Abategetsi bavuze ko maneko wo ku rwego rwo hejuru wa Ukraine yishwe arashwe ku manywa y’ihangu mu murwa mukuru Kyiv.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ukraine:Maneko wo ku rwego rwo hejuru yishwe arashwe
11 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Minisitiri Biruta yatangaje impamvu Uburundi na Tanzania batitabiriye inama ya EAC
15 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr. Biruta Vincent, yavuze ko u Burundi na Tanzania batangaje impamvu batitabiriye inama y’Abakuru b’Ibihugu bigize umuryango w’Afurika y’iburasirazuba (EAC) yabaye tariki ya 12 Gicurasi 2020 yobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.
-
Autriche: Abana b’abakobwa bari munsi y’imyaka 14 babujijwe kwitandira
12 December 2025, by ISIMBI EstellaInteko Ishinga Amategeko ya Autriche yatoye ku bwiganze burunduye bw’amajwi, itegeko ribuza abana b’abakobwa bo muri Islam bari munsi y’imyaka 14, kwambara ibitambaro mu mutwe (kwitandira), ibintu abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuze ko birimo ivangura ndetse bishobora gucamo abaturage ibice.
-
COVID-19 yahitanye abandi bantu 2 handura 217 biganjemo abo mu masoko ya Kigali
24 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 2 bahitanwe na Covid-19 barimo uw’imyaka 64 n’uwa 70.Aba bantu biyongereye ku bandi 12 bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo uba abantu 14.
-
Ahakeneye imbaraga ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda bigatera imbere
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi,(MINAGRI) yagaragaje ko umwuga w’ubuhinzi n’ubworozi ukeneye gushyirwamo imbaraga cyane cyane mu bushakashatsi kugira ngo ukomeze kurangwa n’udushya tuganisha ku kubona umusaruro uhagije.
-
Abaturage barasabira ibihano bikomeye abakomeje kwibasira abarokotse Jenoside
16 December 2024, by Joseph IradukundaAbaturage bo mu Karere ka Rwamagana barasabira ibihano biremereye bamwe muri bagenzi babo bakigaragaza ingengabitekerezo ya Jenoside harimo ibikorwa byibasira abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Perezida Macron yashize amanga, asobanura inkuru y’urushyi ‘yakubiswe’ n’umugore we
27 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatanze umucyo, asobanura ko amashusho agaragaza umugore we amukora mu majigo, akamukubita urushyi rwavugishije Isi nzima yakabirijwe.
-
Kwanga kuganira na M23 ubwabyo biragaragaza ko hari ikibazo – ECC
28 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu“Ni ibisanzwe rwose (kuri Perezida Tshisekedi kuvuga ko atazigera aganira na M23). Ibi biremeza ko turi mu bihe by’amakimbirane n’ibibazo ”, uyu ni Umuvugizi w’Itorero rya Kristo muri Congo (ECC), avugana na Top Congo FM ku byerekeye itangazo riheruka ry’umukuru w’igihugu wongeye kubishimangira, imbere y’abagize umuryango we wa politiki, ko atavugana na M23, yakunze kwita “igikoresho cy’ubutegetsi bwa Kigali”.
-
U Burusiya bwagabye ibitero bikomeye kuri Ukraine
28 September 2025, by ISIMBI EstellaU Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere bikomeye byifashishije drone zigera kuri 600 na za misile muri Ukraine.
-
Musanze: Umusore yatemaguye insina z’ababyeyi be harakekwa ubusinzi
11 August 2025, by ISIMBI EstellaDusingizimana Emmanuel, w’imyaka 20 y’amavuko wo mu Mudugudu wa Cyivugiza, Akagari ka Ruyumba, Umurenge wa Nkotsi mu Karere ka Musanze, yatemaguye insina z’ababyeyi be bamuhagarika amaze gutemamo 25, harakekwa ubusinzi bukabije.
Umuryango.rw
Ukraine:Maneko wo ku rwego rwo hejuru yishwe arashwe
Autriche: Abana b’abakobwa bari munsi y’imyaka 14 babujijwe kwitandira
COVID-19 yahitanye abandi bantu 2 handura 217 biganjemo abo mu masoko ya Kigali
Ahakeneye imbaraga ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda bigatera imbere
Abaturage barasabira ibihano bikomeye abakomeje kwibasira abarokotse Jenoside
Perezida Macron yashize amanga, asobanura inkuru y’urushyi ‘yakubiswe’ n’umugore we
Kwanga kuganira na M23 ubwabyo biragaragaza ko hari ikibazo – ECC
U Burusiya bwagabye ibitero bikomeye kuri Ukraine
Musanze: Umusore yatemaguye insina z’ababyeyi be harakekwa ubusinzi