Ambasaderi w’u Rwanda muri Nigeria, Bazivamo Christophe, yavuze ko Amavubi afite icyizere cyo gutsinda Nigeria mu mukino w’ishiraniro, nubwo umukino ubera mu mujyi udatuwemo n’Abanyarwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amb. Bazivamo yateye Amavubi akanyabugabo
18 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Urwiyererutso rwa Thisekedi, indi ntambara ku Rwanda
13 October 2025, by ISIMBI EstellaMu migambi yo kugirira nabi u Rwanda yose yagiye icurwa na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), birasa nk’aho uwo kurusebya mu ruhando mpuzamahanga ari wo ukomeje kugera ku ntego kuko hari abagura ibinyoma n’ikinamico rikinirwa kurangaza abaturage bari mu buretwa bw’imiyoborere mibi n’amahanga yifitiye izindi nyungu mu mwiryane w’Abanyafurika.
-
Trump yavuze ko Amerika idakwiriye gukora amatora, White House ibyita amashyengo
16 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida Donald Trump yatangaje ko ashingiye ku byiza ubutegetsi bwe bumeza gukora muri manda ye ya kabiri, asanga amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko ateganyijwe mu Ugushyingo 2026 atari ngombwa.
-
LeBron James w’imyaka 40 ngo yiteguye gukomeza gukina indi myaka agifite imbaraga
31 December 2024, by Joseph IradukundaLeBron James uheruka kuzuza imyaka 40 y’amavuko yatangaje ko yumva agifite imbaraga zo gukomeza gukina ku rwego rwo hejuru mu gihe cy’imyaka itanu cyangwa irindwi.
-
RGB yemeje ko Munyakazi Sadate ariwe wemerewe guhagararira Rayon Sports mu mategeko
30 May 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Imiyoborere mu Rwanda [RGB] rwatangaje ko umuyobozi wa Rayon Sports ari Munyakazi Sadate ndetse ko ariwe uyihagarariye mu mategeko aho kuba Ngarambe Charles uhagarariye Umuryango wa Rayon Sports [Rayon Sports Association].
-
Korea y’Epfo: Abadepite batangiye inzira yo kweguza Perezida Yoon Suk Yeol
4 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbadepite bo muri Koreya y’Epfo batangiye inzira yo kweguza Perezida Yoon Suk Yeol nyuma yo kuburizamo icyemezo cye cyo gutangaza ibihe bidasanzwe mu gihugu.
-
Abarenga 40 bapfiriye mu bwato bwibasiwe n’inkongi y’umuriro
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango w’Abibumbye ishami rishinzwe abinjira n’abasohoka (IOM) muri Haiti, wavuze ko byibuze Abanyahayiti 40 bapfiriye mu nyanja abandi benshi barakomereka nyuma yuko ubwato bwabo bwafashwe n’inkongi y’umuriro.
-
RIB yaburiye abatanga impano z’indabo zirimo inote mu bihe bya ‘Saint Valentin’
4 February, by Angeline MUKANGENZIMu gihe abantu banyuranye bari mu myiteguro y’umunsi wahariwe abakundana ‘St Valentin’ Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rwuburiye abahana impano z’indabo zirimo inote (amafaranga) ko bigize icyaha.
-
Mu minsi 6 gusa, indirimbo "Best Friend" ya Bwiza yujuje Miliyoni y’abamaze kuyireba kuri Youtube
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuTariki ya 19 Ugushyingo 2024, nibwo umuhanzikazi Bwiza Emmeramce uri mubagezweho yahuje imbaraga na Mugisha Benjamin (The Ben) maze basohora amashusho y’indirimbo bise "Best Friend" kuva uwo munsi ikundwa cyane, ku buryo byatwaye iminsi 6 gusa ngo yuzuze miliyoni irenga y’abamaze kuyireba ku rubuga rwa YouTube.
-
Papa Francis yahaye inshingano zikomeye Kardinali Kambanda
18 December 2020, by Dusingizimana RemyNyirubutungane Papa Francis yagize Arikiyepisikopi wa Kigali, Karidinali Antoine Kambanda umwe mu bashinzwe iyogezabutumwa muri Kiliziya Gatolika ku Isi yose nyuma y’iminsi mike amugize Karidinali.
Papa Francis yashyize Cardinal Kambanda, mu bagize congrégation ishinzwe iyogezabutumwa muri Kiliziya Gatolika ku Isi. Iyi mirimo azakomeza kuyikora atavuye mu Rwanda, azajya ajya i Roma rimwe na rimwe.
“Congrégation” y’iyogezabutumwa muri Kiliziya Gatolika, yashyizweho na Papa Gregory XV (…)
Umuryango.rw
Amb. Bazivamo yateye Amavubi akanyabugabo
Urwiyererutso rwa Thisekedi, indi ntambara ku Rwanda
Trump yavuze ko Amerika idakwiriye gukora amatora, White House ibyita amashyengo
LeBron James w’imyaka 40 ngo yiteguye gukomeza gukina indi myaka agifite imbaraga
Korea y’Epfo: Abadepite batangiye inzira yo kweguza Perezida Yoon Suk Yeol
Abarenga 40 bapfiriye mu bwato bwibasiwe n’inkongi y’umuriro
RIB yaburiye abatanga impano z’indabo zirimo inote mu bihe bya ‘Saint Valentin’
Mu minsi 6 gusa, indirimbo "Best Friend" ya Bwiza yujuje Miliyoni y’abamaze kuyireba kuri Youtube