Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri,tariki ya 21 Werurwe 2023, nibwo hagaragaye ko urusengero nkomatanyo byagaragaye ko rwibwe n’abajura.
Uru rusengero rugizwe n’inyubako imwe ikorerwamo n’amatorero atatu(3) ya Restoration Church, itorero rya Anglican,na Zion temple aho bagenda bahana amasaha yo guterana .
Hakizimana Pacifique,umuyobozi w’itorero rya Evangilic restoration church Rubengera, niwe mushumba twahasanze muri batatu basengera aha.
Aganira n’Umuryango.rw yagize ati: "Mu gitondo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Karongi: Abajura bibye urusengero bararweza
21 March 2023 -
Uko isi yiriwe tariki 22 Gicurasi 2018 [AMAFOTO]
22 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 22 Gicurasi harimo ko Diane Rwigara na nyina bongeye kugezwa imbere y’ urukiko bagataha bataburanye, mu mahanga ya kure Perezida Trump ashobora guhura na Mugenzi we Kim Jong un bishobora kutaba mu kwezi gutaha nk’ uko biteganyijwe. Nanone mu Rwanda mu karere ka Muhanga inka 20 muzahawe abaturage zimaze gupfa mu byumweru bitatu. Inkuru idasanzwe imbwa yiyemeje kurera imiswi y’ imfubyi.
-
Offset watandukanye na Cardi B yemeje ko atazashaka undi mugore
28 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi w’Umunyamerika, Offset, uzwi cyane mu itsinda rya Migos, yatangaje ko atazigera yongera gushaka und mugore, avuga ko ibyo yanyuzemo bihagije kandi atabikeneye ukundi.
-
Amagare:Abanyarwanda bari mu bitwaye neza mu gace ka gatatu kegukanywe n’Ababiligi
24 October 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatatu, hakinwe agace ka gatatu k’isiganwa ry’Amagare yo mu musozi ’Rwanda Epic 2024’, Abanyarwanda Munyaneza Didier uri gufatanya na Banzi Bukhari baba aba kabiri mu bagabo mu gihe Muhoza Eric na Nirere Xaverine mu bakina bavanze babaye aba mbere.
-
FARDC irigamba kongera kugenzura Uvira
20 January, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko cyongeye kugenzura umujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko AFC/M23 yari imaze igihe iwugenzura ifashe icyemezo cyo kuwuvamo.
-
AS Kigali yongeye gutsinda APR FC yegukana igikombe cy’Amahoro 2022
28 June 2022, by Dusingizimana RemyIkipe ya AS Kigali yegukanye igikombe cy’amahoro ku nshuro ya kane(2001,2013,2019 &2022) mu mateka yayo nyuma yo gutsinda APR FC igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade ya Kigali I Nyamirambo.
Iki gikombe cyaherukaga kuba muri 2019, nabwo gitwawe na AS Kigali yatsinze Kiyovu Sports ibitego 2-1.
Mbere y’uyu mukino,APR FC yari imaze imyaka 3 itabasha gutsinda AS Kigali kuko no mu mukino baherukaga guhura muri shampiyona AS Kigali yabatsinze ibitego 2-0.
Iyi kipe y’ingabo (…) -
HEC yatesheje agaciro impamyabumenyi za AIU yahaye PhD Dr.Igabe wafunzwe na RIB
10 January 2022, by Dusingizimana RemyIkigo gishinzwe Amashuli Makuru na Kaminuza mu Rwanda [HEC] ari na cyo gishinzwe kureba umwimerere wa dipolome za Kaminuza ziva hanze cyemeje ko impamyabumenyi zitangwa na Atlantic International University nta gaciro zifite kuko iyi kaminuza itemewe n’ikigo cyo muri USA gishinzwe kwemeza kaminuza zitanga amasomo yo ku rwego rwo hejuru.
Ibi HEC yabitangaje nyuma y’itabwa muri yombi ry’uwitwa Dr Egide Igabe ushinjwa inyandiko mpimbano ya PhD.
HEC yavuze ko nubwo hari abo yahaye (…) -
Uko Isi yiriwe tariki 1 Kamena 2018 [AMAFOTO]
1 June 2018, by Nsanzimana ErnestMu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 1 Kamena 2018, muri Espagne Minisitiri w’ Intebe yatakarijwe icyizere, mu Rwanda Bernard Makuza yakiriye ambasaderi wa Ethiopia, mu karere ingagi zo mu birunga zariyongere. Uganda guha umwana wo ku muhanda bigiye kugirwa icyaha.
-
U Rwanda rwemeye kwishyurira imisoro ibigo bishobora kugirwaho ingaruka no kuvanwa muri AGOA
11 June 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko izishyurira imisoro abacuruzi b’Abanyarwanda bashobora kuzagirwaho ingaruka n’umwanzuro wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wo kurukura muri gahunda yo kwinjiza ibicuruzwa bimwe na bimwe ku isoko ry’icyo gihugu bitatswe umusoro, AGOA.
-
Intsinzi y’Amavubi yatumye AbanyaKigali bava muri Guma mu rugo birara mu mihanda kubera ibyishimo [Amafoto]
27 January 2021, by Dusingizimana RemyAbanyarwanda batuye mu mujyi wa Kigali bataherukaga gushimishwa n’Amavubi,bakozwe ku mutima n’ukuntu yatsinze Togo ibitego 3-2 niko kwirara mu mihanda mu kivunge bishimira intsinzi bashyira ubuzima bwabo mu kaga.
Umuryango.rw
Karongi: Abajura bibye urusengero bararweza
Offset watandukanye na Cardi B yemeje ko atazashaka undi mugore
Amagare:Abanyarwanda bari mu bitwaye neza mu gace ka gatatu kegukanywe n’Ababiligi
FARDC irigamba kongera kugenzura Uvira
AS Kigali yongeye gutsinda APR FC yegukana igikombe cy’Amahoro 2022
HEC yatesheje agaciro impamyabumenyi za AIU yahaye PhD Dr.Igabe wafunzwe na RIB