Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame,yavuze ko imihangayiko ibihugu biherereye mu Burengerazuba bw’isi biterwa no kuba Ubushinwa bukorana bya hafi na Afurika zidakwiriye kuyihungabanya kuko ariyo izi ibyo ikeneye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yavuze ko ishyari ibihugu by’iburengerazuba bifitiye Ubushinwa ridakwiriye guhungabanya Afurika
1 May 2019, by Dusingizimana Remy -
DORE IBINTU 10 USHOBORA KUBA UTARUZI KURI Amb. Joseph HABINEZA WIGEZE KUBA MINISTIRI WA SIPORO MU RWANDA.
3 February 2025, by ISIMBI EstellaNyakwigendera Amb. joseph Habineza ni umwe mu bayobozi bagize igikundiro gihambaye ubwo yari umuyobozi , gusa hari ingingo 10 z’ibintu ushobora kuba utaramenye kuri uyu munyabigwi birimo ko yigeze gukina umukino wa volleyball ku rwego rukomeye , kuba umuyobozi wa heinken n’ibindi byinshi. muri iyi nkuru mutwemerere tugaruke ku bintu 10 ushobora kuba utazi kuri nyakwigendera ambasaderi joseph habineza wamamaye ku kazina ka Joe Habineza.
-
Abantu 6 nibo basanganywe Coronavirus kuri iki cyumweru abandi 7 barakira barasezererwa
12 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri iki Cyumweru Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 6 aribo basanganywe Coronavirus mu Rwanda mu bipimo 1160 byafashwe kuri iki cyumweru tariki ya 12 Mata 2020 mu gihe abandi 7 bakize Coronavirus mu masaha 24 ashize.
-
Nyabihu: Gitifu w’umurenge yakiriye umukecuru umutwaro w’inkwi
24 May 2018, by Nsanzimana ErnestNdandu Marcel, Umunyamabanga Nshingabikorwa w’Umurenge wa Rurembo mu Karere ka Nyabihu, yagaragaye yikoreye umutwaro w’inkwi yari yakiriye umucecuru bitangaza benshi mu bamubonye.
-
Oya humura SI amarozi biravurwa bigacyira ntihakagira abababeshya SHANGAZI Dative akuzaniye Umuti
4 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKubantu mutera akabariro mugahita murangiza uwo mubikorana atararangiza cg ntimurangize ugasanga bamwe bibaviriyemo imigongo idakira n’Ibindi bibazo
Niba warabuze umunezero muburiri bitewe nuko Imibonano mpuza bitsina itagenda neza SHANGAZI Dative atubwiye ikibitera n’ikibivura"Wikwirenganya ngo n’Imisemburo micye oya Igisubizo kirahari izo mpamvu zose habonetse igisubizo"* -
Handball: Police HC yo mu Rwanda yabuze igikombe nyuma yo kugera mu mikino yanyuma
22 December 2024, by Joseph IradukundaIkipe ya National Cereals and Produce Board yo muri Kenya yatsinze Police HC yo mu Rwanda ibitego 30-27, yegukana irushanwa rihuza amakipe yo mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba muri Handball ‘ECAHF Senior Club Championship’ ryaberaga i Kigali rikinwa ku nshuro ya 42 .
-
Perezida Kagame yagaragaje impungenge kuri gatanya n’amashusho y’urukozasoni byeze mu Rwanda
19 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yatangaje ko abayobozi mu nzego zitandukanye n’abagize umuryango nyarwanda bakwiye kwita ku burere buhabwa abantu muri rusange kuko nta muryango cyangwa idini byigisha kwambara ubusa, ahamya ko ubikoze no mu mutwe we nta kintu kiba kirimo.
-
Amerika: Urukiko rwongeye gusubika urubanza rw’ukekwaho gutegura ibitero by’iterabwoba mu 2001
11 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rukorera mu kigo cy’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cya Guantanamo Bay kuri uyu wa 10 Mutarama 2025 rwongeye gusubika urubanza rwa Khalid Sheikh Mohammed ukekwaho gutegura ibitero by’iterabwoba byagabwe ku magorofa y’ubucuruzi ya World Trading Center no ku cyicaro gikuru cy’igisirikare, Pentagon, muri Nzeri 2001.
-
Ruracyageretse hagati ya Afurika y’Epfo na Israel ishinja gukora jenoside muri Gaza
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko izakomeza gusaba urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye (ICJ) kwemeza ko ingabo za Israel ziri gukorera jenoside mu ntara ya Gaza muri Palestine.
-
Abacyekwaho kwiba inka 17 muri 25 zibwe Polisi yabafashe
17 October 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’u Rwanda yatahuye inka 17 zari zaribwe mu duce dutandukanye two mu Ntara y’Iburasirazuba, hafatwa na bamwe mu bacyekwaho kuziba .
Umuryango.rw
DORE IBINTU 10 USHOBORA KUBA UTARUZI KURI Amb. Joseph HABINEZA WIGEZE KUBA MINISTIRI WA SIPORO MU RWANDA.
Abantu 6 nibo basanganywe Coronavirus kuri iki cyumweru abandi 7 barakira barasezererwa
Oya humura SI amarozi biravurwa bigacyira ntihakagira abababeshya SHANGAZI Dative akuzaniye Umuti
Handball: Police HC yo mu Rwanda yabuze igikombe nyuma yo kugera mu mikino yanyuma
Perezida Kagame yagaragaje impungenge kuri gatanya n’amashusho y’urukozasoni byeze mu Rwanda
Amerika: Urukiko rwongeye gusubika urubanza rw’ukekwaho gutegura ibitero by’iterabwoba mu 2001
Ruracyageretse hagati ya Afurika y’Epfo na Israel ishinja gukora jenoside muri Gaza
Abacyekwaho kwiba inka 17 muri 25 zibwe Polisi yabafashe