Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwishimiye imyanzuro yafatiwe mu nama y’abakuru b’ibihugu bo muri EAC na SADC, yateraniye muri Tanzania kuri uyu wa Gatandatu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rwanyuzwe n’imyanzuro y’inama hagati ya EAC na SADC
9 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Kenya yafunze ukekwaho kujyana abaturage bayo kurwanira u Burusiya
26 February, by Angeline MUKANGENZIInzego z’ubuyobozi muri Kenya, zataye muri yombi umugabo ukekwaho kohereza abanyakenya 25 kujya kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine.
-
Papa Léon XIV yabujije Abapadiri gukoresha ChatGPT bategura inyigisho za Misa
27 February, by ISIMBI EstellaUmushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Léon XIV yasabye Abapadiri kureka gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano ririmo n’irya ChatGPT igihe bategura inyigisho batanga mu Misa.
-
Thailand: Umukecuru "yazutse" ari mu isanduku habura gato ngo umurambo we utwikwe
24 November 2025, by ISIMBI EstellaUmukecuru w’imyaka 65 wo muri Thailand yatunguye abo mu muryango we bari bari mu gahinda bagiye kumushyingura, ubwo yakangukaga agakomanga ku isanduku yari arimo habura akanya gato ngo ajyanwe mu irimbi atwikwe.
-
Colonel wa Israel yishwe n’umutwe udasanzwe w’Abanya-Palestine
21 October 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cya Israel cyemeje ko cyapfushije umusirikare mukuru ufite ipeti rya Colonel akaba yishwe n’Abanya-Palestine.
-
Kurikira Final ya Europa League kuri StarTimes: Sevilla vs Inter
20 August 2020, by UbwanditsiAbakunzi ba StarTimes bazakurikirana umukino wa nyuma w’igikombe cy’Uburayi, Europa League uzahunza Inter na FC Seville kuri uyu wa gatanu taliki 21/8/2020 saa tatu z’umugoroba. Ni ibirori bidakwiye kuzagucika.
Ikiri kwibazwa ni ukumenya ikipe izegukana iki gikombe hagati ya Sevilla na Inter. Mu mateka ya Sevilla uko yageze ku mukino wa nyuma yatwaye iki gikombe.
FC Seville ntitaratakaza finale na rimwe muri Europa League, imaze kugera ku mukino wa nyuma inshuro 5 kandi izi nshuro (…) -
Abahinde bakoze imihango igaragaza Trump nk’umudayimoni
12 October 2025Mu mujyi wa Murshidabad, mu Ntara ya West Bengal mu Buhinde habereye iserukiramuco rya ‘Durga Puja’, aho hagaragayemo ishusho y’Ikigirwamana Durga kiri kurwana n’umudayimoni ufite isura isa neza na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump.
-
Umuntu wa mbere wahitanywe na Coronavirus mu Rwanda yashyinguwe mu buryo bwihariye [AMAFOTO]
1 June 2020, by Dusingizimana RemyKu isaha ya saa cyenda z’amanywa , nibwo umurambo wa Gisaka Hassan umunyarwanda wa mbere wishwe n’indwara ya Covid19 wagejejwe ku irimbi ry’i Nyamirambo aje gushyingurwa.
-
Kinshasa: Abofisiye babiri bakorana bya hafi na Gen Tshiwewe batawe muri yombi
9 July 2025, by ISIMBI EstellaInzego z’umutekano zirimo urushinzwe iperereza mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zataye muri yombi abofisiye bakuru babiri bakorana bya hafi n’umujyanama wa Perezida Félix Tshisekedi mu bikorwa by’igisirikare, Gen Christian Tshiwewe Songesha.
-
U Bufaransa bugiye guca ibicuruzwa byose byifitemo ‘nicotine’
6 September 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Bufaransa yatangaje ko igiye guca ibiribwa byose bitari itabi ariko bibonekamo ikinyabutabire cya nicotine, nyuma y’uko bigaragaye ko ibyo bicuruzwa bigira ingaruka ku bana bakiri bato, kandi umuntu ashobora kuba imbata yabyo.
Umuryango.rw
U Rwanda rwanyuzwe n’imyanzuro y’inama hagati ya EAC na SADC
Kenya yafunze ukekwaho kujyana abaturage bayo kurwanira u Burusiya
Thailand: Umukecuru "yazutse" ari mu isanduku habura gato ngo umurambo we utwikwe
Colonel wa Israel yishwe n’umutwe udasanzwe w’Abanya-Palestine
Kurikira Final ya Europa League kuri StarTimes: Sevilla vs Inter
Abahinde bakoze imihango igaragaza Trump nk’umudayimoni
Umuntu wa mbere wahitanywe na Coronavirus mu Rwanda yashyinguwe mu buryo bwihariye [AMAFOTO]
Kinshasa: Abofisiye babiri bakorana bya hafi na Gen Tshiwewe batawe muri yombi
U Bufaransa bugiye guca ibicuruzwa byose byifitemo ‘nicotine’