Uko Ingabo z’abicanyi zagendaga zitsindwa niko zakazaga ingamba zo kwihutisha iyicwa ry’Abatutsi aho ryabaga ritarakorwa. Imbaraga nyinshi zashyirwaga mu cyiswe “auto-defense civile” bukaba bwari uburyo bwo gukomeza gukwiza intwaro mu Nterahamwe, kwinjiza urubyiruko mu basilikare no kongera ibikoresho byo kwica. Ibi byemezo byose bigaragara mu nyandiko ziri muri Agenda ya KAMBANDA yo muri 1994.
IBYEMEZO BYO KWONGERERA URUBYIRUKO IMYITOZO YA GISILIKARE NO KURUHA INTWARO
Iyi nama yatumijwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umunsi haterana inama y’ingabo na jandarumori yo kurangiza irimburwa ry’abatutsi
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Leta y’u Rwanda igiye guha ijambo rikomeye abaturage mu kuvugurura ibyiciro by’ubudehe
14 February 2019, by Dusingizimana RemyBenshi mu banyarwanda ntibishimiye ibyiciro by’ubudehe barimo,ariyo mpamvu Leta y’u Rwanda yemeje ko igiye kubivugurura ndetse abaturage bakabigiramo ijambo rikomeye.
-
Musanze:Urubyiruko rwavuye Iwawa rurasaba guhabwa ubundi bufasha ngo rwizahure
20 January 2025, by Joseph IradukundaRumwe mu rubyiruko rwavuye Iwawa, rukahigishirizwa imyuga ruvuga ko nyuma yo kuva Iwawa batigeze bagira icyo bakora kubera ko ibikoresho bari barijejwe babitegereje ngo amaso agahera mu kirere.
-
U Rwanda na Benin bazakinira kuri Kigali Pele Stadium nta mufana kuwa Gatatu [Yavuguruwe]
24 March 2023, by Dusingizimana Remy, Joseph IradukundaMu gihe hari hakiri urujijo ku kibuga kizaberaho umukino w’u Rwanda na Benin mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2024, CAF yamaze kwandikira FERWAFA ko uyu mukino uzakinirwa kuri Kigali Pele Stadium ariko nta mufana wemerewe kureba uwo mukino.
CAF yemeje ko uyu mukino wo kwishyura uzahuza ikipe y’igihugu y’u Rwanda n’ikipe y’igihugu ya Benin, uzaba kuwa Gatatu Taliki ya 29 Werurwe kuri Kigali Pelé Stadium, nta bafana bemerewe kwinjira muri stade mu ibaruwa yandikiye amakipe (…) -
Ingabo z’u Rwanda zavuye abagororwa bo muri Centrafrique
25 February, by Angeline MUKANGENZIIngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Centrafrique, zikorera i Bria, zatanze serivisi z’ubuvuzi ku buntu mu Igororero rya Bria, mu rwego rwo gutabara abasivile no gufasha mu mibereho myiza.
-
Umuhanda uca mu kirere mu Butaliyani wacitsemo kabiri 20 barapfa
14 August 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihugu cy’ Ubutaliyani kuri uyu wa 14 Kanama habaye impanuka ikomeye y’ umuhanda uca mu kirere mu mujyi wa Genoa wacitse imodoka ririmo kuwunyuramo. Abategetsi b’ iki gihugu baravuga ko abagera kuri 20 basize ubuzima muri iyo mpanuka.
-
Urwego rw’ubutasi rwa DRC rwasatse urugo rwa Joseph Kabila
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAbasirikare bo mu rwego rw’ubutasi rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basatse rumwe mu ngo za Joseph Kabila wabaye Perezida w’iki gihugu, ruherereye mu mujyi wa Kinshasa.
-
U Buhinde: Abafana 11 bapfiriye mu gikorwa cyo kwishimira intsinzi
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu 11 bapfuye ku wa Gatatu nyuma y’umuvundo wabaye hanze ya Stade y’Umukino wa Cricket mu Mujyi wa Bengaluru mu Buhinde, ubwo abafana bishimiraga igikombe cya mbere cya Shampiyona cyegukanywe n’Ikipe ya Royal Challenger Bengaluru.
-
Ingabo za Israel zagabye ibitero ku bigo byinshi bya Hezbollah
26 December 2025, by ISIMBI EstellaKuri uyu 26 Ukuboza 2025, Igisirikare cya Israel (IDF) cyagabye ibitero ku bigo byinshi by’umutwe witwaje intwaro wa Hezbollah ukorera muri Liban.
-
Isiraheli yishe abarenga 30 bari bategereje imfashanyo muri Gaza
20 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ubuzima ya Gaza yatangaje ko nibura abantu 32 bari bagiye gufata imfashanyo bishwe abandi benshi bakomeretswa n’ibitero bya Isiraheli byagabwe ahatangirwa imfashanyo hafi ya Khan Younis na Rafah mu Majyepfo ya Gaza.
Umuryango.rw
Umunsi haterana inama y’ingabo na jandarumori yo kurangiza irimburwa ry’abatutsi
Musanze:Urubyiruko rwavuye Iwawa rurasaba guhabwa ubundi bufasha ngo rwizahure
U Rwanda na Benin bazakinira kuri Kigali Pele Stadium nta mufana kuwa Gatatu [Yavuguruwe]
Ingabo z’u Rwanda zavuye abagororwa bo muri Centrafrique
Urwego rw’ubutasi rwa DRC rwasatse urugo rwa Joseph Kabila
U Buhinde: Abafana 11 bapfiriye mu gikorwa cyo kwishimira intsinzi
Ingabo za Israel zagabye ibitero ku bigo byinshi bya Hezbollah
Isiraheli yishe abarenga 30 bari bategereje imfashanyo muri Gaza