Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azitabira umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe uzabera muri Leta ya New Jersey ku wa 13 Nyakanga 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yemeje ko azitabira ‘finale’ y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe
9 July 2025, by ISIMBI Estella -
RDC: Umuyobozi wa Gereza ya Makala yiciwemo imfungwa 129 ari guhigwa
6 September 2024, by Joseph IradukundaUmuyobozi wa Gereza Nkuru ya Makala iherereye I Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Joseph Yusufu Maliki, yahagaritswe ku mirimo ye Kandi Ari gushskishwa nk’uko amakuru menshi agera kuri RFI abitangaza.
-
Joxy Parker yibarutse imfura
7 June 2025, by ISIMBI EstellaIngabire Josiane uzwi nka Joxy Parker yasangije abamukurikira amafoto amugaragaza akuriwe, gusa amakuru agahamya ko yamaze kwibaruka umwana w’umukobwa mu minsi ishize.
-
Intasi za Israel zashinjwe ko zari zikizi: Imyaka 24 irashize Amerika igabweho igitero simusiga
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Carlson Tucker, yatangaje ko ari mu myiteguro yo gushyira hanze filime mbarankuru igaruka ku bitaravuzwe ku gitero cy’iterabwoba igihugu cye cyagabweho n’umutwe wa Al-Qaeda, ku wa 11 Nzeri mu 2001.
-
Rusizi: Arakekwaho kwica umugore we amuziza gutiza isuka
26 January, by ISIMBI EstellaUmugabo witwa Sindayiheba Jean de Dieu, wo Mataba Umurenge wa Nkungu,Akarere ka Rusizi ari guhigishwa uruhindu akekwaho kwica umugore we amuziza ko yatije iwabo isuka.
-
Abantu 3 barimo abana babiri na se wabo barohamye mu mugezi wa Nyabarongo
16 October 2019, by Martin MunezeroAbantu batatu barimo abana babiri na se wabo barohamye mu mugezi wa Nyabarongo ku rugabano rwa Kabagari mu karere ka Ruhango na Murambi mu Karere ka Karongi baburiwe irengero.
-
Uko Isi yiriwe tariki 13 Kamena 2018 [AMAFOTO]
13 June 2018, by Nsanzimana ErnestMu nshamake y’ uko Isi yiriwe harimo inkuru z’ uruzinduko rwa Perezida Kagame ari mu Burusiya ahagiye gutangirizwa igikombe cy’ Isi cya 2018, Ingengo y’ imari u Rwanda ruzakoreshwa muri 2018/19 yemejwe, Mu mahanga ikivugwayo mu Isi ya Siporo ni uko Amerika, Canada na Mexique aribo bazakira igikombe cy’ Isi kizakurikira igitaha.
-
ICJ igiye kuburanisha urubanza Sudani iregamo UAE kugira uruhare muri jenoside
30 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatanu, Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) rwatangaje ko ruzaburanisha mu ruhame ku cyifuzo cya Sudani gisaba ko hafatwa ingamba zihutirwa kuri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) kubera ko bivugwa ko yarenze ku Masezerano ya Jenoside (Genocide Convention).
-
Tshisekedi yongeye kubwira abaturage be ko ahanganye na Perezida Kagame
24 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa DR Congo Antoine Felix Tshisekedi,kuri uyu wa 23 Ukwakira 2024, ubwo yari yagiye i Kisangani gutaha ikibuga cy’idege, yavuze ko ubutegetsi bw’u Rwanda ari umwanzi wa Congo.
-
FPR Inkotanyi na Israel baganiriye ku byagirira akamaro abaturage
4 February, by Angeline MUKANGENZIUmuryango FPR Inkotanyi watangaje ko Umunyamabanga Mukuru wayo, Amb. Christophe Bazivamo yakiriye mu biro bye, Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss.
Umuryango.rw
Trump yemeje ko azitabira ‘finale’ y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe
RDC: Umuyobozi wa Gereza ya Makala yiciwemo imfungwa 129 ari guhigwa
Joxy Parker yibarutse imfura
Intasi za Israel zashinjwe ko zari zikizi: Imyaka 24 irashize Amerika igabweho igitero simusiga
Rusizi: Arakekwaho kwica umugore we amuziza gutiza isuka
ICJ igiye kuburanisha urubanza Sudani iregamo UAE kugira uruhare muri jenoside
Tshisekedi yongeye kubwira abaturage be ko ahanganye na Perezida Kagame
FPR Inkotanyi na Israel baganiriye ku byagirira akamaro abaturage