Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko nta ruhare ziteze kugira mu biganiro by’inama y’ihuriro G20 izatangira tariki ya 22 Ugushyingo 2025, zishinja Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo kuvugavuga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yashinje Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo ‘kuvugavuga’
21 November 2025, by ISIMBI Estella -
Putin yishimiye uburyo ubukungu bw’u Burusiya bukomeje kwihagararaho
27 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yagaragaje ko ubukungu bw’igihugu cye bwakomeje kwihagararaho mu myaka ibiri ishize nubwo bwanyuze mu bibazo bikomeye, birimo ibihano karundura bwafatiwe n’ibihugu by’i Burayi na Amerika.
-
Karongi: Inkuba Yakubise Abantu 12 bane muri bo bahasiga ubuzima
6 January 2025, by Joseph IradukundaMu Karere ka Karongi mu Murenge wa Murambi mu Kagari ka Mubuga, haravugwa urupfu rw’abantu bane bazize inkuba yabakubise kuri iki Cyumweru. Muri rusange yakubise abantu 12 nk’uko Meya wa Karongi Gerald Muzungu yabibwiye Taarifa Rwanda.
-
Koreya y’Epfo igiye guha abaturage bayo amafaranga y’ubuntu
6 July 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bwa Koreya y’Epfo bwatangaje ko bugiye guha abaturage bose b’icyo gihugu amafaranga y’ubuntu, agamije gufasha mu kuzamura ubukungu binyuze mu kongerera abaturage ubushobozi bwo kugura ibintu bitandukanye.
-
Muhanga: Abize ibijyanye na Muzika bahawe ikizamini cya Leta bagombaga kuzakora ku munsi w’ejo
12 November 2019, by Dusingizimana RemyAbanyeshuli 21 biga umuziki ku Nyundo bakoreye ikizamini cya Leta kuri Site ya JAM Fred Nkunda-Shyogwe mu Murenge wa Shyogwe basanze bahawe ikizamini cya Music Notation bari kuzakora ejo birangira gisubitswe.
-
Gicumbi: Umukobwa w’imyaka 22 arashinjwa kubyara umwana akamutera icyuma
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuwa Kabiri, itariki 18 Werurwe, bwaregeye Urukiko rw’ Ibanze rwa Byumba ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, Umukobwa w’imyaka 22 y’amavuko utuye mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Rutare, ukurikiranyweho icyaha cyo kwica Umwana yibyariye amuteye icyuma.
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#23: Urugendo rwa Bamporiki Edouard muri politiki wageze I Kigali bwa mbere muri 2000 afite ibiceri 300 FRW gusa
12 July 2021, by Dusingizimana RemyIBYAKOZWE N’INTUMWA EP#23 kigaruka ku buzima bwa Hon Bamporiki Edouard! Aherutse kwemeza ko atunze Miliyari yarinjiranye muri Kigali ibiceli 300 ubwo ngo yawugeragamo muri 2000! Hon Bamporiki ukunda gutungurana, wazamuye impano ye y’ubuhanzi ikaza no kumwinjiza muri Politiki yabigenje ate ngo imiryango yose yikingure aho yabaga ageze hose? Harimo iyihe mibare ngo umuhanzi arambagizwe muri Politiki? Abamutega imitego n’iminsi baba bamuziza iki?
Hon. Bamporiki Edouard ni muntu ki? (…) -
Hamenyekanye indwara yahitanye uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda
6 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMinisitiri w’Ubuzima muri Uganda, Jane Ruth Aceng yavuze ko uwari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu, Jacob Oulanyah yapfuye azize kanseri yari amaranye iminsi yatumye bimwe mu bice bigize umubiri we bihagarara gukora neza.
Ibi Minisiri Aceng yabigarutseho ku wa Kabiri ubwo yasobanuriraga abadepite byinshi ku rupfu rw’umuyobozi wabo. Ni nyuma y’uko kuva uyu mugabo yakwitaba Imana hari hataratangazwa impamvu y’urupfu rwe.
Yavuze ko mu 2019 aribwo byatahuwe ko Jacob Oulanyah (…) -
Indorerezi za AU zemeje ko amatora muri Tanzania atakurikije amahame ya Demokarasi
6 November 2025, by ISIMBI EstellaIndorerezi z’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), zatangaje ko amatora yabaye muri Tanzania tariki 29 Ukwakira 2025, atakurikije amahame ya demokarasi ajyanye n’ubwisanzure mu matora, ndetse yahise
-
Leta y’u Rwanda igiye gutangira kugenzura ibivugirwa ku mbuga nkoranyambaga
13 May 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ikoranabuhanga mu Itumanaho no guhanga Udushya, Ingabire Paula, yatangarije Inteko Ishinga Amategeko ko Leta y’u Rwanda igiye gushyiraho ingamba zigenzura ibinyuzwa ku mbuga nkoranyambaga hagamijwe guhangana n’amakuru y’ibihuha anyuzwa kuri uyu muyoboro wayobotswe na benshi.
Umuryango.rw
Amerika yashinje Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo ‘kuvugavuga’
Putin yishimiye uburyo ubukungu bw’u Burusiya bukomeje kwihagararaho
Karongi: Inkuba Yakubise Abantu 12 bane muri bo bahasiga ubuzima
Koreya y’Epfo igiye guha abaturage bayo amafaranga y’ubuntu
Gicumbi: Umukobwa w’imyaka 22 arashinjwa kubyara umwana akamutera icyuma
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#23: Urugendo rwa Bamporiki Edouard muri politiki wageze I Kigali bwa mbere muri 2000 afite ibiceri 300 FRW gusa
Hamenyekanye indwara yahitanye uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda
Indorerezi za AU zemeje ko amatora muri Tanzania atakurikije amahame ya Demokarasi