Ingabo za Afurika y’Epfo zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kurwanya imitwe yitwaje intwaro, ziravugwaho imyitwarire mibi irimo ubusinzi n’ubusambanyi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RDC: Ingabo za SANDF ziravugwaho ubusinzi n’ubusambanyi aho guhangana na M23 yazizanye
14 October 2024, by Joseph Iradukunda -
M23 yitandukanyije n’amasezerano y’u Rwanda na RDC, yiyemeza gusanga FARDC mu birindiro byayo
30 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Ugushyingo, wongeye gushimangira ko utarebwa n’amasezerano y’agahenge u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byasinyanye, wiyemeza gutangira gusanga ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo mu birindiro ziturukamo ziwugabaho ibitero.
-
Amazi agiye kujya yishurwa mbere nkuko bikorwa ku muriro w’amashanyarazi
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC, cyatangaje ko mu gihugu hose hagiye gutangizwa uburyo bushya bw’ikoranabuhanga aho amazi azajya yishyurwa mbere nkuko bisanzwe bikorwa ku muriro w’amashanyarazi.
-
UEFA Champions League: Barcelona na Man City zatsinze, Liverpool iva mu Budage bigoye
24 October 2024, by Joseph IradukundaFC Barcelona yanyagiye Bayern Munich ibitego 4-1, Manchester City inyagiye Sparta Prague ibitego 5-0, mu mikino y’Umunsi wa Gatatu wa UEFA Champions League.
-
Uganda yashimye umugi wa Butembo yaragijwe na RDC ihiga kurandura ADF
30 August 2024, by Joseph IradukundaHashize hafi imyaka itatu ingabo z’igihugu cya Uganda zifatanije n’iza Repubulika ya Demokarasi ya Kongo zitangije ibikorwa bya gisirikare bihuriweho wiswe ’Operation Shujaa.’
-
Ifoto y’umunsi: Minisitiri Gatabazi yagaragaye agaburira abana mugikorwa cyo kurwanya igwingira
16 March 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney , avuga ko atumva ukuntu ibipimo by’igwingira mu bana bo mu Karere ka Musanze, bikomeje kwiyongera, nyamara ari kamwe mu Turere twihagije ku musaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi, kanasagurira utundi two mu gihugu.
-
APR FC yamaze kwibikaho rutahizamu wakinnye muri Algeria
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro rya cyeye tariki 21 Mutarama 2025, ikipe ya APR FC yakiriye rutahizamu ukomoka muri Burkina Faso witwa Cheick Djibril Ouattara.
-
Grammy Awards 2025: Beyoncé yanditse amateka, Rema ahatanamo bwa mbere
9 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbahanzi barangajwe imbere na Beyoncé uri mu byiciro byinshi kurusha abandi, bahatanye muri Grammy Awards itegurwa na ‘Recording Academy Awards’ igiye kuba ku nshuro ya 67.
-
NISR, yagaragaje ibintu 10 byahitanye abaturarwanda mu 2024
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZIImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, yagaragaje ko abantu barenga ibihumbi 36 bapfuye mu 2024 bishwe n’ibintu bitandukanye birimo urusobe rw’indwara z’umutima, SIDA, stroke n’izindi.
-
Hashyizwe hanze amafoto meza y’ubukwe bwa Ange Kagame na Bertrand[AMAFOTO]
8 July 2019, by Martin MunezeroAnge Kagame w’imyaka 25, yashyingiranywe na Ndengeyingoma kuwa Gatandatu,mu bukwe bwabereye kuri Convention Center.
Umuryango.rw
RDC: Ingabo za SANDF ziravugwaho ubusinzi n’ubusambanyi aho guhangana na M23 yazizanye
M23 yitandukanyije n’amasezerano y’u Rwanda na RDC, yiyemeza gusanga FARDC mu birindiro byayo
Amazi agiye kujya yishurwa mbere nkuko bikorwa ku muriro w’amashanyarazi
UEFA Champions League: Barcelona na Man City zatsinze, Liverpool iva mu Budage bigoye
Uganda yashimye umugi wa Butembo yaragijwe na RDC ihiga kurandura ADF
Ifoto y’umunsi: Minisitiri Gatabazi yagaragaye agaburira abana mugikorwa cyo kurwanya igwingira
APR FC yamaze kwibikaho rutahizamu wakinnye muri Algeria
Grammy Awards 2025: Beyoncé yanditse amateka, Rema ahatanamo bwa mbere
NISR, yagaragaje ibintu 10 byahitanye abaturarwanda mu 2024