Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruzakomeza kugira uruhare mu kubungabunga umutekano yaba mu karere ndetse no mu Mugabane wa Afurika.
Ibi yabivuze kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ugushyingo 2022 ubwo yagezaga ijambo ku bagize Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA) bamaze iminsi bari gukorera imirimo yabo mu Rwanda.
Perezida Kagame yagize ati " U Rwanda rwiteguye gukomeza gutanga umusanzu mu guharanira umutekano n’amahoro yaba mu karere ndetse (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
"U Rwanda ruzakomeza kubungabunga amahoro muri EAC"-Perezida Kagame
1 November 2022, by Dusingizimana Remy -
Menya igisobanuro cy’umutako w’igiti cya noheri ( ikirugu ) n’ umuntu wagishyize mu nzu ye bwa mbere
25 December 2017, by Nsanzimana ErnestMu bihugu bitandukanye by’isi abantu baritegura umunsi mukuru w’ivuka rya Yesu ( Noheri ) . Biramenyerewe ko mu minsi nkiyi abantu baba bagura ibiti bihenze bagamije kubitaka mu mazu yabo , mu biro ndetse n’ahandi hose hahurirwa n’abantu benshi ariko kandi hari n’ababa badafite amikoro ahagije bahitamo gushaka aho katema ibiti bya sipure kugirango babyifashishe mu kubaka ikurugu ( Christmas Tree ).
Mu kinyejana cya 16 igiti cya sipure gitoshye cyamenyekanye nk’igiti cya Noheli, (…) -
Bruce Melodie yagaragaje uko izina rya Perezida Kagame ryatumye umuziki we wamamara
6 February, by Angeline MUKANGENZIBruce Melodie uri mu batanze ikiganiro mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano, yashimiye Perezida Kagame wubatse izina ryiza ku Isi hose, ibituma aho Umunyarwanda ageze hose aterwa ishema no guturuka mu Rwanda ayobora.
-
M23 yerekanye izindi ntwaro yambuye FARDC
13 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 wanyomoje amakuru yavugaga ko ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryawambuye ibice bitandukanye ugenzura muri Kivu y’Amajyaruguru.
-
Yamaze iminsi 130 yarashyizwemo impyiko y’ingurube
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore w’imyaka 53, Towana Looney, yaciye agahigo ko kuba umuntu wa mbere umaranye igihe kinini urugingo rw’ingurube, aho yamaranye impyiko y’ingurube amezi ane nta kuyungururwa amaraso akeneye.
-
Amerika: Abacamanza bategetse White House gusubiza mu kazi abakozi birukanwe
14 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, itariki 13 Werurwe, abacamanza babiri bategetse ubuyobozi bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, gusubiza mu kazi abakozi babarirwa mu bihumbi babuze akazi mu iyirukanwa mu kivunge ry’abakozi mu bigo byinshi bya leta.
-
Rusizi: Mu mezi atanu habonetse ibirego 14 by’ingengabitekerezo ya Jenoside
1 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko mu mezi atanu ashize muri aka Karere hamaze kuboneka ibirego 14 by’ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Kayonza: Barifuza gukorerwa umuhanda Nyawera- Gasarabwayi ukaborohereza ingendo
19 March, by ISIMBI EstellaAbatuye i Nyamugari mu isantere ya Gasarabwayi mu Murenge wa Mwiri, mu Karere ka Kayonza, basaba ubuyobozi kubakorera umuhanda ubafasha mu ngendo no mu bucuruzi buhakorerwa.
-
Umuryango FPR wasinyanye amasezerano n’Ishyaka Communist Party of China
21 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango FPR Inkotanyi wasinyanye amasezerano mashya n’Ishyaka Communist Party of China riri ku butegetsi mu Bushinwa, agamije kongera imbaraga mu mikoranire nyuma y’imyaka 20 impande zombi zifitanye umubano mwiza.
-
Ndahimana wasezeranye imbere y’ amategeko yambaye kambambili yavuze icyabimuteye
2 December 2018, by Nsanzimana ErnestAmafoto y’ umugabo n’ umugore yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda barimo gusezerana imbere y’ amategeko umugabo yambaye kambambili ni Ndahimana Narcisse w’imyaka 42 wari ufashe ku ibendera azamuye ukuboko kw’iburyo, asezerana mu mategeko n’umugore we Mutuyemariya Consilie w’imyaka 33.
Umuryango.rw
"U Rwanda ruzakomeza kubungabunga amahoro muri EAC"-Perezida Kagame
Bruce Melodie yagaragaje uko izina rya Perezida Kagame ryatumye umuziki we wamamara
M23 yerekanye izindi ntwaro yambuye FARDC
Yamaze iminsi 130 yarashyizwemo impyiko y’ingurube
Amerika: Abacamanza bategetse White House gusubiza mu kazi abakozi birukanwe
Rusizi: Mu mezi atanu habonetse ibirego 14 by’ingengabitekerezo ya Jenoside
Kayonza: Barifuza gukorerwa umuhanda Nyawera- Gasarabwayi ukaborohereza ingendo
Umuryango FPR wasinyanye amasezerano n’Ishyaka Communist Party of China