Imvura idasanzwe yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane mu Karere ka Kayonza, yahitanye abantu batandatu, inangiza hegitari zirenga 20 z’imyaka y’abaturage.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kayonza: Imvura idasanzwe yahitanye abantu batandatu
16 October 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Kagame yageze mu murwa Livingtsone muri Zambia [AMAFOTO]
4 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida Kagame yageze mu murwa mukuru w’ubukerarugendo wa Zambiya, Livingstone , aho yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri.
-
Umunyarwandakazi Brenda Thandi yahawe igihembo nk’ umugore w’ indashyikirwa I Burayi [AMAFOTO]
16 June 2018, by Nsanzimana ErnestPDG Brenda Thandi Mbatha Rwiyemezamirimo w’ umuherwe ufite entreprise 3 yahawe igihembo cy’umwari n’umutegarugori ukomoka muri Africa wahize abandi ku mugabane w’I Burayi.
-
Uganda: Intambara yongeye kurota hagati y’umuvandimwe wa Museveni na muramukazi wa Gen Muhoozi
19 June 2025, by ISIMBI EstellaIntambara y’amagambo yongeye kurota hagati ya Sodo Aine Kaguta, murumuna wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni na Shartsi Kutesa Musherure, bapfa umwanya mu Nteko Ishinga Amategeko.
-
Inkuru ya Akimana, Umurundi wisanze mu ntambara yo muri Ukraine nyuma yo kubeshywa buruse
10 February, by Angeline MUKANGENZIUmurundi w’imyaka 32 y’amavuko witwa Jean-Bosco Akimana yatangaje ko mu Ugushyingo 2025 yajyanywe mu Burusiya yabeshywe ko agiye kwiga muri kaminuza ku buntu, ariko ubwo yageragayo yoherezwa mu myitozo ya gisirikare no mu ntambara yo muri Ukraine.
-
FARDC ikomeje kugaba ibitero bikomeye mu bice bigenzurwa na AFC/M23
22 October 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ingabo z’iki gihugu zikomeje kugaba ibitero bikomeye mu bice rigenzura mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
Karongi: Inkuba yishe umwana w’imyaka itandatu, ababyeyi be bagwa igihumure
29 January, by ISIMBI EstellaUmwana w’imyaka itandatu wo mu Karere ka Karongi yakubiswe n’inkuba arapfa, ababyeyi be bagwa igihumure.
-
Hagaragajwe ko Amerika iri gusaba ibiganiro n’u Bushinwa
2 May 2025, by Joseph IradukundaNyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishyizeho umusoro wa 145% ku bicuruzwa bituruka mu Bushinwa, nabwo bugashyiraho uwa 125% ku bicuruzwa bituruka muri Amerika, amakuru aravuga ko icyo gihugu kiri kwifuza kwicara ku meza y’ibiganiro, kugira ngo iby’iyi ntambara y’ubukungu bishakirwe umuti.
-
U Rwanda na Amerika byaganiriye ku bufatanye mu bya gisirikare
17 August 2025, by ISIMBI EstellaUmugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yaganiriye n’Uyobora Ingabo za Amerika zikorera muri Afurika, AFRICOM, Gen Dagvin R.M. Anderson ku mubano uhuriweho w’impande zombi mu bya gisirikare n’uburyo warushaho kwagurwa.
-
Kayishema yasabye ko icyemezo cyimurira urubanza rwe mu Rwanda gikurwaho
10 September 2025, by ISIMBI EstellaKayishema Fulgence aherutse gusaba urwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpanabyaha mpuzamahanga (IRMCT) ko rwakuraho icyemezo cyimurira urubanza rwe mu Rwanda.
Umuryango.rw
Kayonza: Imvura idasanzwe yahitanye abantu batandatu
Perezida Kagame yageze mu murwa Livingtsone muri Zambia [AMAFOTO]
Uganda: Intambara yongeye kurota hagati y’umuvandimwe wa Museveni na muramukazi wa Gen Muhoozi
FARDC ikomeje kugaba ibitero bikomeye mu bice bigenzurwa na AFC/M23
Karongi: Inkuba yishe umwana w’imyaka itandatu, ababyeyi be bagwa igihumure
Hagaragajwe ko Amerika iri gusaba ibiganiro n’u Bushinwa
U Rwanda na Amerika byaganiriye ku bufatanye mu bya gisirikare
Kayishema yasabye ko icyemezo cyimurira urubanza rwe mu Rwanda gikurwaho