Perezida wa Madagascar, Col. Michael Randrianirina yatangaje ko Mamitiana Rajaonarison ari we yagize Minisitiri w’Intebe mushya nyuma yo gusesa Guverinoma mu cyumweru gishize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma
16 March, by Angeline MUKANGENZI -
Ukraine ikeneye abasirikare bashya 500,000 ngo ikomeze guhangana n’Uburusiya
5 November 2024, by Joseph IradukundaUmunyamabanga wa leta mu by’umutekano n’ubutasi muri Ukraine, Roman Kostenko, yatangaje ko ko bakeneye abasirikare bashya nibura 500,000 kugira ngo basimbure abaguye ku rugamba bahanganyemo n’u Burusiya.
-
Davido yiyemeje gufungisha Nyina w’umukobwa ukomeje kumwita Se, Imyambaro ya Burna Boy yamubujije kwinjira muri Morocco: Avugwa hanze mu myidagaduro
19 January, by ISIMBI EstellaUmuhanzi ukomeye mu muziki wa Nigeria, Davido, yatangaje ko nibiba ngombwa aza gufungisha Nyina w’umukobwa ukomeje kumwita ko ari Se kuko ibyo bari kumukorera ari isebanya rikabije.
-
Venezuela: Abantu ibihumbi bigaragambije basaba ko Maduro arekurwa
4 February, by Angeline MUKANGENZIIbihumbi by’abantu bakoze imyigaragambyo y’amahoro mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas basaba ko Perezida Nicolás Maduro n’umugore we, Cilia Flores, barekurwa nyuma y’ukwezi ashimuswe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Amerika yatangaje ko uwatsinzwe amatora muri Venezuela ari we ifata nka Perezida
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBwa mbere, Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Edmundo Gonzalez watsinzwe na Nicolas Maduro mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ari we ifata nka Perezida watowe.
-
Abakiriya ba Tigo Rwanda bagiye guhita bajya ku murongo wa Airtel
19 December 2017, by Nsanzimana ErnestBharti Airtel yasinye amasezerano na Millicom International Cellular akubiyemo ko Airtel Rwanda Ltd ifata 100% bya Tigo Rwanda Ltd. Tigo yari isanzwe ariyo kompanyi ya kabiri mu bakiriya benshi mu by’itumanaho mu Rwanda.
Ibi byatangajwe ni ikinyamakuru The Economic Times cyo mu Buhinde.
Sunil Bharti Mittal umuyobozi mukuru wa Bharti Airtel yatangaje ko Airtel yafashe ingamba nshya muri Africa zo gukomeza isoko ryayo mu bihugu bike isigayemo ikagera kuri benshi.
Yibukije ko Airtel na (…) -
Bugesera: Minisitiri Dr Utumatwishima yeretse urubyiruko imbarutso y’iterambere
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Urubyiruko n’iterambere ry’ubuhanzi Dr Minisitiri Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yabwiye urubyiruko rwo mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba ko gutera imbere bituruka ku myitwarire myiza.
-
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje igihe ingendo z’indege zitwara abagenzi zizafungurirwa
4 July 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko guhera tariki 1 Kanama 2020 ibibuga byose byo mu Rwanda bizongera kwakira ingendo z’indege nyuma yo kuzihagarika kuwa 20 Werurwe mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus.
-
U Rwanda U20 rwanyagiye Zimbabwe mu Irushanwa Nyafurika rya Handball
4 November 2024, by Joseph IradukundaIkipe y’Igihugu ya Handball mu Batarengeje imyaka 20 yatsinze Zimbabwe ibitego 55-23 mu Irushanwa Nyafurika, #IHFTrophy, riri kubera muri Ethiopia.
-
Perezida Zelensky yatangaje ko inyandiko za Amerika zizeza igihugu cye umutekano zamaze gutegurwa
26 January, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymr Zelensky, yatangaje ko inyandiko za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zizeza igihugu cye zamaze gutegurwa 100% hasigaye gusa kuzishyiraho umukono.
Umuryango.rw
Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma
Ukraine ikeneye abasirikare bashya 500,000 ngo ikomeze guhangana n’Uburusiya
Davido yiyemeje gufungisha Nyina w’umukobwa ukomeje kumwita Se, Imyambaro ya Burna Boy yamubujije kwinjira muri Morocco: Avugwa hanze mu myidagaduro
Venezuela: Abantu ibihumbi bigaragambije basaba ko Maduro arekurwa
Amerika yatangaje ko uwatsinzwe amatora muri Venezuela ari we ifata nka Perezida
Bugesera: Minisitiri Dr Utumatwishima yeretse urubyiruko imbarutso y’iterambere
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje igihe ingendo z’indege zitwara abagenzi zizafungurirwa
U Rwanda U20 rwanyagiye Zimbabwe mu Irushanwa Nyafurika rya Handball
Perezida Zelensky yatangaje ko inyandiko za Amerika zizeza igihugu cye umutekano zamaze gutegurwa