Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryihanangirije ingabo z’iki gihugu n’imitwe ya Wazalendo byasubiye huti huti mu Mujyi wa Uvira, ribimenyesha ko nibyongera kuyitera bizatsindwa uruhenu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
AFC/M23 yihanangirije ingabo za RDC na Wazalendo basahuye Umujyi wa Uvira
19 January, by Angeline MUKANGENZI -
Umubare w’abakize Coronavirus mu Rwanda wiyongereyeho 11 mu gihe umwe ariwe wayanduye kuri uyu wa Gatatu
13 May 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi mu Rwanda habonetse umuntu umwe wanduye Coronavirus.bituma umubare w’abamaze kwandura iyo ndwara mu Rwanda uba abantu 287. Ku rundi ruhande habonetse abakize 11 bityo abamaze gukira baba 164. Abakirwaye babaye 123.
-
Museveni ntiyemeranya n’abarokore bavuga ko ari abashyitsi mu Isi
5 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko atemeranya n’abarokore bavuga ko ari abashyitsi mu Isi, iwabo hakaba mu Ijuru.
-
Amerika yasabye Abanyamerika bakiri muri RDC kwigengesera no kuhava
29 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmerika yahamagariye, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 28 Mutarama 2025, abenegihugu bayo kuva muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’amasaha make ambasade yabo hamwe n’izindi zitandukanye i Kinshasa harimo n’iy’u Rwanda zibasiwe n’abigaragambyaga.
-
Davido akomeje kugabwaho igitero n’umukobwa uri kumwita Se
22 January, by ISIMBI EstellaDavido akomeje kugabwaho igitero n’umukobwa uri kumwita Se
-
Munyakazi Sadate yabeshyuje amakuru yuko yaba agiye kugura Stade Amahoro
16 May 2025, by Gladiator OGUmuherwe akaba na rwiyemezamirimo Munyakazi Sadate yanyomoje amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye yavugaga ko uyu mujejetafaranga yaba agiye kugura Stade Amahoro ikaba iye bwite
-
Tshisekedi yemeje ko azitabira ibiganiro bya Luanda mu gihe acyinangira ku kuganira na M23
7 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yemeje ko azitabira ibiganiro bya Luanda bizamuhuza, Paul Kagame w’u Rwanda na João Lourenço wa Angola tariki ya 15 Ukuboza 2024.
-
Perezida Kagame yatangarije amahanga ko mu Rwanda abicaga inyamaswa aribo basigaye bazitaho
7 November 2017, by Nsanzimana ErnestIki gihembo Paul Kagame yagiherewe i Londre mu Bwongereza
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahawe igihembo nk’ umuyobozi w’ indashyikirwa mu guteza imbere ubukerarugendo avuga ko mu Rwanda abahoze ari abashimusi b’ inyamaswa basigaye bazirinda.
Ni kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Ugushyingo 2017 mu muhango wo gutanga ibihembo mpuzamahanga byo guteza imbere ubukerarugendo wabereye mu mugigi wa Londres mu gihugu cy’ Ubwongereza.
Iki gihembo Perezida Kagame agihawe nyuma y’ igihe gito mu (…) -
U Rwanda mu nzira zo gutangiza ubuvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko umwaka wa 2025, uzasiga u Rwanda rwungutse imashini igezweho ikoreshwa mu buvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire izwi ka PET (Positron Emission Tomography).
-
Amerika yafatiye Venezuela ibihano bishya
12 December 2025, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zakomanyirije sosiyete esheshatu z’ubwikorezi zo muri Venezuela n’ubwato bwazo butandatu, nk’uburyo bw’igitutu iki gihugu cy’igihangage gikomeje gushyira kuri Perezida Nicolas Maduro.
Umuryango.rw
AFC/M23 yihanangirije ingabo za RDC na Wazalendo basahuye Umujyi wa Uvira
Umubare w’abakize Coronavirus mu Rwanda wiyongereyeho 11 mu gihe umwe ariwe wayanduye kuri uyu wa Gatatu
Museveni ntiyemeranya n’abarokore bavuga ko ari abashyitsi mu Isi
Amerika yasabye Abanyamerika bakiri muri RDC kwigengesera no kuhava
Davido akomeje kugabwaho igitero n’umukobwa uri kumwita Se
Munyakazi Sadate yabeshyuje amakuru yuko yaba agiye kugura Stade Amahoro
Tshisekedi yemeje ko azitabira ibiganiro bya Luanda mu gihe acyinangira ku kuganira na M23
U Rwanda mu nzira zo gutangiza ubuvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire
Amerika yafatiye Venezuela ibihano bishya