Col Tom Byabagamba w’imyaka 54 kuri uyu wa gatanu mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hasubukuwe urubanza rwe aho yajururiye icyemezo cy’urukiko rwibanze rwa Kicukiro.
Urubanza rwa Col Tom Byabagamba rwatangiye kuburanishwa ubujurire hifashishijwe ikoranabuhanga rya Webex. Ubushinjacyaha bwo ku rwego Rwisumbuye bwa Nyarugenge bwaburanye buri mu biro byabwo naho Col Tom Byabagamba n’abamwunganira mu mategeko, Me Paul Ntare na Me Gakunzi Gasore Valery bo baburanye bari kuri gereza Kanombe. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyarugenge: Col Tom Byabagamba yabwiye umucamanza ko atajya ahabwa umwanya wo kubonana n’abamwunganira
16 April 2021, by Ubwanditsi -
FARDC yagabye igitero ku giturage cya Gakenke
13 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAMu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki 13 Gashyantare 2025, i Minembwe mu giturage cya Gakenke, hagabwe igitero gikomeye cya FARDC cyatumye abaturage benshi bata ibyabo bajya kwihisha, mu gihe aba baturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bakomeje gutaka kwicwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa.
-
Amateka ya Hezbollah , ese ishobora kujya mu ntambara yeruye na Israel?
24 September 2024, by Joseph IradukundaMinisteri y’ubuzima ya Libya ivuga ko abantu hafi 500 bapfuye abandi ibihumbi barakomereka naho ibihumbi za mirongo bava mu byabo mu bitero by’indege z’intambara za Israel byatangiye ku wa mbere, yo ivuga ko irimo kurwana na Hezbollah.
-
Rusizi: Yibye mubazi y’amazi ku muturanyi barayimufatana
11 November 2024, by Joseph IradukundaShumbusho Abdou wari utaramara icyumweru afunguwe yafatanywe mubazi y’amazi y’umuturanyi we mu mujyi wa Kamembe agiye kuyishakira umuguzi.
-
Miss Uwase Raissa Vanessa yasezeranye imbere y’amategeko (Amafoto)
12 June 2025, by ISIMBI EstellaMiss Uwase Raissa Vanessa wabaye Igisonga cya Mbere cya Miss Rwanda mu 2015 yasezeranye imbere y’amategeko na Ngenzi Dylan biyemeje kurushinga, umuhango wabereye mu Murenge wa Kimihurura kuri uyu wa 12 Kamena 2025.
-
Kenya iteganya kuganira n’u Burusiya ku baturage bayo bajyanwa mu ntambara ya Ukraine
10 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, yatangaje ko igihugu cye giteganya kuganira n’u Burusiya ku kibazo cy’abaturage bacyo bakomeje koherezwa mu ntambara yo muri Ukraine
-
Sobanukirwa byinshi K’ubuzima ndetse n’imyirondoro ya bana batatu ba rurangirwa Lionel Messi
5 May 2025, by Gladiator OGSi inshuro ya mbere twese twaba twumvise izina itangishaka ibi bishatse kuvuga ko icyo Imana itaguhaye ntakukibihatira kugitanga ku ngufu ibi birimo : Amaronko atandukanye, ubwenge, ubuzima buzira umuze, urubyaro ndetse n’ibindi byinshi.
-
Mu myaka iri imbere u Rwanda ruzomoka kuri Afurika ruge ku wundi mugabane [AMAFOTO]
23 April 2018, by Nsanzimana ErnestAbahanga bagaragaraje ko mu myaka iri imbere igice cy’ Afurika y’ ibirasirazuba kizamanyuka kuri uyu mugabane hakavuka undi mugabane mushya umuntu yagereranya n’ Afurika nto. Si ubwa mbere hazaba havutse umugabane mushya kuko mu myaka myinshi yashize Isi yahoze igizwe n’ ikirwa kimwe cyagiye kimanyuka hakavuka imigabane tubona ubu.
-
Abaminisitiri bahagarariye ibihugu bya EAC bahuriye mu nama y’umutekano wa RDC
15 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaminisitiri b’ububanyi n’amahanga n’ab’ingabo bo mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) bahuriye i Nairobi muri Kenya, mu nama yiga ku mutekano wo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Rayon Sports yasinyishije Umunya Ghana wakinnye mu Butaliyani [AMAFOTO]
13 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports ibifashijwemo na MK Card imaze gusinyisha umukinnyi wo hagati ukomoka mu gihugu cya Ghana witwa Olokwei Commodore nyuma yo gushima urwego rwe mu myitozo yari amaze iminsi akorera mu Nzove.
Umuryango.rw
FARDC yagabye igitero ku giturage cya Gakenke
Amateka ya Hezbollah , ese ishobora kujya mu ntambara yeruye na Israel?
Rusizi: Yibye mubazi y’amazi ku muturanyi barayimufatana
Miss Uwase Raissa Vanessa yasezeranye imbere y’amategeko (Amafoto)
Kenya iteganya kuganira n’u Burusiya ku baturage bayo bajyanwa mu ntambara ya Ukraine
Sobanukirwa byinshi K’ubuzima ndetse n’imyirondoro ya bana batatu ba rurangirwa Lionel Messi
Abaminisitiri bahagarariye ibihugu bya EAC bahuriye mu nama y’umutekano wa RDC