Amasezerano y’imyaka itanu yo kohereza gaz y’Abarusiya iciye muri Ukraine igana i Burayi, yarangiye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 1 Mutarama 2025, nyuma y’uko leta ya Kyiv yanze kuyongera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ukraine yanze gukomeza kunyuzwamo gaz y’u Burusiya icuruzwa i Burayi
1 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
AZAM FC yashese akayabo k’ibihumbi 350$ ku banya-Ghana bakinira APR na Police fc
4 October 2024, by Joseph IradukundaAZAM FC yo muri Tanzania yemeye gutanga ibihumbi 350$ ngo ibone umukinnyi wo hagati wa APR FC, Seidu Dauda Yussif ndetse na myugariro wa Police FC, Issah Yakubu.
-
FIC iraburira abatera inkunga iterabwoba
24 March, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Ubutasi mu by’Imari (FIC) kiraburira abantu batanga amafaranga cyangwa indi mitungo irimo n’umutungo w’ubukungu, serivisi z’imari n’izindi serivisi zijyanye na zo, ku bantu bafatiwe ibihano by’imari byihariye bifitanye isano n’iterabwoba.
-
ZACU TV yatoranyijwe mu mishinga ibiri myiza muri Transform Africa 2019
16 May 2019, by UbwanditsiKuri uyu wa kane taliki ya 16/05/2019 ZACUTV.COM urubuga rwashinzwe rufite intego zo kwerekana amashusho mugihe umuntu abisabye(Subscription Video on demand) rwashyizwe kumugaragaro mu inama mpuzamahanga ya Transform Africa Summit 2019.
-
Ingabo za RDC zagabye ibitero bikomeye kuri AFC/M23
15 October 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ingabo z’iki gihugu zagabye ibitero mu bice rigenzura mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.
-
Mozambike: Nibura abantu 21 bamaze gupfira mu myigaragambyo yoingeye kwaduka
25 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNibura abantu 21 baguye mu mvururu nyuma y’uko Urukiko rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga rwa Mozambike ku wa Mbere rwemeje ko ishyaka rimaze igihe kirekire riri ku butegetsi Frelimo ryatsinze amatora ya perezida, nk’uko minisitiri w’umutekano mu gihugu yabitangaje ku wa Kabiri.
-
Perezida Biden yababariye umuhungu we wari warahamijwe ibyaha
2 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yababariye umuhungu we, Robert Hunter Biden, wari warahamijwe ibyaha bifitanye isano n’imbunda yaguze mu buryo bunyuranyije n’amategeko n’icyo kudatanga imisoro.
-
Hamas yagaragaje urutonde rw’abo yashimuse yifuza kurekura
6 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa Hamas wagaragaje urutonde rw’abantu 34 washimutse, ukaba wifuza kubarekura kugira ngo habeho agahenge mu ntambara ikomeje kuwuhuza n’Ingabo za Israel.
-
Umujyi wa Kamembe uri kugaragaramo abarwayi ba COVID-19 benshi wasubijwe muri gahunda ya #Guma mu rugo
4 June 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu yamaze gutangaza ko umujyi wa kamembe wasubijwe muri gahunda ya Guma mu rugo kubera umubare w’abanduye Coronavirus ukomeje kuhaboneka.
-
Gen Makenga yashimangiye ko ashaka gukura Tshisekedi ku butegetsi
6 October 2025, by ISIMBI EstellaUmugaba Mukuru w’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Maj Sultani Makenga, yashimangiye ko afite intego zo gukura ku butegetsi, Perezida Félix Tshisekedi.
Umuryango.rw
Ukraine yanze gukomeza kunyuzwamo gaz y’u Burusiya icuruzwa i Burayi
AZAM FC yashese akayabo k’ibihumbi 350$ ku banya-Ghana bakinira APR na Police fc
FIC iraburira abatera inkunga iterabwoba
Ingabo za RDC zagabye ibitero bikomeye kuri AFC/M23
Mozambike: Nibura abantu 21 bamaze gupfira mu myigaragambyo yoingeye kwaduka
Perezida Biden yababariye umuhungu we wari warahamijwe ibyaha
Hamas yagaragaje urutonde rw’abo yashimuse yifuza kurekura
Umujyi wa Kamembe uri kugaragaramo abarwayi ba COVID-19 benshi wasubijwe muri gahunda ya #Guma mu rugo
Gen Makenga yashimangiye ko ashaka gukura Tshisekedi ku butegetsi