Abakinnyi barindwi barimo Niyonzima Olivier ‘Seif’ bari mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yitegura gukina imikino yo gushaka itike ya CHAN 2024, bamaze gusezererwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
CHAN 2024:Umutoza yasezereye Abakinnyi barindwi b’Amavubi barimo Seif ku ikubitiro
17 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Abanyarwanda ibihumbi 14 baba muri Uganda bagiye kwirukanwa
16 November 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma ya Uganda irimo gutegura umugambi wo kwambura ubuhunzi Abanyarwanda ibihumbi n’ ibihumbi bayirimo nk’ impunzi.
-
M23 yongeye kwirukana FARDC muri Centre ya Masisi
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Mutarama wisubije Centre ya Masisi, nyuma y’amasaha make uyambuwe n’Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Kigali: Umwe mu bagaragaye batema umuturage yafashwe
12 September 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umusore umwe muri batatu bagaragaye mu mashusho batema umuturage mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, bakoresheje umuhoro.
-
Ububiligi:Abanyarwanda bari hatira gusigasira ururimi n’umuco binyuze mu kubitoza abana babo
4 September 2024, by Joseph IradukundaAbana benshi bavuka ku Banyarwanda baba mu mahanga birabagora kumenya Ikinyarwanda, imbyino gakondo, n’umuco w’igihugu cy’ababyeyi babo muri rusange, cyane cyane kubera kubura aho babitorezwa.
-
Loni yamaganye ifungwa ry’itorero ry’Aba-Orthodox muri Ukraine
3 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRaporo ku burenganzira bwa muntu muri Ukraine y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye Rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu, OHCHR, yashyizwe hanze ku wa Gatatu w’iki cyumweru, yagaragaje ko Ukraine yananiwe gutanga ibisobanuro bihamye ku mpamvu iri kwibasira Itorero ry’Aba-Orthodox rya Ukraine (Ukrainian Orthodox Church: UOC).
-
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa RDC, yahamijwe kunyereza miliyoni 245 $
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAugustin Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2012 kugeza mu 2016, yakatiwe imyaka 10 yo gukora imirimo y’agahato nyuma yo guhamywa kugira uruhare mu inyerezwa rya miliyoni 245 z’Amadolari mu mafaranga yari yaragenewe umushinga wo kubaka icyanya cy’inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi mu gace ka Bukanga-Lonzo.
-
Kigali:Umugabo wari wambaye imyenda ya gisirikare yarashwe akekwaho kwiba imashini zizwi nk’ibiryabarezi
21 March 2019, by Dusingizimana RemyMu kagali ka Nzove mu murenge wa Kanyinya,muri Rulindo harasiwe umugabo washatse gucika abashinzwe umutekano ubwo yari kumwe na bagenzi be batatu bari bambaye imyenda ya gisirikare bavuye kwiba imashini zifashishwa mu gukina imikino y’amahirwe (slot machine) zizwi nk’ibiryabarezi.
-
Kenya: Ishuri rya Katoloni ryabaye irya 10 ryibasiwe n’inkongi muri uku kwezi
15 September 2024, by Joseph IradukundaInkongi y’umuriro mu ijoro rishyira kuri iki Cyumweru yadutse mu Ishuri rya Katoloni Mixed Day and Boarding Secondary School mu Ntara ya Machakos mu gihe bigaragara ko inkongi zikomeje kwibasira ibigo by’amashuri mu gihugu cya Kenya.
-
U Bufaransa buzaburanisha Lt Col Kayumba ukekwaho uruhare muri Jenoside
9 April, by ISIMBI EstellaUrugereko rushinzwe iperereza mu Rukiko rw’Ubujurire rwa Paris mu Bufaransa rwategetse ko Umunyarwanda Lt Col Cyprien Kayumba aburanishwa ku ruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umuryango.rw
CHAN 2024:Umutoza yasezereye Abakinnyi barindwi b’Amavubi barimo Seif ku ikubitiro
M23 yongeye kwirukana FARDC muri Centre ya Masisi
Kigali: Umwe mu bagaragaye batema umuturage yafashwe
Ububiligi:Abanyarwanda bari hatira gusigasira ururimi n’umuco binyuze mu kubitoza abana babo
Loni yamaganye ifungwa ry’itorero ry’Aba-Orthodox muri Ukraine
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa RDC, yahamijwe kunyereza miliyoni 245 $
Kenya: Ishuri rya Katoloni ryabaye irya 10 ryibasiwe n’inkongi muri uku kwezi
U Bufaransa buzaburanisha Lt Col Kayumba ukekwaho uruhare muri Jenoside