Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka CHADEMA, Tundu Lissu, yaburiwe irengero nyuma y’uko avanywe muri gereza yari afungiyemo i Dar es Salaam akekwaho ibyaha by’ubugambanyi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Tundu Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania yaburiwe irengero
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
U Burundi bwashinje Somalia kubugambanira mu butumwa bw’amahoro
30 December 2024, by Joseph IradukundaU Burundi bwagaragaje ko Leta ya Somalia yabugambaniye ubwo yangaga ko bugumisha ingabo 2000 mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (ATMIS).
-
U Bubiligi buri gusabira u Rwanda ‘ibihano bikakaye’
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Bubiligi yatangaje ko iri gukora iyo bwabaga isabira u Rwanda ibihano bikakaye, nyuma yo kurushinja gutera Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Maxime Prévot, ubwo yari imbere y’abagize Inteko Ishinga Amategeko.
Uyu yasabye ko u Rwanda ruhagarikirwa inkunga, mu kwerekana ko u Bubiligi butishimiye ibibera mu burasirazuba bwa RDC.
Umukuru wa Dipolomasi y’u Bubiligi yibukije ko iki gihugu gihagaze ku kuba u Rwanda ari (…) -
Polisi y’u Rwanda yahwituye Abanyarwanda bashyize ubuzima bwabo mu kaga bakirara mu mihanda bishimira intsinzi y’Amavubi
27 January 2021, by Dusingizimana RemyPolisi y’igihugu yanenze bamwe mu Banyarwanda baraye bashyize ubuzima bwabo mu kaga bajya kwishimira intsinzi ikipe y’igihugu “Amavubi” yaraye ikuye kuri Togo mu itsinda C ryo gushaka itike yo kwerekeza muri ¼ cy’irangiza cya CHAN 2020.
-
Amagare: U Rwanda rwatwaye imidali ibiri ya zahabu mu mikino nyafurika
13 February 2023, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa ku magare ikomeje gukora amateka mu marushanwa nyafurika yo gusiganwa ku magare kuko mu batarengeje imyaka 23 yatwaye imidali ya zahabu mu bahungu n’abakobwa.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Gashyantare 2023,u Rwanda rwatwaye umudali wa zahabu rubifashijwemo na Uhiriwe Byiza Renus mu batarengeje imyaka 23.
Uyu yatsinze umunya Eritrea wamukurikiye ndetse n’umunya Algeria wabaye uwa gatatu.
Ku cyumweru nabwo,Umunyarwandakazi Ingabire Diane (…) -
M23 yemeje ko Gén Omega wa FDLR atakiriho
27 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 wemeje ko Gén. Ntawunguka Pacifique Alias Omega wahoze ari Umuyobozi w’igisirikare cy’umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda (FDLR-FOCA) atakiriho.
-
Bigoranye, Liverpool yatsinze Atletico Madrid muri UEFA Champions League
18 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImikino y’Umunsi wa mbere wa UEFA Champions League wakinwe mu Ijoro wo ku wa Gatatu tariki 17 Nzeri 2025, yasize Liverpool itsinze Atletico Madrid ibitego 3-2 naho PSG inyagira Atlanta ibitego 4-0.
-
Abimukira 12 barimo umugore utwite baguye mu Nyanja bagerageza kwinjira mu Bwongereza
4 September 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa kabiri tariki ya 3 Nzeri 2024,Ubwato buto bivugwa ko bwari bwikoreye abantu basaga 60 bwaremerewe bugwa mu Nyanja ubwo bwageragezaga kwambuga buva mu Bufaransa bwerekeza mu Bwongereza mu buryo bunyuranije n’amategeko.
-
Abamotari bahimbye izina ritangaje tariki ya 01 Kamena 2020 bazemererwaho gukomeza akazi
27 May 2020, by Dusingizimana RemyAbamotari bo mu Mujyi wa Kigali bagaragaje inyota ikomeye bafitiye kongera kugaruka mu kazi kabatunze kagatunga n’imiryango yabo aho umunsi wa tariki ya 01 Kamena 2020 bawise "save the Date."
-
Ambasaderi wa Palestine yaturitse ararira mu Nteko ya Loni
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi wa Palestine mu Muryango w’Abibumbye yafashwe n’ikiniga ararira ubwo yari mu Nteko ya Loni, avuga ko ibintu bikomeje kuba bibi muri Gaza.
Umuryango.rw
Tundu Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania yaburiwe irengero
U Burundi bwashinje Somalia kubugambanira mu butumwa bw’amahoro
U Bubiligi buri gusabira u Rwanda ‘ibihano bikakaye’
Amagare: U Rwanda rwatwaye imidali ibiri ya zahabu mu mikino nyafurika
M23 yemeje ko Gén Omega wa FDLR atakiriho
Bigoranye, Liverpool yatsinze Atletico Madrid muri UEFA Champions League
Abimukira 12 barimo umugore utwite baguye mu Nyanja bagerageza kwinjira mu Bwongereza
Ambasaderi wa Palestine yaturitse ararira mu Nteko ya Loni