Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahize ko atazigera na rimwe ajya mu mishyikirano na M23, kabone n’iyo uyu mutwe wafata Congo yose ukanagera ku muryango w’urugo rwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
M23 n’iyo yafata Congo yose ikagera ku muryango w’aho ntuye sinzashyikirana na yo: Tshisekedi
22 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Minisitiri Nduhungirehe yanyuzwe na album ya Bruce Melodie
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’amahanga, Olivier Nduhungirehe, yanyuzwe na album ’Colorful Generation’ ya Bruce Melodie, ahamya ko atekereza ko izaba imwe mu nziza z’uyu mwaka wa 2025.
-
Umunyarwenya Nyaxo yasabye imbabazi kubera Live yakoze kuri TikTok itajyanye n’ibihe byo kwibuka Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994
12 April 2025, by Gladiator OGAbinyujije ku mbuga nkoranyambaga zose akoresha umunyarwenya Kanyabugande Olivier uzwi nka Nyaxo, yasabye imbabazi abamukurikira n’Abanyarwanda muri rusange, nyuma yo gukora Live kuri Tik Tok itajyanye n’ibihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi igihugu kirimo. Ni ikiganiro uyu munyarwenya yari ayoboye agihuriyeho n’urubyiruko rumukurikira, batera urwenya yewe n’ugerageje kubakebura bakamwima amatwi.
Nyuma yo kuva kuri iyi Live yari yateguye kuri Tik Tok, Nyaxo yasubiye ku mbuga (…) -
Israel yatangaje ko intego zayo ari ukwigarurira Gaza burundu
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko intego bafite ari ukwigarurira burundu Intara ya Gaza, mu rwego rwo kuyikoresha nka hamwe mu hazajya hategurirwa ibikorwa bya gisirikare byo kurwanya umutwe wa Hamas.
-
Bugesera: Umusore yiyahuye kubera umukobwa bakundanaga yamwanze
6 September 2025, by ISIMBI EstellaUmusore uri mu kigero cy’imyaka 18 wo mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Kabeza, Umurenge wa Ririma, mu Karere ka Bugesera, yiyahuye anyweye ibinini by’imbeba nyuma y’uko umukobwa bakundanaga amwanze.
-
Perezida Kagame yababariye Dr.Pierre Damien Habumuremyi wigeze kuba Minisitiri w’Intebe
14 October 2021, by Dusingizimana RemyAshingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yahaye imbabazi Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe mu Rwanda nyuma y’iminsi itaragera no ku 10 urukiko rumugabanyirije igihe yagombaga gufungwa muri gereza.
Habumuremyi yari yarakatiwe igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutanga sheki zitazigamiye.
Imbabazi Dr Habumuremyi yahawe ni iz’igifungo yari yarahawe n’inkiko hamwe n’ihazabu yari yaraciwe. Gusa (…) -
Perezida Museveni yashimye icyemezo cya Trump cyo gukumira Abanyafurika muri Amerika
11 January, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashimye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri politiki ye yo gukomanyiriza ibihugu birimo ibya Afurika, kurwanya abimukira no guhagarika inkunga, avuga ko bikwiye kuba isomo rikomeye ku Banya-Afurika bacyishingikiriza ku bufasha bw’amahanga.
-
U Rwanda na Azerbaijan byatangije uburyo bwo kugirana inama mu bya politiki
18 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Rwanda na Azerbaijan byatangije uburyo bwo kugirana inama mu bya politiki ndetse no kwagura umubano n’ubutwererane mu nzego zitandukanye.
-
Munyenyezi Beatrice ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yoherejwe mu Rwanda
16 April 2021, by Dusingizimana RemyIgihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika cyafashe umwanzuro wo kohereza mu Rwanda Madamu Beatrice Munyenyezi ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside Yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Butare ubu ni mu karere ka Huye.
Munyenyezi Béatrice ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yoherejwe mu Rwanda kugira ngo agezwe imbere y’ubutabera ku byo akurikiranyweho.
Munyenyezi aragezwa mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 16 Mata 2021.
Muri 2013, uukiko rwa U.S (…) -
Abatwara abagenzi basabwe gufasha abanyeshuri gusubira ku mashuri mu ituze
5 September 2025, by ISIMBI EstellaKuva kuri uyu Gatanu, tariki ya 5 Nzeri, abanyeshuri barimo gusubira ku bigo by’amashuri, gutangira igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri wa 2025/2026, hirya no hino mu turere dutandukanye tw’igihugu. Polisi y’u Rwanda yasabye abatwara abagenzi mu buryo bwa rusange gufasha abanyeshuri gusubira ku mashuri mu ituze n’umutekano.
Umuryango.rw
M23 n’iyo yafata Congo yose ikagera ku muryango w’aho ntuye sinzashyikirana na yo: Tshisekedi
Minisitiri Nduhungirehe yanyuzwe na album ya Bruce Melodie
Umunyarwenya Nyaxo yasabye imbabazi kubera Live yakoze kuri TikTok itajyanye n’ibihe byo kwibuka Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994
Israel yatangaje ko intego zayo ari ukwigarurira Gaza burundu
Bugesera: Umusore yiyahuye kubera umukobwa bakundanaga yamwanze
Perezida Kagame yababariye Dr.Pierre Damien Habumuremyi wigeze kuba Minisitiri w’Intebe
Perezida Museveni yashimye icyemezo cya Trump cyo gukumira Abanyafurika muri Amerika
U Rwanda na Azerbaijan byatangije uburyo bwo kugirana inama mu bya politiki
Abatwara abagenzi basabwe gufasha abanyeshuri gusubira ku mashuri mu ituze