Protais Zigiranyirazo wari Perefe wa Perefegitura ya Ruhengeri ku butegetsi bwa Juvénal Habyarimana ndetse akaza gukurikiranwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yapfuye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amakuru aravuga ko Protais Zigiranyirazo yapfuye
4 August 2025, by Joseph Iradukunda -
Thailand: Abantu 28 bishwe n’impanuka y’imashini y’ubwubatsi yagwiriye gari ya moshi
14 January, by ISIMBI EstellaAbantu 28 bapfuye abandi 80 barakomereka nyuma yuko imashini nini y’ubwubatsi igwiriye gari ya moshi yari itwaye abantu 195, yavaga i Bangkok mu murwa mukuru wa Thailand yerekeza mu Ntara ya Ubon Ratchathani muri icyo gihugu.
-
Haiti: Abantu 70 bishwe n’ibitero by’abagizi ba nabi
31 March, by ISIMBI EstellaAbantu 70 bishwe, abandi 30 bakomerekera mu gitero cyagabwe n’udutsiko tw’abagizi ba nabi hafi ya Petite-Rivière, mu karere ka Artibonite muri Haiti, nk’uko umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, ‘Defenseurs Plus’ wabitangaje.
-
Hagaragajwe ko Zelensky yatsindwa amatora mu gihe yakorwa vuba
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushakashatsi bw’Ikigo Socis Research Group bwagaragaje ko mu gihe Perezida Volodymyr Zelensky yahatana na Valery Zaluzhny wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ukraine mu matora ya Perezida wa Repubulika, adashobora kuyatsinda kubera icyizere gike agirirwa.
-
RMC yasabye ko Politiki nshya y’itangazamakuru yakwihutishwa
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), rwasabye Abadepite kwihutisha politiki nshya y’itangazamakuru kuko izafasha mu kunoza imikorere y’uyu mwuga ndetse ikanajyana n’ikoranabuhanga rigezweho risigaye rikoreshwa muri uru rwego.
-
Perezida Kagame yagaragarije abitabiriye inama ya“Eisenhower Fellowoships” inkomoko y’iterambere ry’u Rwanda nyuma ya jenoside
14 June 2019, by Dusingizimana RemyUbwo yari mu nama y’Umuryango Mpuzamahanga witwa “Eisenhower Fellowoships” yateraniye i Kigali kuri uyu wa gatanu tariki 14 Kamena 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba u Rwanda rukomeje gutera imbere biterwa n’uko buri munyarwanda akora cyane ndetse nta wifuza gusubira mu mateka mabi yaranze u Rwanda.
-
Amerika n’umwanzi wayo Iran ku meza y’ibiganiro
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bamaze imyaka imyaka 45 baracanye umubano ushingiye kuri dipolomasi, batangiye kugirana ibiganiro biziguye.
-
U Rwanda rufite ibyuma bifite ubushobozi bwo gukonjesha inkingo zose za COVID-19
14 January 2021, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) kivuga ko kugeza ubu u Rwanda rufite ibyuma bikonjesha bifite ubushobozi bwo kubika ubwoko bwose bw’inkingo za COVID19 zimaze gukorwa n’ibihugu binyuranye.
-
B2C Music yateguje kwandika amateka mu gitaramo cy’isabukuru y’imyaka 10 bamaze mu muziki
17 April 2025, by ISIMBI EstellaItsinda rya B2C Music rizwi nka "Kampala Boys" ryaraye ritangaje gahunda yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 rimaze mu muziki binyuze mu gitaramo gikomeye kizabera muri Hotel Africana I Kampala, tariki 9 Gicurasi 2025. Iki gitaramo kitezweho kuba kimwe mu bizibukwa cyane mu mateka y’umuziki wo muri Uganda no mu Karere.
-
Nsengimana Herman wabaye Umuvugizi wa FLN yasabiwe gufungwa imyaka 20
17 June 2021, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha busabiye Nsengimana Herman igifungo cy’imyaka 20. Nsengimana ukurikiranweho ibyaha 2, akaba yarabaye Umuvugizi w’umutwe w’iterabwoba wa FLN-MRCD.
Umuryango.rw
Amakuru aravuga ko Protais Zigiranyirazo yapfuye
Thailand: Abantu 28 bishwe n’impanuka y’imashini y’ubwubatsi yagwiriye gari ya moshi
Haiti: Abantu 70 bishwe n’ibitero by’abagizi ba nabi
Hagaragajwe ko Zelensky yatsindwa amatora mu gihe yakorwa vuba
RMC yasabye ko Politiki nshya y’itangazamakuru yakwihutishwa
Amerika n’umwanzi wayo Iran ku meza y’ibiganiro
U Rwanda rufite ibyuma bifite ubushobozi bwo gukonjesha inkingo zose za COVID-19
B2C Music yateguje kwandika amateka mu gitaramo cy’isabukuru y’imyaka 10 bamaze mu muziki