Kuri uyu wa Kabiri, itariki 5 Ugushyo 2024, mu Ntara ya Rumonge haratangira urubanza rw’ubujurire rw’abasirikare 272 b’u Burundi banze gufatanya na FARDC (Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo) mu kurwanya M23 mu burasirazuba bwa Congo. Bamwe muri bo barafashwa n’abavoka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Burundi: Urukiko rurumva ubujurire bw’Abasirikare amagana banze kujya kurwana na M23
5 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Dr Nsanzimana Sabin niwe Minisitiri w’Ubuzima mushya
28 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezidaKagame,yagize Dr Nsanzimana Sabin,Minisitiri w’Ubuzima,asimbuye Dr Ngamije Daniel,wari umaze igihe kuri uyu mwanya.
Itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w’Intebe,kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2022,rivuga ko Dr Sabin Nsanzimana yagizwe Minisitiri w’Ubuzima.
Rivuga kandi ko Dr Yvan Butera yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri MINISANTE.
Lt Col Dr Mpunga Tharcisse wari umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubuvuzi bw’ibanze, we yagizwe umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’ubuvuzi (…) -
Hamas igiye kurekura imfungwa eshatu nyuma y’amasezerano y’agahenge na Israel
19 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHamas yatangaje amazina y’abagore batatu irekura kuri iki Cyumweru cyo ku wa 19 Mutarama 2025, nyuma y’uko amasezerano y’agahenge na Israel yemejwe.
-
Kenya: Visi Perezida Gachagua yasabye urukiko guharika ibirego byo kumweguza
4 October 2024, by Joseph IradukundaVisi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua yatanze ikirego mu rukiko rukuru i Nairobi asaba guhagarika ibirego ashinjwa n’Abadepite bigamije kumweguza mu ntangiriro z’iki cyumweru.
-
Itangazo rya cyamunara ry’umutungo utimukanwa
23 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuheaha w’inkiko w’umwuga ME NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka KAMONYI
Soma itangazi rirambuye…. -
BNR yaburiye abinjira muri konti zabo za banki bakoresheje Wi-fi
11 December 2019, by Martin MunezeroBanki Nkuru y’Igihugu (BNR), irahamagarira abantu bose guhagarika kwinjira muri konti zabo za banki bakoresheje interineti itagira umugozi (Wi-Fi) itizewe (Open Wi-Fi networks), kuko bashobora guhura n’ibyago by’uko konti zabo zakwinjirwamo n’abajura.
-
M23 na FARDC bari kurwana bikomeye bava Lubero basatira Umujyi wa Butembo
3 December 2024, by Joseph IradukundaImirwano yongeye kubura muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 3 Ukuboza 2024 mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati y’ingabo za leta zishyigikiwe na Wazalendo n’inyeshyamba za M23 zishyigikiwe.
-
Amerika: Umudepite wihinduje igitsina yakumiriwe mu bwiherero bw’abagore
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mike Johnson, yafashe icyemezo cyo gukumira umudepite Sarah Elizabeth McBride mu bwiherero bw’abagore.
-
Dore ukuri nyako ku bivugwa ko umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda ko wafunzwe[AMAFOTO]
2 March 2019, by Martin MunezeroNyuma y’uko kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Gashyantare 2019 umupaka wa Gatuna wafunzwe, hari amakuru yahise acicikana ko n’uwa Cyanika wafunzwe.
-
Abakora muri serivisi z’ubuzima bagiye kwigishwa ururimi rw’amarenga
12 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuZimwe mu ngamba zafashwe na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), mu gukemura ibibazo by’abafite ubumuga, harimo no kwigisha ururimi rw’amarenga abakora muri serivisi z’Ubuzima kugira ngo babashe kwita no guha serivisi abafite ubumuga nta mbogamizi.
Umuryango.rw
Burundi: Urukiko rurumva ubujurire bw’Abasirikare amagana banze kujya kurwana na M23
Dr Nsanzimana Sabin niwe Minisitiri w’Ubuzima mushya
Hamas igiye kurekura imfungwa eshatu nyuma y’amasezerano y’agahenge na Israel
Kenya: Visi Perezida Gachagua yasabye urukiko guharika ibirego byo kumweguza
Itangazo rya cyamunara ry’umutungo utimukanwa
M23 na FARDC bari kurwana bikomeye bava Lubero basatira Umujyi wa Butembo
Amerika: Umudepite wihinduje igitsina yakumiriwe mu bwiherero bw’abagore
Abakora muri serivisi z’ubuzima bagiye kwigishwa ururimi rw’amarenga