Abahanga mu by’imibanire y’abantu n’ubuzima bwo mu mutwe bavuga ko kwitegura nabi no kutamenyana neza hagati y’umugabo n’umugore ari imwe mu mpamvu nyamukuru zitera gatanya kubashakanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abahanga basaba abakundana kwitegura no kumenyana neza mbere yo kubana mu gihe gatanya zikomeje kwiyongera
27 January, by ISIMBI Estella -
Byibuze abasirikare 20 ba Nigeria biciwe mu mirwano na Boko Haram
26 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri iki Cyumweru, abashinzwe umutekano n’abaturage baravuga ko abakekwaho kuba abarwanyi ba kisilamu bishe byibuze abasirikare 20 ba Nigeria, barimo n’umuyobozi mukuru, nyuma yo gutera ikigo cy’ingabo mu mujyi witaruye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Leta ya Borno.
-
Dore ibivugwa ku ntandaro yo kuba hari ubushyuhe bukabije muri iyi minsi
13 January 2025, by Joseph IradukundaMuri iyi minsi hari ibice by’igihugu abaturage bumva hashyushye mu buryo budasanzwe, ariko ni ikibazo kiri ku Isi, aho n’Umuryango w’Abibumbye wemeza ko by’umwihariko 2024 wari umwaka w’ubushyuhe bukabije kuva isi yabaho.
-
U Rwanda rwise ’ubushotoranyi bukomeye’ amagambo ya Minisitiri wa RDC warahiriye kuzafunga P. Kagame
25 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yashinje iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo "ubushotoranyi bukomeye", nyuma y’uko Minisitiri w’Ubutabera w’iki gihugu atangaje ko azafunga Perezida Paul Kagame.
-
Umuryango wa Rwigara mu Rukiko n’umwuganizi basubikishije urubanza
9 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Mbere tariki 9 Ukwakira 2017, Adeline Rwigara , Anne Rwigara na Diane Rwigara bageze mu cyumba cy’urukiko ahagana saa tatu zuzuye, bavuze ko batarabona dossier yabo kandi ko batazi ibyaha baregwa.
Me Buhuru Pierre Celestin utarabonetse ku wa Gatanu ushize kubera y’uko yari afite urundi rubanza niwe wunganira Diane, murumuna we mama wabo Adeline Rwigara.
Me Buhuru yabwiye urukiko ko yinjiye muri System ntabonye imyanzuro yose y’ubushinjacyaha na dosiye y’abakiriya be.
Aha (…) -
Kongo yabeshyuje abahoze muri FDLR batinya gutaha mu Rwanda ngo batagirirwa nabi
31 October 2018, by Nsanzimana ErnestAbahoze mu mutwe w’ inyeshyamba urwanya Leta y’ u Rwanda FDLR bari mu nkambi ya Kisangani baravuga ko badafite uwo bahungiraho kuko Loni yabafashaga yabakuyeho amaboko, Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo ikabirukana bakaba batinya gutaha mu Rwanda.
-
18 batsinze icya Leta bafunze, Perezida Kagame yabahaye imbabazi, RCS iravuga ko bagororotse
20 January 2018, by Nsanzimana ErnestAbana 18 bakoze ikizami cya Leta gisoza amashuri abanza n’ abakoze ikizami cya Leta gisoza ikiciro cya rusange Tronc bari muri gereza ya Nyagatare, bakagitsinda, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yabahaye imbabazi, RCS irizeza Abanyarwanda ko bariya bana bagororotse.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ry’ inama y’ abaminisitiri yo ku wa 19 Mutarama 2018, Ashingiye ku bubasha ahabwa n’Amategeko, Perezida Kagame yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro kuri (…) -
Volleyball: Amakipe ya APR na Kepler yegukanye igikombe cy’Intwari
2 February, by ISHIMWE Jean de DieuAmakipe ya APR volleyball club mu cyiciro cy’abagore na Kepler volleyball club mu bagabo, nibo begukanye irushanwa ry’ubutwari.
-
Hasabwe ko inyito ‘Ubushinjacyaha’ yahinduka hagashakwa indi irimo no gushinjura
26 January, by Angeline MUKANGENZIUmwe mu banyeshuri b’amategeko mu Ishuri Rikuru ryo Kwigisha no Guteza Imbere Amategeko (ILPD) yashyize hanze inyandiko isaba ko inyito ‘Ubushinjacyaha’ yahindurwa hagashakwa irindi jambo ririmo no gushinjura kuko mu gihe cyo kuburana Ubushinjacyaha buba bufite inshingano zo gushinjura.
-
Imirwano ikaze yubuye hagati y’ingabo za Thaïlande na Cambodge
8 December 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Thaïlande n’iza Cambodge zabyukiye mu mirwano ikaze mu rukerera rwo kuri uyu wa 8 Ukuboza 2025 mu gihe impande zombi zishinjanya kurenga ku masezerano y’agahenge yashyizweho umukono mu mezi hafi ane ashize.
Umuryango.rw
Abahanga basaba abakundana kwitegura no kumenyana neza mbere yo kubana mu gihe gatanya zikomeje kwiyongera
Byibuze abasirikare 20 ba Nigeria biciwe mu mirwano na Boko Haram
Dore ibivugwa ku ntandaro yo kuba hari ubushyuhe bukabije muri iyi minsi
U Rwanda rwise ’ubushotoranyi bukomeye’ amagambo ya Minisitiri wa RDC warahiriye kuzafunga P. Kagame
Volleyball: Amakipe ya APR na Kepler yegukanye igikombe cy’Intwari
Hasabwe ko inyito ‘Ubushinjacyaha’ yahinduka hagashakwa indi irimo no gushinjura
Imirwano ikaze yubuye hagati y’ingabo za Thaïlande na Cambodge