 October 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi (Mineduc), yatangaje ko igiye gushyira ahagaragara amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya leta bisoza icyiciro cy’amashuri abanza n’icy’umwaka wa gatatu w’amashuri yisumbuye.
Mu butumwa yanyujije kuri Twitter yagize iti "Minisiteri y’Uburezi iramenyesha abanyeshuri, ababyeyi n’Abaturarwanda muri rusange ko izatangaza amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa 6 w’amashuri abanza n’uwa 3 w’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye tariki 4/10/2021 (…) -
France: Igisasu cya grenade cyatewe mu kabari gikomeretsa abasaga 10
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu barenga 10 bakomeretse, bamwe bikomeye, nyuma y’uko grenade yajugunywe mu kabari mu mujyi wa Grenoble, mu Bufaransa.
-
AFC/M23 yemeje ko yagabye igitero i Kisangani
4 February, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryagabye igitero cya drones ku kibuga cy’indege cya Bangoka, i Kisangani mu Ntara ya Tshopo mu ijoro ryo ku wa 31 Mutarama rishyira uwa 1 Gashyantare 2026.
-
U Bufaransa: Polisi yasatse icyicaro cya X, Elon Musk arahamagazwa
4 February, by Angeline MUKANGENZIPolisi yo mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa yasatse ibiro bikoreramo urubuga nkoranyambaga rwa X, ndetse nyirarwo, Elon Musk asabwa kwitaba kugira ngo abazwe bimwe mu bibazo biri mu mikorere yarwo.
-
Hansi Flick yongereye amasezerano muri FC Barcelone azageza mu 2027
22 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo kwegukana ibikombe bitatu bikinirwa muri Espagne, FC Barcelone yahise yongerera amasezerano Umutoza Mukuru, Hans-Dieter Flick akazageza mu 2027.
-
Mbappé yagannye inkiko, arishyuza PSG miliyoni 305$
18 November 2025, by ISIMBI EstellaKapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa Kylian Mbappé, yareze Paris Saint-Germain yahoze akinira ayishyuza miliyoni 305$ z’ibitarubahirijwe mu masezerano yari afitanye na yo ndetse no kumufata nabi mbere y’uko ayivamo.
Umuryango.rw
Koreya y’Epfo: Abantu benshi bapfiriye mu mpanuka ku Kibuga cy’Indege cya Muan
Xabi Alonso yagizwe umutoza wa Real Madrid
Iran: Abantu 65 bapfiriye mu myigaragambyo, abarenga 2300 barafungwa
Gen Muhoozi ashinja umugore wa Kizza Besigye gushaka gusenya urugo rwa Perezida Museveni
MINEDUC igiye gutangaza amanota y’abakoze ibizamini bya leta mu mashuri abanza n’icyiciro rusange
France: Igisasu cya grenade cyatewe mu kabari gikomeretsa abasaga 10
AFC/M23 yemeje ko yagabye igitero i Kisangani
U Bufaransa: Polisi yasatse icyicaro cya X, Elon Musk arahamagazwa
Hansi Flick yongereye amasezerano muri FC Barcelone azageza mu 2027
Mbappé yagannye inkiko, arishyuza PSG miliyoni 305$