Igisirikare cya Israel cyasabye Abanye-Palestine baba muri Gaza kuva muri aka gace vuba bishoboka, kuko giteganya kuhagaba ibitero simusiga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Israel yasabye abaturage kuva muri Gaza vuba na bwangu mbere y’igitero simusiga
9 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Isiraheli yongeye kugaba ibitero muri Libani
9 December 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Isiraheli zagabye ibitero by’indege mu Majyepfo ya Libani bisenya ibikorwa remezo n’amazu nkuko ibitanganzamakuru bya Leta ya Libani byabitangaje.
-
Muhoza Eric yegukanye umudali muri Shampiyona Nyafurika y’Amagare ya 2024
13 October 2024, by Joseph IradukundaIkipe y’Igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare (Team Rwanda), yegukanye undi mudali w’umuringa watwawe na Muhoza Eric muri Shampiyona Nyafurika y’Amagare ya 2024 yaberaga muri Kenya ku nshuro ya 20.
-
Inyigisho ya Gen Muhoozi kuri ba Ofisiye ba RDF
22 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye ingabo za Afurika guhangana n’imbogamizi zibangamira ubufatanye bwa gisirikare, abugaragaza nk’ingenzi cyane mu kubungabunga umutekano w’akarere no guteza imbere ubumwe bw’Umugabane wa Afurika.
-
Tshisekedi na Blinken baneguye u Rwanda
28 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatanu zashimiye Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zimubwira ko zishyigikiye kuba u Ingabo z’u Rwanda zava mu birindiro zivuga ko RDF ifite mu burasirazuba bwa Congo
-
U Bushinwa bwashinje Amerika kubugabaho ibitero by’ikoranabuhanga
20 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Umutekano w’Imbere mu gihugu mu Bushinwa yashinje Ikigo cy’Umutekano cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika [National Security Agency – NSA], kugaba ibitero by’ikoranabuhanga by’igihe kirekire ku Kigo cy’Igihugu kigenga kandi kikanagenzura ibihe mu Bushinwa [National Time Service Centre – NTSC].
-
Umugore wa Kabila yashinje ingabo za RDC kurya inka ze
23 April 2025, by Joseph IradukundaAbasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo boherejwe mu rwuri rw’inka za Joseph Kabila mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Mata 2025, barashinjwa gusahura imitungo bahasanze.
-
MONUSCO yahaye FARDC imyitozo yizeye ko izabafasha kwirukansa M23
3 November 2024, by Joseph IradukundaIngabo za Loni ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zahaye imyitozo ityaye ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hagamijwe kwirukana umutwe wa M23 mu bice ugenzura.
-
Minisitiri Dr. Mugenzi yasabye abanyamadini gushyira imbere ubumwe bw’Abanyarwanda, bakirinda amacakubiri
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr. Patrice Mugenzi, yasabye abanyamadini kugendera kure ibikorwa ibyo ari byo byose by’ivangura, ndetse bakisuzuma bakiha intego yo kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda.
-
Moïse Katumbi ni muntu ki? Kuki yangiwe gusubira muri Kongo kuba kandida –Perezida?
3 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyemari Moïse Katumbi wifuzaga gusubira mu gihugu kavukire cye Repubulika Iharanira Demukasi ya Kongo ngo atange kandidatire mu matora ya Perezida yangiwe kwinjira muri iki gihugu.
Umuryango.rw
Israel yasabye abaturage kuva muri Gaza vuba na bwangu mbere y’igitero simusiga
Isiraheli yongeye kugaba ibitero muri Libani
Muhoza Eric yegukanye umudali muri Shampiyona Nyafurika y’Amagare ya 2024
Inyigisho ya Gen Muhoozi kuri ba Ofisiye ba RDF
Tshisekedi na Blinken baneguye u Rwanda
U Bushinwa bwashinje Amerika kubugabaho ibitero by’ikoranabuhanga
Umugore wa Kabila yashinje ingabo za RDC kurya inka ze
MONUSCO yahaye FARDC imyitozo yizeye ko izabafasha kwirukansa M23
Minisitiri Dr. Mugenzi yasabye abanyamadini gushyira imbere ubumwe bw’Abanyarwanda, bakirinda amacakubiri