Inzego z’Ubuyobozi muri Kenya zatangaje ko mu mpanuka y’indege yabereye muri iki gihugu yaguyemo abantu batandatu hari harimo n’umudepite, Johana Ng’eno.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya: Umudepite yaguye mu mpanuka y’indege
1 March, by Angeline MUKANGENZI -
Rayon Sport idafite Robertinho yatumwe atatu mu mukino uzayihuza na Police FC kuri uyu wa gatandatu
3 January 2025, by Joseph IradukundaUmutoza wa Rayon Sports, Robertinho ntazatoza umukino wa Police Fc nyuma yo kumenyesha ikipe ko afite ikibazo cy’uburwayi bw’ijisho agomba kubanza kubagwa.
-
CAN 2025: Abafana binjiriraga ubuntu bacukijwe
28 December 2025, by ISIMBI EstellaKomite ishinzwe imigendekere myiza y’Igikombe cya Afurika cya 2025 mu Mujyi wa Agadir muri Maroc, yatangaje ko nta bafana bazongera kwinjira ku mikino ibera kuri Grand Stade d’Agadir nta matike bafite.
-
RDF yavuze Ku bisasu byongeye kugwa Ku butaka bw’u Rwanda biturutse RDC
11 June 2022, by Dusingizimana RemyIgisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko igisirikare cya FARDC ari cyo cyarashe ibisasu bibiri bya roketi 122mm ku butaka bw’u Rwanda biturutse mu gace ka Bunagana.
Ni ibisasu byarashwe mu kagari ka Nyabigoma, Umurenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Kamena 2022, ku isaha ya Saa 11:55.
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko ibi bisasu ntawe byakomerekeje ariko byateye ubwoba abaturage b’aho byaguye.
Ubu bushotoranyi bwa FARDC bukurikiye ubundi bwo kuwa 19 (…) -
BAHATI CLAUDE yasabye guhindura amazina akitwa CLAUDE RUGABA BAHATI
14 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa Uwitwa BAHATI CLAUDE yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa CLAUDE RUGABA BAHATI mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano hasi -
Kenya: Gachagua yavuze ibyo yahawe ngo ashyigikire Perezida Ruto
27 August 2025, by ISIMBI EstellaRigathi Gachagua wabaye Visi Perezida wa Kenya yatangaje ko yabanje kuganira na Ruto bemeranya ko kugira ngo amushyigikire mu matora y’umukuru w’igihugu, muri Guverinoma y’abaminisitiri 22, hagomba kubamo umunani bo mu gace akomokamo.
-
Ingabo za Amerika ziri gusuzuma uko zakorana n’iza RDC
24 January, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye na Afurika (AFRICOM) buri gusuzuma uko zakorana n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
RDC: Tshisekedi yahamagaje inteko rusange y’igitaraganya y’Abadepite na Sena
4 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yahamagaje inama idasanzwe y’Inteko ishinga Amategeko ku ruhande rw’Abadepite na Sena, ngo bige ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bw’igihugu by’umwihariko ifatwa rya Goma.
-
Sobanukirwa byinshi ku kayabo umuraperi Kanyewest atanga nk’indezo buri kezi
14 April 2025, by Gladiator OGUmuraperi Kanye West uzwi cyane nka Ye , kuri uyu munsi niwe mugabo utanga indezo ya mafaranga menshi muri Leta zunze ubumwe za America hose, uyu muraperi yarushinze n’Umunyamideri Kim kardashian mu mwaka w’i 2014 gusa bakaba bararushinze bamaze igihe baziranye. Kim Kardashian na Kanye west baje gutandukana mu mwaka w’i 2022 buri wese anyura ize nzira gusa bemeranya kujya bahuriza ku nshingano zo kwita ku bana babo bane aribo ; North West, Saint West, Chicago West na Psalm West.
Nyuma (…) -
Abanyarwanda baba mu Buholandi bizihije Umunsi w’Intwari
8 February, by Angeline MUKANGENZIAbanyarwanda batuye mu Buholandi n’abandi baturutse Bubiligi bizihije Umunsi w’Intwari z’u Rwanda, bahabwa umukoro wo kuba intwari zakwitangira Igihugu, ndetse abakiri bato bigishwa ururimi gakondo.
Umuryango.rw
Rayon Sport idafite Robertinho yatumwe atatu mu mukino uzayihuza na Police FC kuri uyu wa gatandatu
CAN 2025: Abafana binjiriraga ubuntu bacukijwe
RDF yavuze Ku bisasu byongeye kugwa Ku butaka bw’u Rwanda biturutse RDC
BAHATI CLAUDE yasabye guhindura amazina akitwa CLAUDE RUGABA BAHATI
Kenya: Gachagua yavuze ibyo yahawe ngo ashyigikire Perezida Ruto
Ingabo za Amerika ziri gusuzuma uko zakorana n’iza RDC
RDC: Tshisekedi yahamagaje inteko rusange y’igitaraganya y’Abadepite na Sena
Sobanukirwa byinshi ku kayabo umuraperi Kanyewest atanga nk’indezo buri kezi
Abanyarwanda baba mu Buholandi bizihije Umunsi w’Intwari