Nizeyimana Odo wamamaye nka Khalfan yemeje ko ari mu rukundo n’umuhanzikazi Irumva Jeanne D’Arc uzwi nka Oxygen ndetse aba bombi basigaye babana nk’umugore n’umugabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Khalfan ari kubana na Oxygen
26 August 2025, by ISIMBI Estella -
Nyamagabe: Batatu batawe muri yombi bazira gusenyera umwisengeneza wabo
22 September 2025, by ISIMBI EstellaAbagore batatu bavukana bo mu Karere ka Nyamagabe, batawe muri yombi bazira gusenya inzu y’umukobwa babereye nyirasenge bagamije kumumenesha.
-
Menya Sumbu Sita wasimbuye Tshibangu nk’intumwa mu bibazo bya RDC n’u Rwanda
1 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yashyizeho Sumbu Sita Mambu nk’intumwa ye Nshya yiharariye mu bibazo bya RDC n’u Rwanda asimbuye Serge Tshibangu.
-
Papa Leo XIV yikoreye umusaraba; ibyaherukaga mu myaka irenga 30 ishize
4 April, by ISIMBI EstellaKu wa Gatanu Mutagatifu, Papa Leo XIV w’imyaka 70 yagaruye umuco wa kera, ayobora abantu bagera ku bihumbi 30 mu isengesho ry’Inzira y’Umusaraba mu byiciro byose uko ari 14 mu nyubako y’amateka y’i Roma, Colosseum, abikora yikoreye umusaraba.
-
Amavubi yakoze ibyo yasabwaga akura 3 kuri Bénin yari herutse kuyagarika– AMAFOTO
16 October 2024, by Joseph IradukundaImbere ya Minisitiri wa Siporo, Nyirishema Richard, Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yihimuye kuri Bénin yatsinze ibitego 2-1 mu mukino wa kane wo mu itsinda D ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2025.
-
RDC: Undi mutwe wa Wazalendo witwa UFRC wifatanyije na AFC/M23
15 April 2025, by Joseph IradukundaJoel Namunene Muganguzi, umuyobozi wa politiki w’Ubumwe bw’ingabo ziharanira kongera Kubaka Congo (UFRC), umutwe wo kwirwanaho wabarizwaga muri VDP Wazalendo mu misozi ya Uvira (Kivu y’Amajyepfo), yatangaje ku mugaragaro ko biyunze kuri (AFC / M23) iyobowe na Corneille Nangaa.
-
Abanyarwanda batatu bitabiriye Shampiyona y’Isi ya Taekwondo ikinirwa ku ikoranabuhanga
14 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbanyarwanda batatu bakina Taekwondo, bari hamwe n’umutoza wabo, bahagurutse i Kigali ku wa Gatatu, berekeza muri Shampiyona y’Isi ikinirwa ku ikoranabuhanga (Virtual Taekwondo World Championships) izabera muri Singapore.
-
Perezida Ruto yasuye u Rwanda [AMAFOTO]
4 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Kenya, William Ruto, uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.
Perezida wa Kenya William Ruto yageze mu Rwanda ahagana Saa Saba z’amanywa yakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Vincent Biruta, ku Kibuga cy’Indege cya Kigali, akomereza muri Village Urugwiro yakirwa na Perezida Kagame.
Uru ruzinduko rwa Perezida Ruto rugamije gushimangira ubucuruzi n’ubuhahirane muri Afurika y’Iburasirazuba no ku mugabane wa Afurika muri rusange. (…) -
Bishop Rugagi yatamaje umusaza wamwiyitiriye
11 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmushumba mukuru w’ itorero Redeemed gospel church Bishop Innocent Rugagi yavuze ko wa musaza wiyise se atari se kuko ise yapfuye mu 1987.
Mu mpera za Gicurasi 2017, hari umusaza wagiye mu itangazamakuru avuga ko ari se wa Bishop Rugagi. Icyo gihe uwo musaza yavuze ko azi neza Bishop Rugagi kuko yamwibyariye yongeraho ko ibitangaza Rugagi akora ari ubutekamutwe.
Mu kiganiro yahaye Abanyamakuru kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Ugushyingo 2017, Bishop Rugagi yavuze ko uwo musaza ari (…) -
Nkaka Longin wayoboraga Muhazi United yeguye
7 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwari Perezida wa Muhazi United, Nkaka Longin, yeguye kuri izo nshingano nyuma y’ibibazo by’ubukungu bivugwa muri iyi kipe iheruka kumanuka mu Cyiciro cya Kabiri ndetse no gutereranwa n’ubuyobozi.
Umuryango.rw
Khalfan ari kubana na Oxygen
Nyamagabe: Batatu batawe muri yombi bazira gusenyera umwisengeneza wabo
Menya Sumbu Sita wasimbuye Tshibangu nk’intumwa mu bibazo bya RDC n’u Rwanda
Papa Leo XIV yikoreye umusaraba; ibyaherukaga mu myaka irenga 30 ishize
Amavubi yakoze ibyo yasabwaga akura 3 kuri Bénin yari herutse kuyagarika– AMAFOTO
RDC: Undi mutwe wa Wazalendo witwa UFRC wifatanyije na AFC/M23
Abanyarwanda batatu bitabiriye Shampiyona y’Isi ya Taekwondo ikinirwa ku ikoranabuhanga
Perezida Ruto yasuye u Rwanda [AMAFOTO]
Nkaka Longin wayoboraga Muhazi United yeguye