Ingabo za Israel zakomeje kugaba ibitero muri Gaza aho abarenga 40 bamaze kuhasiga ubuzima, bikorwa nyuma y’amasaha make umuhuza mu biganiro atangaje ko impande zombi zemeranyije agahenge.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibitero bya Israel byahitanye abantu 40 muri Gaza nyuma yo kwemeranya na Hamas agahenge
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abongereza ntibagaragaza inyota yo kujya mu gisirikare
23 December 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cy’u Bwongereza gikomeje kugorwa no kubona abakozi, aho n’abarimo bari gusezera mu kazi umusubizo nubwo izamuka ry’imishahara rigeze kuri 6%.
-
Perezida Sassou Nguesso yatangaje ko yiteguye kuba umuhuza w’u Rwanda na RDC
17 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe João Lourenço, umuhuza hagati ya RDC n’u Rwanda, agomba kwibanda ku mirimo ye mishya y’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika Yunze ubumwe (AU), Denis Sassou Nguesso, ukomeje umubano mwiza na Tshisekedi na Kagame, yavuze ko “yiteguye” kuba umuhuza mu gushaka igisubizo cy’amahoro mu makimbirane hagati y’impande zombi.
-
Kigali: Ambasade ya Amerika yasabye abakozi bayo kuzakorera mu rugo mu gihe cya shampiyona y’Isi y’amagare
10 September 2025, by ISIMBI EstellaAmbasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda yasabye abakozi bayo gukorera mu rugo mu gihe i Kigali hazaba habera shampiyona y’Isi y’amagare.
-
Koreya y’Epfo: Abadepite batambamiye iyeguzwa rya Perezida Yoon Suk Yeol
9 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbagize Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya y’Epfo babarizwa mu ishyaka rya People Power riri ku butegetsi batambamiye iyeguzwa rya Perezida Yoon Suk Yeol, nyuma y’aho atangarije ibihe bidasanzwe, agamije kwivuna abo yise abanzi b’igihugu bigateza urunturuntu.
-
Ituri: Inyeshyamba za ADF zisaba abahinzi amadorari 10 kugirango bajye mu mirima yabo
13 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu mijyi yo mu cyaro mu turere twa Mambasa na Irumu mu ntara ya Ituri, inyeshyamba zo mu mutwe w’ingabo ziharanira demokarasi (ADF) zashyizeho jetons zemerera abantu, abenshi muri bo bakaba ari abahinzi, kujya mu mirima yabo nyuma yo kwishyura.
-
U Bufaransa: Hashyizweho imikino y’amahirwe yo gutsindira imva mu marimba akunzwe
6 November 2025, by ISIMBI EstellaUmujyi wa Paris mu Bufaransa washyizeho umukino w’amahirwe (lottery) ku mva 30 ziri mu marimbi atatu akunzwe cyane muri uyu mujyi, aho uzatsinda azabasha kugura imwe mu mva izo mva.
-
Turkiya: Abatuye Lice basinze umwotsi w’urumogi rwatwikiwe mu mujyi
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Turkey, abaturage basaga 25.000 batuye mu Mujyi muto wa Lice mu Ntara ya Diyarbakır bisanze basinze urumogi batabigambiriye, ahubwo biturutse ku mwotsi mwinshi warwo waturukaga aho polisi ishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge yarutwikiye iruvanye mu mukwabu.
-
Byagenze gute ngo Rayon Sports iterete birangire Police FC irongoye
7 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu masaha make cyane Byiringiro Lague wari utegerejwe nk’umukinnyi mushya wa Rayon Sports yatangajwe nk’umukinnyi wa Police FC, aho yasinye amasezerano azarangira mu mpeshyi ya 2026.
-
Madamu Jeannette Kagame ari mu bitabiriye siporo rusange[AMAFOTO]
1 December 2019, by Martin MunezeroMadamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali n’abitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Cyorezo cya Sida n’Indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina muri Afurika, ICASA, mu munsi wahariwe Siporo rusange uzwi nka ‘Car Free Day’.
Umuryango.rw
Ibitero bya Israel byahitanye abantu 40 muri Gaza nyuma yo kwemeranya na Hamas agahenge
Abongereza ntibagaragaza inyota yo kujya mu gisirikare
Perezida Sassou Nguesso yatangaje ko yiteguye kuba umuhuza w’u Rwanda na RDC
Kigali: Ambasade ya Amerika yasabye abakozi bayo kuzakorera mu rugo mu gihe cya shampiyona y’Isi y’amagare
Koreya y’Epfo: Abadepite batambamiye iyeguzwa rya Perezida Yoon Suk Yeol
Ituri: Inyeshyamba za ADF zisaba abahinzi amadorari 10 kugirango bajye mu mirima yabo
U Bufaransa: Hashyizweho imikino y’amahirwe yo gutsindira imva mu marimba akunzwe
Turkiya: Abatuye Lice basinze umwotsi w’urumogi rwatwikiwe mu mujyi
Byagenze gute ngo Rayon Sports iterete birangire Police FC irongoye