Perezida wa Repubulika Paul Kagame uri mu Misiri aho yitabiriye inama yiga ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe, kuri iki cyumweru yabonanye na mugenzi we wa Kenya, Dr. William Ruto.
Nk’uko bitangazwa n’ibiro bya Perezida Kagame, abakuru b’ibihugu byombi baganiriye ku mubano uzira amakemwa hagati ya Kenya n’u Rwanda ndetse nuko warushaho gutera imbere.
Amakuru yizewe agaragaza ko Perezida Kagame na Perezida Ruto banagarutse ku bibazo by’umutekano mu karere ka Africa y’ iburasirazuba (EAC) (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye na William Ruto bahuriye mu Misiri
6 November 2022, by Dusingizimana Remy -
Amerika ishaka ko intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya irangira muri Kamena 2026
7 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifuza ko intambara ibahuza n’u Burusiya igomba kurangira bitarenze muri Kamena 2026.
-
Ukekwaho kwiba indirimbo za Beyoncé zitarajya hanze yafashwe
17 September 2025, by ISIMBI EstellaPolisi yo mu Mujyi wa Atlanta muri Leta ya Georgia yatangaje ko yafashe Kelvin Evans, ukurikiranyweho kwiba ‘hard drives’ zari ziriho indirimbo z’umuhanzi Beyoncé ariko zitarajya hanze.
-
Umunya-Somalia wakekwagaho ibyaha byo gufata ku ngufu, yafatiwe mu Rwanda
20 October 2025, by ISIMBI EstellaInzego z’ubuyobozi muri Somalia zifatanyije na Interpol zafashe Jama Abdi Mohamud, wahoze ari Umuyobozi w’ibitaro bya Qardho. Yafatiwe mu Rwanda asubizwa mu gihugu cye kugira ngo akurikiranywe kubyaha byo gufata ku ngufu no gukorera abandi ibikorwa by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
-
Perezida Kagame yakiriye umuyobozi w’umuryango wa Francine LeFrak
21 March, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari kumwe na Madamu we Jeannette Kagame, bakiriye ku meza Francine LeFrak, Perezida akaba n’uwashinze Umuryango Francine LeFrak Foundation.
-
Chelsea yakoze amateka yegukana Igikombe cya UEFA Conference League
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Chelsea yo mu Bwongereza yegukanye Igikombe cya UEFA Conference League itsinze Real Betis yo muri Espagne ibitego 4-1 ku mukino wa nyuma wabaye kuri uyu wa Gatatu, ikora amateka yo kuba ikipe ya mbere itwaye ibikombe mu marushanwa yose uko ari ane akinirwa i Burayi.
-
U Bushinwa buri kwitambika abakandida b’Abanyamerika ku buyobozi bwa MONUSCO
15 January, by Angeline MUKANGENZIU Bushinwa buri kwitambika abakandida b’Abanyamerika ku buyobozi bw’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO).
-
Ubukungu bwa Ukraine mu mazi abira, ishobora kunanirwa kwishyura amadeni
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUkraine ishobora kunanirwa kwishyura ideni rya miliyoni 665$ muri miliyari 2,6$ ifitiye ibigo mpuzamahanga, nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Imari.
-
Umu- Dj wabaye Perezida! Byinshi kuri Andry Rajoelina wavanywe ku butegetsi muri Madagascar
15 October 2025, by ISIMBI EstellaMu mateka ya politiki ya Madagascar, hari abantu bake bagaragaje impinduka nk’uko Andry Rajoelina yabikoze. Uyu mugabo, wabaye Perezida inshuro eshatu, yatangiriye ubuzima bwe nk’umu-DJ mu mujyi wa Antsirabe, mbere yo kwinjira mu ruhando rwa politiki no kuzamuka ku butegetsi mu buryo budasanzwe.
-
Ibyo kwitega mu gihe uhisemo kongera kubana n’uwo mwashakanye mwari mwarahanye ‘divorce’
8 February, by Angeline MUKANGENZIImibare y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu mwaka wa 2023, mu Rwanda imiryango 3.213 yatse gatanya ivuye ku miryango 21 mu 2016. Abo byabayeho bazi neza ko nta kintu kibabaza nko gutandukana n’uwo wakundaga by’umwihariko mwanabanye nk’umugabo n’umugore. Ariko se bibaye ngombwa, gusubirana na we byaba ari igitekerezo cyiza?
Umuryango.rw
Perezida Kagame yaganiriye na William Ruto bahuriye mu Misiri
Amerika ishaka ko intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya irangira muri Kamena 2026
Ukekwaho kwiba indirimbo za Beyoncé zitarajya hanze yafashwe
Umunya-Somalia wakekwagaho ibyaha byo gufata ku ngufu, yafatiwe mu Rwanda
Perezida Kagame yakiriye umuyobozi w’umuryango wa Francine LeFrak
Chelsea yakoze amateka yegukana Igikombe cya UEFA Conference League
U Bushinwa buri kwitambika abakandida b’Abanyamerika ku buyobozi bwa MONUSCO
Ubukungu bwa Ukraine mu mazi abira, ishobora kunanirwa kwishyura amadeni
Umu- Dj wabaye Perezida! Byinshi kuri Andry Rajoelina wavanywe ku butegetsi muri Madagascar