Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruri mu biganiro n’abategura Shampiyona y’Isi yo gusiganwa kuri moto, "Moto GP".
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda ruri mu biganiro na Moto GP
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ifoto y’umunsi: Hagaragajwe indamukanyo nshya yafasha abantu guhashya indwara ya Ebola
17 September 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Gashumba Diane,n’ukuriye Ingabo mu Ntara y’u Burengerazuba, Gen Alexis Kagame ukuriye diviziyo ya gatatu y’Ingabo z’u Rwanda ikorera mu Burengerazuba bagaragaje indamukanyo nshya itangaje izafasha abantu guhangana na Ebola.
-
Shema Fabrice na Kankindi Anne-Lise bahawe inshingano muri FIFA
8 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yashyizwe mu bagize Akanama gashinzwe kurwanya irondaruhu n’ivangura mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA).
-
Uyu mwaka ushobora gushira Imodoka ziguruka zigiye ku isoko(Amafoto)
8 June 2025, by Joseph IradukundaIkigo cya Alef Aeronautics kimaze imyaka irenga 10 mu bushakashatsi ku modoka ziguruka, cyatangaje ko uyu mwaka gishobora gushyira hanze izi modoka, zigatangira gukoreshwa.
-
Perezida Samia Suluhu yihanganishije imiryango y’abaguye mu mpanuka ikomeye yabereye i Karagwe
4 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yatangaje ko yababajwe cyane n’impanuka yabereye i Karagwe mu ntara ya Kagera, yihanganisha imiryango y’abayiguyemo.
-
Umuntu wa mbere ugendera mu igare ry’abafite ubumuga yageze mu isanzure
21 December 2025, by ISIMBI EstellaMichaela Benthaus ukomoka mu Budage yabaye umuntu wa mbere ugendera mu igare ry’abafite ubumuga, ugeze mu isanzure.
-
M23 ibona ko Leta ya RDC ikwiye gufatirwa ibihano
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yagaragaje ko umuryango mpuzamahanga ukwiye gufatira ibihano ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuko bukomeje kwanga gushyira mu bikorwa icyemezo cy’abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC.
-
Umuhungu wa Trump ahamya ko kujya ku butegetsi byamworohera
1 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuhungu wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Eric Trump, yatangaje ko kujya ku butegetsi bw’iki gihugu byamworohera kuko yabanjirijwe n’umubyeyi.
-
Rwamagana: Mudugudu yakubise umugore w’ abandi amuciraho imyenda
4 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuturage witwa Mushikiwabo Solange utuye mu mudugudu wa Gisanza akagari ka Mwulire mu murenge wa Mwulire w’akarere ka Rwamagana arashinja umuyobozi w’umudugudu kumuhohotera akamukubita ndetse na telefone y’uyu muturage ifatwa bugwate ngo nuko adatanze amafaranga y’irondo.
-
Hezbollah yahize kwihorera nyuma y’igitero cya 2 yagabweho kigahitana benshi
20 September 2024, by Joseph IradukundaIbintu bikomeje kujya habi mu Burasirazuba bwo Hagati nyuma y’uko umutwe wa Hezbollah utangaje ko ugomba kwihorera ku bitero uherutse kugabwaho n’Ingabo za Israel, byishe abarwanyi bawo bagera kuri 37 abandi barenga ibihumbi 2,800 bagakomereka.
Umuryango.rw
U Rwanda ruri mu biganiro na Moto GP
Shema Fabrice na Kankindi Anne-Lise bahawe inshingano muri FIFA
Uyu mwaka ushobora gushira Imodoka ziguruka zigiye ku isoko(Amafoto)
Perezida Samia Suluhu yihanganishije imiryango y’abaguye mu mpanuka ikomeye yabereye i Karagwe
Umuntu wa mbere ugendera mu igare ry’abafite ubumuga yageze mu isanzure
M23 ibona ko Leta ya RDC ikwiye gufatirwa ibihano
Umuhungu wa Trump ahamya ko kujya ku butegetsi byamworohera
Hezbollah yahize kwihorera nyuma y’igitero cya 2 yagabweho kigahitana benshi