Chancellor w’u Budage, Friedrich Merz, yagereranyije Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin na Adolf Hitler wakoze ibyaha byinshi birimo na Jenoside yakorewe Abayahudi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Chancelier w’u Budage yagereranyije Putin na Hitler
15 December 2025, by ISIMBI Estella -
Arteta yageretse gutsindwa na Newcastle ku bwoko bw’umupira bakinnye
8 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yavuze ko umupira bakinnye ku wa Kabiri bahura na Newcastle United, wazamukaga mu kirere byihuse ndetse ari wo watumye ikipe ye itsindwa.
-
Top7, abaperezida bato mu myaka kurenza abandi bose muri afurika.
19 March 2025, by ISIMBI EstellaNi inshuro nyinshi umugabane wa afurika ushinjwa kugira abaperezida bakuze cyane ndetse barambye ku butegetsi ariko ku rundi ruhande wavugako ibyo ari ibya afurika yo mu myaka 50 ishize kuko uyu munsi bimwe mu bihugu bya afurika biyobowe n’abaperezida bakiri mu myaka y’urubyiruko ndetse rwose bakiri bato cyane. Muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe abaperezida 7 bato mu myaka kurenza abandi bose hano ku mugabane wa afurika , bamwe muri aba ba perezida bagiye babfata intebe ya kiyobozi (…)
-
Ukraine: Abafite uburwayi bwo mu mutwe bari kwinjizwa mu gisirikare
3 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Ukraine cyatangiye kwakira abantu bafite uburwayi bwo mu mutwe (Paranoid Schizophrenia) kubera umubare w’abinjira mu gisirikare cy’iki gihugu ukomeje kugabanyuka.
-
Ndashaka ko inyigisho duhabwa zijyana n’intego-Perezida Kagame
9 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida Kagame yasabye abayobozi batandukanye n’abanyarwanda muri rusange kutigira ubusa ahubwo bakwiriye guharanira ko inyigisho bahabwa zibafasha kugera ku ntego biyemeje.
-
Abahawe inshingano nshya bashimiye Perezida Kagame
17 July 2025, by Joseph IradukundaInama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyize abayobozi mu myanya itandukanye. Abahawe inshingano bashimiye Umukuru w’Igihugu wabahaye inshingano nshya.
-
Mozambique: Ubushinjacyaha bwinjiye mu iperereza ku buriganya mu matora
7 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha bwa Mozambique bwatangaje ko bwinjiye mu iperereza ku kirego cyatanzwe n’ishyaka Podemos ritavuga rumwe na Leta, ryagaragaje ko amatora aherutse yabayemo uburiganya.
-
Tel Aviv: Igitero gisa nk’iterabwoba cyakomerekeje 35 mu gace Mossad ikoreramo
27 October 2024, by Joseph IradukundaKuri iki Cyumweru, itariki, 27 Ukwakira 2024, ikamyo yagonze ahahagarara bus ahitwa Glilot i Tel Aviv, mu gace karimo icyicaro gikuru cya Mossad hamwe n’inzego nyinshi z’ubutasi z’Igisirikare cya Israel, IDF.
-
Umuntu wa munani urwaye CORONAVIRUS mu Rwanda yabonetse ku kibuga cy’indege
17 March 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki 17 Werurwe 2020 mu Rwanda hagaragaye umuntu wa 8 urwaye icyorezo cya COVID- 19 giterwa na Coronavirus.
Nkuko Minisiteri y’Ubuzima yabitangaje, uyu wagaragayeho Coronavirus n’Umurundi w’imyaka 35 wanyuze i Kigali avuye i Dubai yerekeza i Bujumbura.
Ageze ku kibuga cy’indege i Kanombe babonye afite ibimenyetso, baramupima basanga afite Covid-19
Kuba nyuma y’iminsi ine Coronavirus igeze mu Rwanda abamaze kuyandura bageze ku munani, bishobora gutuma ibyumweru (…) -
Rayon Sports yabonye arenga Miliyoni 50 Frw mbere y’umukino na APR FC
6 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Rayon Sports yatangarije itangazamakuru n’abanyarwanda muri rusange ko bageze kure imyiteguro y’umukino ukomeye bafitanye na mukeba APR FC, aho kimwe mu byo bishimira ari amafaranga bakuye mu baterankunga b’uyu mukino.
Umuryango.rw
Chancelier w’u Budage yagereranyije Putin na Hitler
Arteta yageretse gutsindwa na Newcastle ku bwoko bw’umupira bakinnye
Top7, abaperezida bato mu myaka kurenza abandi bose muri afurika.
Ukraine: Abafite uburwayi bwo mu mutwe bari kwinjizwa mu gisirikare
Abahawe inshingano nshya bashimiye Perezida Kagame
Mozambique: Ubushinjacyaha bwinjiye mu iperereza ku buriganya mu matora
Tel Aviv: Igitero gisa nk’iterabwoba cyakomerekeje 35 mu gace Mossad ikoreramo
Rayon Sports yabonye arenga Miliyoni 50 Frw mbere y’umukino na APR FC