Ishyaka Ensemble pour la Republique ry’umunyapolitiki Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko rifite icyizere cyo gutsinda amatora ya Perezida ateganyijwe mu 2028.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ishyaka rya Katumbi ryizeye gufata ubutegetsi mu matora ya Perezida ya 2028
23 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Yamamaye kuri Youtube none yafunzwe azira gukangisha abakobwa gutangaza amafoto bambaye ubusa
28 August 2024, by Joseph IradukundaUmugizi wa nabi wiyoberanyaga ko ari umuhungu uzwi cyane uri munsi y’imyaka 20 utangaza ibiganiro kuri YouTube, wabuzaga amahwemo abakobwa babarirwa mu magana bo mu bice bitandukanye ku isi agatuma bakora ibikorwa by’imibonano imbere ya ’camera’, yakatiwe gufungwa imyaka 17 muri Australia.
-
Twirwaneho yahanuye drone y’ingabo za RDC
16 January, by Angeline MUKANGENZIUmutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, watangaje ko wahanuye imwe muri drones z’ingabo z’iki gihugu ziri kwica Abanyamulenge batuye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Al shabab yishe abapolisi batandatu ba Kenya
24 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yavuze ko abapolisi batandatu bo muri Kenya bishwe n’abakekwaho kuba aterabwoba ba Al Shabab bagabye igitero ku kigo cy’inkeragutabara.
-
Abasirikari Bayobora Intara za Kivu na Ituri Barasabirwa Kuvanwaho
21 September 2024, by Joseph IradukundaAbadepite bahagarariye intara zo mu burasirazuba mu nteko nshingamategeko muri Repubulika ya demukarasi ya Kongo basabye ko ubuyobozi bwa gisirikare burangije imyaka itatu buriho buvaho.
-
Burundi: Abatavugarumwe na Leta biyemeje gufata intwaro bagahirika ubutegetsi bwa CNDD-FDD
2 July 2025, by ISIMBI EstellaBamwe mu mpunzi z’ Abarundi barimo n’abanyapolitiki bakomeye mu Burundi bahungiye mu Bubiligi batangaje ko bagiye kurwanya ubutegetsi bw’i gihugu cyabo buyobowe n’ishyaka rya CNDD-FDD bakoresheje intwaro ngo kuko izindi nzira zose zakoresheje zititawe n’ ubuyobozi.
-
Yafatanwe cocaine ya miliyoni 14.7 Frw mu musatsi
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo muri Colombiya yafashe umugabo w’imyaka 40 wageragezaga kwinjiza mu ndege ibiyobyabwenge yihishe munsi y’umusatsi w’umukorano.
-
Ingabo z’u Rwanda zatsinze iza Tanzania mu mukino wa gicuti
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’ingabo z’u Rwanda binyuze muri Diviziyo ya 5 ibarizwa mu Ntara y’Iburasirazuba, yatsinze ingabo za Tanzania zibarizwa muri Brigade ya 202 ihana imbibi n’u Rwanda ibitego 2-0, mu mukino wongeye gushingamira umubano mwiza w’ibihugu byombi.
-
Pakistan yahaye u Buhinde nyirantarengwa, ishyira imijyi yose mu gipimo
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Pakistan zavuze ko zashyize imijyi myinshi yo mu Buhindi mu gipimo. Bivuze ko niba u Buhindi butekereje kugaba igitero, Pakistan izahita igaba igitero.
-
Africa’s StarTimes Network Acquires IMPACT Wrestling Programming, Adding More Than 250 Hours Of Content To The Platform’s Lineup In 2021
18 February 2021, by UbwanditsiThe Agreement Delivers Popular Content to Over 50 Countries Throughout Sub-Saharan Africa
TORONTO (February 16, 2021) – IMPACT Wrestling, a subsidiary of Anthem Sports & Entertainment Inc. and one of the world’s largest professional wrestling organizations, announced today an agreement with electronics and media company StarTimes—bringing more than 250 hours of IMPACT Wrestling content to the platform in 2021. The acquisition extends IMPACT’s reach even further across the globe, (…)
Umuryango.rw
Ishyaka rya Katumbi ryizeye gufata ubutegetsi mu matora ya Perezida ya 2028
Yamamaye kuri Youtube none yafunzwe azira gukangisha abakobwa gutangaza amafoto bambaye ubusa
Twirwaneho yahanuye drone y’ingabo za RDC
Al shabab yishe abapolisi batandatu ba Kenya
Abasirikari Bayobora Intara za Kivu na Ituri Barasabirwa Kuvanwaho
Burundi: Abatavugarumwe na Leta biyemeje gufata intwaro bagahirika ubutegetsi bwa CNDD-FDD
Yafatanwe cocaine ya miliyoni 14.7 Frw mu musatsi
Ingabo z’u Rwanda zatsinze iza Tanzania mu mukino wa gicuti
Pakistan yahaye u Buhinde nyirantarengwa, ishyira imijyi yose mu gipimo