Umuryango w’Abibumbye watanze imidali y’icyubahiro ku basirikare n’abapolisi baguye mu butumwa bwo kugarura amahoro hirya no hino ku Isi barimo babiri b’u Rwanda biciwe muri Centrafrique.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abasirikare babiri b’u Rwanda bapfiriye muri Centrafrique mu 2024 bahawe imidali na Loni
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ukraine ivuga ko ku nshuro ya mbere yarwanye n’ingabo za Koreya ya Ruguru
6 November 2024, by Joseph IradukundaAbategetsi bo ku rwego rwo hejuru bo muri Ukraine bahishuye ko abasirikare ba Koreya ya Ruguru bakozanyijeho n’ingabo za Ukraine ku nshuro ya mbere.
-
Uwahoze ayobora Brésil yashinjwe kugerageza kwivugana Perezida Lula ashaka kuguma ku butegetsi
19 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha muri Brésil bwashinjije Jair Bolsonaro wabaye Perezida wa 38 w’icyo gihugu hagati ya 2019 na 2022, icyaha cyo gushaka guhirika ubutegetsi mu 2022, buvuga ko yari kubigeraho nyuma yo kuroga Luiz Inácio Lula da Silva uzwi cyane nka Lula wari umaze gutsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu.
-
Kenya yafunze umudipolomate wa Uganda biteza urujijo mu mategeko agenga EAC
23 September 2024, by Joseph IradukundaUmunya-Uganda, Dr Caroline Asiimwe usanzwe ari umudipolomate mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), yatawe muri yombi afatiwe muri Kenya.
-
Haruna Niyonzima wateye umugongo Rayon yongeye kwisanga muri AS Kigali
16 December 2024, by Joseph IradukundaHaruna Niyonzima uheruka gutandukana na Rayon Sports, yasinye amasezerano y’amezi atandatu muri AS Kigali asubiyemo ku nshuro ya gatatu.
-
Byasabye igitego cy’umudefanseri ngo APR FC yigobotore imyaka 6 idatsinda AS Kigali
2 December 2024, by Joseph IradukundaMyugariro Niyigena Clement, yafashije APR FC gutsinda AS Kigali igitego 1-0 nyuma y’imyaka itandatu yari ishize iyi kipe y’Ingabo idatsinda Abanyamujyi muri shampiyona.
-
Rutsiro: Umusore yishe Se afatirwa Nyabugogo agerageza gutoroka
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusore w’imyaka 22 wo mu Karere ka Rutsiro yishe Se umubyara amukubise umuhembezo mu mutwe, agerageza guhita atoroka afatirwa mu Mujyi wa Kigali ahazwi nka Nyabugogo.
-
Nyuma y’imyaka irenga 10 iburiwe irengero Malaysia igiye kongera gushaka indege ya MH370
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’imyaka irenga 10 iburiwe irengero mu buryo bw’amayobera akomeye yabaye ku ndege ku Isi, igihugu cya Malaysia cyemeye gusubukura gushakisha ibisigazwa by’indege ya Malaysia Airlines MH370 yagaragaye bwa nyuma ku itariki 8 Werurwe 2014.
-
AFC/M23 yavuze amakuru yamenye agaragaza umugambi mubisha ubutegetsi bwa Congo bufite
2 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 riratangaza ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangije intambara yeruye igamije kurimbura Abanyamulenge, bukaba bwanazanye abasirikare ibihumbi 30 bo gukoresha muri uyu mugambi mubisha, no gukoresha mu rugamba rwo kwisubiza ibice byabohojwe.
-
U Burusiya bwashinje Amerika gutera inkunga iterabwoba muri Syria
6 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yavuze ko raporo z’Igihugu cye zigaragaza ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza bashobora kuba batera inkunga ibikorwa by’iterabwoba muri Syria.
Umuryango.rw
Abasirikare babiri b’u Rwanda bapfiriye muri Centrafrique mu 2024 bahawe imidali na Loni
Ukraine ivuga ko ku nshuro ya mbere yarwanye n’ingabo za Koreya ya Ruguru
Uwahoze ayobora Brésil yashinjwe kugerageza kwivugana Perezida Lula ashaka kuguma ku butegetsi
Kenya yafunze umudipolomate wa Uganda biteza urujijo mu mategeko agenga EAC
Haruna Niyonzima wateye umugongo Rayon yongeye kwisanga muri AS Kigali
Byasabye igitego cy’umudefanseri ngo APR FC yigobotore imyaka 6 idatsinda AS Kigali
Rutsiro: Umusore yishe Se afatirwa Nyabugogo agerageza gutoroka
Nyuma y’imyaka irenga 10 iburiwe irengero Malaysia igiye kongera gushaka indege ya MH370
AFC/M23 yavuze amakuru yamenye agaragaza umugambi mubisha ubutegetsi bwa Congo bufite
U Burusiya bwashinje Amerika gutera inkunga iterabwoba muri Syria