Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko atewe impugenge n’ibyemezo bya Politiki bigenda bishyirwaho na Donald Trump kuva yatorerwa kuyobora iki gihugu ku nshuro ya Kabiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Obama yanenze ibyemezo Trump akomeje gufata kuva yasubira ku butegetsi
6 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Minisitiri Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na Lavrov w’u Burusiya
20 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe na mugenzi we w’u Burusiya, Sergey Lavrov, baganiriye ku kwagura ubufatanye hagati y’ibihugu byombi.
-
Umuhanzi Sano Olivier agiye gukora ubukwe
18 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’indirimbo zo kuramya Imana, Sano Olivier ari mu myiteguro y’ubukwe bwe buteganyijwe ku wa 21 Kanama 2025, ndetse yamaze gusezerana imbere y’amategeko n’umukunzi we.
-
Senateri Mureshyankwano yumiwe kubera raporo y’Umujyi wa Kigali yuzuyemo ’Biragayitse’
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuSenateri Mureshyankwano Marie Rose, yatangajwe n’uburyo muri Raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye muri Kamena 2024, Umujyi wa Kigali ufite ‘Biragayitse’ zirenga eshanu kandi ari wo ufite abakozi bafite ubumenyi n’ubushobozi yewe banahembwa neza kurusha abandi ugereranyije n’utundi turere.
-
Biden asigaye ahabwa ubuvuzi bwo gushiririza Cancer arwaye
12 October 2025, by ISIMBI EstellaJoe Biden urwaye cancer ya prostate, ari gukorerwa ubuvuzi bwo kuyishiririza kugira ngo idakwira ibice byinshi by’umubiri.
-
Australia: Abana bakumiriwe ku mbuga nkoranyambaga
29 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko ya Australia yemeje umushinga w’itegeko ribuza abana bari munsi y’imyaka 16, gukoresha imbuga nkoranyambaga.
-
Iran yahagaritse kunyonga abigaragambya 800 nyuma yo gukangwa na Trump- White House
16 January, by Angeline MUKANGENZIIbiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House) byatangaje ko Iran yahagaritse gahunda yo kunyonga abigaragambya 800 nyuma yo gukangwa na Perezida Donald Trump.
-
Hagiye gushyirwaho amabwiriza y’ikoreshwa ry’ibinyabutabire byangiza mu basirikare ba EAC
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda ry’impuguke mu ngeri zinyuranye zo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ziteraniye i Kigali , aho ziri kwigira hamwe uko hashyirwaho amabwiriza agenga ikoreshwa ry’ibinyabutabire bigira ingaruka mbi ku binyabuzima mu gisirikare cy’ibihugu binyamuryango.
-
Hakomeje kwibazwa ikihishe inyuma y’ibiganiro bwa Amerika n’Uburayi
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kane intumwa zidasanzwe za Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald Trump, barahurira na bagenzi babo b’i Burayi i Paris mu Bufaransa, kugira ngo baganire uko bahagarika intambara y’u Burusiya na Ukraine.
-
Abanyarwanda baba i Brazzaville bibutse Abatutsi bishwe muri Jenoside, banenga RDC yahaye FDLR uburyamo
8 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasade y’u Rwanda muri Repubulika ya Congo ifatanyije n’Abanyarwanda baba muri icyo gihugu, bateguye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, witabiriwe n’abasaga 300, wabereye kuri Memorial Pierre Savorgnan de Brazza.
Umuryango.rw
Obama yanenze ibyemezo Trump akomeje gufata kuva yasubira ku butegetsi
Minisitiri Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na Lavrov w’u Burusiya
Umuhanzi Sano Olivier agiye gukora ubukwe
Senateri Mureshyankwano yumiwe kubera raporo y’Umujyi wa Kigali yuzuyemo ’Biragayitse’
Biden asigaye ahabwa ubuvuzi bwo gushiririza Cancer arwaye
Australia: Abana bakumiriwe ku mbuga nkoranyambaga
Iran yahagaritse kunyonga abigaragambya 800 nyuma yo gukangwa na Trump- White House
Hagiye gushyirwaho amabwiriza y’ikoreshwa ry’ibinyabutabire byangiza mu basirikare ba EAC
Hakomeje kwibazwa ikihishe inyuma y’ibiganiro bwa Amerika n’Uburayi
Abanyarwanda baba i Brazzaville bibutse Abatutsi bishwe muri Jenoside, banenga RDC yahaye FDLR uburyamo