Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko kuva ku itariki 3 kugeza kuri 5 Ukuboza impunzi z’Abanye-Congo zimaze guhungira mu Rwanda zinyuze ku Mupaka wa Bugarama zigeze ku 1.122.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanye-Congo bahungiye mu Rwanda mu iminsi itatu barenze 1000
6 December 2025, by ISIMBI Estella -
Umunyarwanda yarasiwe muri Mozambique
17 March 2018, by Nsanzimana ErnestHitimana Vital, Umunyarwanda ukorera ubucuruzi muri Mozambique yarashwe amasasu menshi n’ umuntu wa mutegeye aho atuye mu Mujyi wa Villa Olempique amusiga ari intere.
Ahagana saa yine n’iminota icumi mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 16 rishyira ku wa Gatandatu, tariki ya 17 Werurwe 2018 nibwo Hitimana ukunda gusura u Rwanda no kugira uruhare mu bikorwa by’ iterambere mu Rwanda yarashwe.
Umuyobozi w’ ihuriro rw’ Abanyarwanda muri Mozambique Louis Baziga yavuze ko Hitimana yari aturutse (…) -
Umubano w’u Burundi n’u Rwanda ugiye kuganirwaho
30 January 2019, by Martin MunezeroUmubano w’u Rwanda n’u Burundi ni imwe mu ngingo byitezwe ko izaganirwaho mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC iteganyijwe ku wa Gatanu tariki ya 1 Gashyantare, i Arusha muri Tanzania.
-
RDC yitandukanyije na SADC ishyigikiye ubwigenge bwa Sahara Oriental
1 May 2025, by Joseph IradukundaRepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yitandukanyije n’umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) ibereye umunyamuryango ku bwigenge bwa Sahara Oriental.
-
Iran yahize kwihorera kuri Israel
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’ikirenga wa Iran, Ayatollah Khamenei, yatangaje ko bazihorera kuri Israel kandi bizakorwa n’imbaraga zose ku buryo bazayibabaza.
-
COVID-19: Habonetse abarwayi 18 bashya mu Rwanda …Hakize abandi bantu 6 kuri uyu wa Kane
30 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’ubuzima yatangaje ko kuri uyu munsi tariki ya 30 Mata 2020,mu Rwanda habonetse abantu 18 bashya bagaragaweho ubwandu bwa Coronavirus mu bipimo 1,140 byafashwe.N’ ukuvuga ko abamaze kwandura iyo ndwara mu Rwanda bageze kuri 243. Uyu munsi kandi hakize abantu 6 bityo abamaze gukira baba 104. Abakirwaye ni 139.
-
Rurageretse hagati ya Macron na Minisitiri w’Intebe Wungirije w’u Butaliyani
27 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe Wungirije w’u Butaliyani, Matteo Salvini, yavuze ko 80% by’abaturage b’u Bufaransa bifuza ko Perezida Emmanuel Macron, yava ku butegetsi.
-
Gasabo: Umugore arashinjwa kujya mu buraya we n’umugabo baryamira uruhinja rwe rurapfa
18 October 2021, by Dusingizimana RemyUmugore uvugwaho gukora umwuga w’uburaya biravugwa ko mu ijoro ryacyeye yararanye n’umugabo batera akabariro bakaryamira umwana w’uruhinja rw’ukwezi kumwe bikaruviramo gupfa.
-
Trump agiye gukuraho ishami ryari rishinzwe gukumira u Burusiya muri politiki ya Amerika
21 August 2025, by ISIMBI EstellaAmerika yatangaje ko igiye kugabanya abakozi b’Ikigo cya ‘Foreign Malign Influence Center (FMIC) cyari cyarashyizweho mu guhangana n’ibihugu by’amahanga byavugwaga ko byivanga muri politiki ya Amerika rwihishwa, cyane cyane mu bihe by’amatora.
-
Ibikubiye mu masezerano y’u Rwanda na Turikiya yo gukora intwaro
2 December 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda rwamaze kwemeza amasezerano y’ubufatanye na Turikiya mu gukora intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare, bikaba bibonwa nk’intambwe ikomeye u Rwanda ruteye mu kubaka inganda z’Igihugu zishobora kwihaza mu bikoresho bya gisirikare.
Umuryango.rw
Abanye-Congo bahungiye mu Rwanda mu iminsi itatu barenze 1000
RDC yitandukanyije na SADC ishyigikiye ubwigenge bwa Sahara Oriental
Iran yahize kwihorera kuri Israel
COVID-19: Habonetse abarwayi 18 bashya mu Rwanda …Hakize abandi bantu 6 kuri uyu wa Kane
Rurageretse hagati ya Macron na Minisitiri w’Intebe Wungirije w’u Butaliyani
Gasabo: Umugore arashinjwa kujya mu buraya we n’umugabo baryamira uruhinja rwe rurapfa
Trump agiye gukuraho ishami ryari rishinzwe gukumira u Burusiya muri politiki ya Amerika
Ibikubiye mu masezerano y’u Rwanda na Turikiya yo gukora intwaro