Muvunyi Paul wahoze ari Perezida wa Rayon Sports yatangaje ko ikipe imwe mu Rwanda ari yo batinya ndetse bakanubaha, ko ariko na yo Hari ubwo bayica mu rihumye bakayitwara igikombe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Muvunyi yavuze ko hari ikipe imwe mu Rwanda Rayon itinya abakunzi barikanga
2 November 2024, by Joseph Iradukunda -
ITANGAZO RY’IKOMEZA RYA CYAMUNARA Y’IMITUNGO ITIMUKANWA
22 July 2025, by UbwanditsiUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha ko azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa iherereye mu karere ka Rubavu
Soma itangazo rirabuye aho hasi……… -
Urwego rw’Amerika rurinda abategetsi bo hejuru ruvuga ko ruzi iby’ubutumwa bwa Elon Musk kuri Harris na Biden
17 September 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’Amerika rushinzwe gucunga umutekano w’abategetsi bo hejuru n’abahoze ari abategetsi bo hejuru ruvuga ko ruzi ubutumwa Elon Musk yatangaje ku rubuga nkoranyambaga, aho yavugaga ko "nta muntu n’umwe urimo no kugerageza" kwica Perezida w’Amerika Joe Biden cyangwa Visi Perezida Kamala Harris.
-
Leta ya RDC yemeye ko yatumye ingabo zayo zitsindwa na AFC/M23
9 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ingabo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Mudiamvita, yemeye ko Leta ari yo yatumye abasirikare bayo batsindwa n’ihuriro AFC/M23.
-
Israel Mbonyi yaciye agahigo ko gukurikirwa cyane kuri Youtube
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi yaciye agahigo ko kuba umuhanzi nyarwanda wa mbere ukurikirwa n’abantu benshi ku rubuga rwa Youtube.
Ni umwanya agezeho awusimbuyeho Ngabo Jobert Medard uzwi nka Meddy, nawe usigaye akora imiziki indirimbo zo guhimbaza no kuramya Imana zizwi nka gospel.
Mbonyi abigezeho nyuma yo kugira abamukurikira (Subscribers) barenga milliyoni n’ibihumbi 44, mu gihe Meddy we afite abamukurikira barenga milliyoni n’ibihumbi 43.
Uretse (…) -
Ba mukerarugendo 4 bapfiriye mu mpanuka y’Ubwato ku Nkombe ya Misiri
26 November 2024, by Joseph IradukundaAbantu bane bitabye Imana bazize impanuka y’ubwato bwari butwaye ba mukerarugendo ku nkombe y’inyanja itukura ya Misiri.
-
Rubavu: Akari ku mutima w’ababyeyi babuze abana babo muri 2018 bakabona imirambo yabo kuri uyu wa Mbere
2 November 2021, by Dusingizimana RemyAbana bane babuze icya rimwe tariki 15/09/2018, umubyeyi w’umwe, abaturage, n’abategetsi baremeza ko ari bo babonetse kuwa mbere nijoro mu buvumo buri hafi y’iwabo mu burengerazuba bushyira amajyaruguru.
-
Perezida Kagame yongeye kunenga ibihugu bikomeje kwirata ko byageze kuri demokarasi
12 October 2022, by Dusingizimana RemyUbwo yatangizaga nteko rusange y’ihuriro ry’inteko zishinga amategeko ku isi, Perezida Paul Kagame yanenze ibihugu bimwe bigikomeje kwigira abarimu ba Demokarasi.
Ibi yabigarutseho mu nama ya 145 ya IPU aho abanyamuryango bayo barimo kuganira ku ruhare rw’inteko zishinga amategeko mu guteza imbere ihame ry’uburinganire, nk’uburyo bufasha isi kwishakamo ibisubizo no kugera ku mahoro arambye.
Perezida Kagame yashimye insanganyamatsiko yatoranyijwe kuko amahoro na demokarasi ari ibintu (…) -
Ubutumwa bw’Ingabo za SADC muri RDC bwashyizweho iherezo
13 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa SADC, kuri uyu wa Kane yashyize iherezo ku butumwa ingabo z’uyu muryango zari zimazemo igihe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Hagaragaye abantu 3 bashya banduye Coronavirus mu Rwanda…Abantu bane bakize kuri uyu wa Kabiri
21 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri y’ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Mata 2020,yafashe ibipimo 1,449 byagaragaje ko abantu 3 bashya banduye Coronavirus mu gihe abantu 4 aribo bakize.Umubare w’abanduye Coronavirus ugeze ku bantu 150 mu gihe abakize bose ari 84.
Umuryango.rw
Muvunyi yavuze ko hari ikipe imwe mu Rwanda Rayon itinya abakunzi barikanga
ITANGAZO RY’IKOMEZA RYA CYAMUNARA Y’IMITUNGO ITIMUKANWA
Urwego rw’Amerika rurinda abategetsi bo hejuru ruvuga ko ruzi iby’ubutumwa bwa Elon Musk kuri Harris na Biden
Leta ya RDC yemeye ko yatumye ingabo zayo zitsindwa na AFC/M23
Israel Mbonyi yaciye agahigo ko gukurikirwa cyane kuri Youtube
Ba mukerarugendo 4 bapfiriye mu mpanuka y’Ubwato ku Nkombe ya Misiri
Rubavu: Akari ku mutima w’ababyeyi babuze abana babo muri 2018 bakabona imirambo yabo kuri uyu wa Mbere
Perezida Kagame yongeye kunenga ibihugu bikomeje kwirata ko byageze kuri demokarasi
Ubutumwa bw’Ingabo za SADC muri RDC bwashyizweho iherezo
Hagaragaye abantu 3 bashya banduye Coronavirus mu Rwanda…Abantu bane bakize kuri uyu wa Kabiri