Ikigo cy’ igihugu cy’ ubumenyi bw’ ikirere Meteo Rwanda cyatangaje ko mu mezi atatu ari imbere hateganyijwe imvura iringaniye, kivuga ko nta biza bikomoka ku mvura nyinshi bizabaho muri aya mezi atangirana na Nzeli kugeza Mu Ukuboza.
Ibi Meteo Rwanda yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki 7 Nzeli 2017, mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru.
Twahirwa Anthony ushinzwe iteganyagihe ry’ igihe kirekire n’ igihe kigufi muri Meteo Rwanda yavuze ko impamvu umuhindo y’ uyu mwaka uzagira imvura (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
"Mu mezi atatu ari imbere hateganyije imvura iringaniye"Meteo Rwanda
7 September 2017, by Nsanzimana Ernest -
MINEDUC iri kuvuguta umuti w’ikibazo cy’abanyeshuri biyahura
27 March, by Angeline MUKANGENZINyuma y’uko umunyeshuri wigaga muri RP Tumba College apfuye bikekwa ko yiyahuye, Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph yavuze ko hari gutegurwa uburyo bwo gutangiza ubujyanama mu mashuri bwunganira ibindi abanyeshuri bagenerwa mu rwego rwo gufasha abashobora kuba bafite ibibazo bijyanye n’imitekerereze.
-
DRC: Muri Masisi Haravugwa Umutwe W’Abarwanyi Bashamikiye Kuri FDLR
11 July 2025, by ISIMBI EstellaHashize iminsi mike ahitwa Mishipo muri Teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri DRC hadutse abantu babarirwa mu ijana bayobowe n’uwitwa Mudayonga bivugwa ko bakorana na FDLR kandi bitwaje intwaro n’amasasu byinshi.
-
Umupilote wo muri Denmark yaguye mu gitero cyagabwe n’u Burusiya
19 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmupilote ukomoka muri Denmark, Jepp Hansen, wari uri kwigisha ingabo za Ukraine gutwara indege zo mu bwoko bwa F-16, yishwe n’igisasu cyatewe n’u Burusiya mu mujyi wa Krivoy Rog.
-
FARDC yisunze FDLR mu rugamba rwo kwambura Twirwaneho agace ka Point-Zéro
30 January, by Angeline MUKANGENZIIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, iz’u Burundi n’imitwe ya Wazalendo byisubije agace ka Point-Zéro mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kwifashisha drones nyinshi mu rugamba byahanganyemo n’umutwe wa MRDP-Twirwaneho.
-
Visi Perezida wa Philippines yegujwe
6 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko ya Philippines yakuye mu nshingano Visi Perezida Sara Duterte ku wa Gatatu, nyuma y’ibirego birimo gushaka kwica Perezida Ferdinand Marcos Jr., ruswa ikabije no kudakomeza kurwanya ibikorwa by’Ubushinwa mu nyanja ya South China Sea.
-
Ikipe ya Benin yareze u Rwanda gukinisha umukinnyi utemewe
29 March 2023, by Dusingizimana RemyIkipe y’Igihugu ya Bénin yareze u Rwanda mu Mpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, ivuga ko rwakinishije Muhire Kevin kandi afite amakarita abiri y’umuhondo.
Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Bénin, Grenit Rohr,niwe wahamije ko Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane wa Afurika, CAF, ikwiye gukoresha ubutabera igahana u Rwanda rwakinishije umukinnyi wari wujuje amakarita abiri y’umuhondo.
Amakarita Muhire Kevin ashinjwa yayabonye ku mikino ibanza ya Sénégal na (…) -
Cassie yatakambiye urukiko, ubushinjacyaha bumusabira imyaka 11: Ibivugwa mu rubanza rwa Diddy
1 October 2025, by ISIMBI EstellaCassie Ventura wahoze ari umukunzi wa Diddy wari uri n’imbere mu batumye atabwa muri yombi, yandikiye urukiko agaragaza ko ibyo uyu mugabo yamukoreye na n’ubu bikimeze nk’inzozi mbi kuri we, naho ubushinjacyaha bwo busaba ko nibura yakatirwa imyaka itari munsi ya 11.
-
Ibyo wamenya ku bihembo by’abahize abandi mu magare bizatangirwa i Kigali
13 November 2025, by ISIMBI EstellaTariki ya 29 Ugushyingo 2025, u Rwanda ruzandika amateka yo kwakira ku nshuro ya mbere itangwa ry’ibihembo bya “Africa Cycling Excellence Awards 2025” bizabera muri Zaria Court.
-
Igitekerezo cyanjye kizazahura umubano w’u Rwanda na RDC- Perezida Lourenço
25 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Angola, João Lourenço, yagaragaje ko afite icyizere cyo kuba amahoro n’umutekano byagaruka mu buryo burambye mu karere k’ibiyaga bigari, umubano w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na wo ukazahuka hashingiwe ku gitekerezo yatanze.
Umuryango.rw
MINEDUC iri kuvuguta umuti w’ikibazo cy’abanyeshuri biyahura
DRC: Muri Masisi Haravugwa Umutwe W’Abarwanyi Bashamikiye Kuri FDLR
Umupilote wo muri Denmark yaguye mu gitero cyagabwe n’u Burusiya
FARDC yisunze FDLR mu rugamba rwo kwambura Twirwaneho agace ka Point-Zéro
Visi Perezida wa Philippines yegujwe
Ikipe ya Benin yareze u Rwanda gukinisha umukinnyi utemewe
Cassie yatakambiye urukiko, ubushinjacyaha bumusabira imyaka 11: Ibivugwa mu rubanza rwa Diddy
Ibyo wamenya ku bihembo by’abahize abandi mu magare bizatangirwa i Kigali
Igitekerezo cyanjye kizazahura umubano w’u Rwanda na RDC- Perezida Lourenço