U Bufaransa bwatumije inama y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano nyuma y’aho umujyi wa Goma ugabweho igitero cya drones tariki ya 11 Werurwe 2026, kigapfiramo abasivile batatu barimo Umufaransakazi Karine Buisset.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Bufaransa bwatumije inama y’Akanama ka Loni nyuma y’igitero cyahitanye umuturage wabwo i Goma
17 March, by ISIMBI Estella -
AKARAYIFUMBWE EP#84: Ese isezererwa rya Busingye ntiryatinze?
4 September 2021, by Dusingizimana RemyTubararikiye ikiganiro AKARAYIFUMBWE EP#84 kigaruka ku isezererwa muri Guverinoma rya Min BUSINGYE! Ese ntiyaba yaratinze urebye uko ibibazo mu butabera byagenda bikura? Ibihano bikakaye, Gereza na kasho zuzuye abagororwa babayeho nabi harimo n’imfu z’amarabira, imicire y’imanza idatanga ubutabera, urugomo hirya no hino, amabwiriza asigaye aremereye kuruta amategeko n’ibindi! Gusa imbaraga yari afite yarazitanze hasigaye uzamukorera mu ngata! Ese we azahera he? Tubane muri iki kiganiro (…)
-
Ibiryabarezi birenga 8 000 bimaze kuvanwa mu baturage – RDB
10 September 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rutangaza ko rumaze gukusanya imashini zirenga 8 200 z’imikino y’amahirwe zizwi nk’ibiryabarezi, hagamijwe kuzikura mu baturage nyuma yo kugaragara ko byahombeje benshi mu bihe bitandukanye.
-
Abaganga b’u Rwanda bikubye hafi 4 mu myaka 2
16 October 2025Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko nyuma y’aho himakajwe gahunda yo kongera abaganga byatumye bikuba 3,7 mu myaka ibiri ishize.
-
Igihugu cy’u Rwanda gifite uburenganzira bwo gusubiza RDC yatangije ubushotoranyi-Dr. Biruta
30 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROGuverinoma y’u Rwanda yagaragaje uburyo yihanganye mu gihe cy’imyaka ikabakaba 30, mu guharanira ko amahoro n’umutekano bosagamba mu Karere nubwo yabaga ifite uburenganzira busesuye bwo gusubiza ku bitero by’ubushotoranyi yagabweho na RDC mu bihe bitandukanye.
-
Baruhuwe n’ikiraro bubakiwe gihuza Rwempasha na Nyagatare
7 February, by Angeline MUKANGENZIAbaturage bo mu Murenge wa Rwempasha na Nyagatare barashima ubuyobozi bwabubakiye ikiraro cyo mu kirere cyambukiranya umugezi w’Umuvumba cyaborohereje ingendo kuko batakizenguruka ku muntu uva mu Murenge ajya mu wundi.
-
SADC yakomojweho, RDC isabwa kuganira na M23: Ibyavuye mu nama idasanzwe ya EAC
30 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, yasabye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuyoboka inzira y’ibiganiro na M23 hagamijwe gushaka amahoro arambye.
-
Burkina Faso yasheshe amashyaka ya politike
30 January, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma ya Burkina Faso yasheshe amashyaka ya politiki yose yo mu gihugu ndetse n’amategeko agenga imikorere yayo.
-
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko gushinja u Rwanda gukorera jenoside muri RDC ari ’ubucucu’
11 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko icyifuzo cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cy’uko umuryango mpuzamahanga wakwemeza ko u Rwanda n’umutwe witwaje intwaro wa M23 byakoze jenoside ari ubucucu.
-
Kenya:Urugendo rwa Gachagua nka Visi-Perezida wa Kenya rwageze ku iherezo
1 November 2024, by Joseph IradukundaIcyizere cya Rigathi Gachagua cyo gukomeza kuba Visi-Perezida wa Kenya cyamaze kuyoyoka burundu, nyuma y’uko Urukiko Rukuru muri iki gihugu ku wa Kane rwakuyeho icyemezo ruvanyeho icyemezo rwari rwarafashe cyo gukumira irahira rya Prof. Kithure Kindiki ugomba kumusimbura.
Umuryango.rw
U Bufaransa bwatumije inama y’Akanama ka Loni nyuma y’igitero cyahitanye umuturage wabwo i Goma
AKARAYIFUMBWE EP#84: Ese isezererwa rya Busingye ntiryatinze?
Ibiryabarezi birenga 8 000 bimaze kuvanwa mu baturage – RDB
Abaganga b’u Rwanda bikubye hafi 4 mu myaka 2
Igihugu cy’u Rwanda gifite uburenganzira bwo gusubiza RDC yatangije ubushotoranyi-Dr. Biruta
Baruhuwe n’ikiraro bubakiwe gihuza Rwempasha na Nyagatare
SADC yakomojweho, RDC isabwa kuganira na M23: Ibyavuye mu nama idasanzwe ya EAC
Burkina Faso yasheshe amashyaka ya politike
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko gushinja u Rwanda gukorera jenoside muri RDC ari ’ubucucu’
Kenya:Urugendo rwa Gachagua nka Visi-Perezida wa Kenya rwageze ku iherezo