Urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina wayoboraga MRCD n’abandi bantu 21 barimo Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara na Nsengimana Herman bari abavugizi ba FLN rwabaye uyu munsi aho Sankara yabajije umuyobozi we Rusesabagina uko yari kuyobora u Rwanda kandi ariyo yari intego ye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Sankara yabajije Rusesabagina uko yari kuzayobora u Rwanda kandi yihakana ko ari umunyarwanda
17 February 2021, by Dusingizimana Remy -
Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine yahamije ko bakeneye amasasu badakeneye amatora
19 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine, Ruslan Stefanchuk, yateye utwatsi abavuga ko Perezida wabo yarengeje manda bityo ko bagomba gukora amatora aho kuguma mu ntambara, ahamya ko icyo bakeneye ari amasasu atari amatora.
-
Hashyizweho amabwiriza mashya yo kwirinda COVID-19,Uturere twa Bugesera, Nyanza na Gisagara twakomorewe ingendo
29 March 2021, by Martin MunezeroGuverinoma yatangaje ingamba nshya zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus, zirimo ko ingendo zihuza uturere twa Bugesera, Nyanza na Gisagara zemewe mu gihe ari tumwe mu twari twaragumishijwe muri gahunda ya Guma mu Karere kubera ubwiyongere bw’icyorezo.
-
Syria: Inyeshyamba zafashe undi mujyi ukomeye, zihiga gukuraho ubutegetsi bwa Assad
8 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuInyeshyamba zihanganye n’Ingabo za Syria, zafashe umujyi wa Hama mu rugendo ruziganisha mu majyepfo aho zishaka gukuraho ubutegetsi bwa Perezida Bashir al-Assad.
-
Ni intambwe igana ku ituze mu karere- Amb. Einat Weiss ku masezerano y’u Rwanda na RDC
29 June 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss yagaragaje ko yakiriye neza amasezerano y’amahoro aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko ari intambwe iganisha akarere ku ituze.
-
Khloé Kardashian ashinja nyina kumutererana akiri muto bikamuviramo ihungabana
4 April 2025, by ISIMBI EstellaKhloé Kardashian yagaragaje ko yagize ihungabana rikomeye mu bwana bwe byakomotse ku mubano we n’umubyeyi we, Kris Jenner, aho yumvaga ko yatereranywe. Nubwo ubu bafitanye umubano ukomeye, ariko si ko byahoze.
-
RDF yakoze impinduka ku myambaro y’abasirikare bato n’aba Ofisiye
9 January 2023, by Dusingizimana RemyIgisirikare cy’u Rwanda cyakoze impinduka mu mapeti n’aho yambarwa aho aba ofisiye n’abasirikare bato batangira kwambara amapeti mu gituza ku myambaro isanzwe y’akazi bitandukanye n’uko yajyaga yambarwa ku ntugu.
Icyakora,aya mapeti azaguma kwambarwa ku ntugu ku myambaro yo mu biro n’iyibirori.
Haba kuri ba ofisiye bambaraga amapeti ku ntugu zombi cyangwa abasirikare bato bambaraga ipeti mu ibara ry’umuhondo cyangwa ubururu bw’ikirere ku ngabo zirwanira mu kirere, ku rutugu rw’iburyo, (…) -
Huye: Umugore akurikiranyweho kwica umugabo we amukubise umuhini mu mutwe
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Karere ka Huye, Umugore akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugabo we amukubise umuhini mu mutwe, nyuma y’uko ngo uyu mugabo amennye ifu ubwo yari amusanze asekura imyumbati
-
UPDATE:FERWAFA yanyomoje amakuru yavugaga ko APR FC yahawe igikombe cya shampiyona 2019-2020
8 May 2020, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangiye inama yo kungurana ibitekerezo n’abanyamuryango bayo ngo barebe uko hafatwa umwanuro mu gihe cya vuba kuri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda.
-
Basketball: APR WBBC yatsinze REG WBBC yegukana igikombe cya zone 5
15 November 2025, by ISIMBI EstellaAPR WBBC yatsinze REG WBBC amanota 82-71 yegukana igikombe cy’imikino y’Akarere ka gatanu ku nshuro ya mbere mu mateka.
Umuryango.rw
Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine yahamije ko bakeneye amasasu badakeneye amatora
Syria: Inyeshyamba zafashe undi mujyi ukomeye, zihiga gukuraho ubutegetsi bwa Assad
Ni intambwe igana ku ituze mu karere- Amb. Einat Weiss ku masezerano y’u Rwanda na RDC
Khloé Kardashian ashinja nyina kumutererana akiri muto bikamuviramo ihungabana
RDF yakoze impinduka ku myambaro y’abasirikare bato n’aba Ofisiye
Huye: Umugore akurikiranyweho kwica umugabo we amukubise umuhini mu mutwe
Basketball: APR WBBC yatsinze REG WBBC yegukana igikombe cya zone 5