Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe yifurije abayisilamu bose umunsi mukuru mwiza wa Eid al Fitr usoza igisibo cy’ ukwezi kwa ‘Ramadhan’.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yifurije Abayisilamu umunsi mukuru mwiza wa Eid al Fitr
15 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Syria: Abahiritse Perezida Assad bari mu nzira zo gushyiraho undi muyobozi
11 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbarwanyi baherutse guhirika ubutegetsi bwa Perezida Bashar al-Assad muri Syria binjiye mu biganiro bigamije gushyiraho ubuyobozi bushya muri iki gihugu.
-
Bull Dogg yasabye Perezida Kagame itike yo kuzareba Arsenal ku mukino wa nyuma wa Champions League
17 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Bull Dogg uri mu bahanzi bakomeye mu Rwanda, yagaragaje ko yanyuzwe cyane n’uburyo Arsenal ikomeje kwitwara neza, aboneraho gusaba Perezida wa Repubulika kuzamugurira itike yo kujya kureba umukino wa nyuma wa Champions League mu gihe yaba igezeyo.
-
Abakandida 521 nibo bazatorwamo abadepite 80, abigenga babaye 4
6 August 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’amatora (NEC) yatangaje ko mu bantu 539 batanze kandidatire zabo bashaka kwiyamamaza mu matora y’Abadepite ateganyijwe mu kwezi gutaha, abagera kuri 521 ari bo babyemerewe, bivuze ko abangiwe ari 18.
-
Taylor Swift yahaye agahimbazamushyi ka miliyari 272 Frw abamufashije mu bitaramo bizenguruka Isi
13 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuTaylor Swift yasaranganyije miliyoni 197$ (arenga miliyari 270 Frw) nk’agahimbazamusyi, abamufashije mu bitaramo bizenguruka ibihugu bitandukanye ku Isi yise “Era Tour” aheruka gusoza, byari bimaze cy’imyaka ibiri.
-
Ushinjwa kwica Charlie Kirk yafashwe
13 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTyler Robinson w’Imyaka 22 ucyekwaho kwica Charlie Kirk yafashwe nyuma y’uko umubyeyi we afatanyije n’inshuti ze bamujyanye ku biro bya Polisi.
-
AFC/M23 yizeye ko amasezerano ya Washington yaharura inzira y’ikizava mu biganiro bya Doha
3 July 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 bwatangaje ko bwiteguye gusubira mu biganiro bya Doha bigamije gushaka amahoro hagati y’uyu mutwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakizera ko amasezerano ya Washington ashobora kuzatuma n’i Doha hava umusaruro.
-
Umunye-Congo Denis Mukwege mu bakandida bashobora guhatana na Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF
2 February, by Angeline MUKANGENZIUmunye-Congo wegukanye igihembo cyitiriwe Nobel mu 2018, Dr. Denis Mukwege, ashobora kuzahatanira n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo umwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa.
-
Bimwe mu byo kurya biba byiza iyo bikoreshejwe ari bibisi
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu mafunguro dufata umunsi ku wundi, abamo ibyo turya ari bibisi ndetse n’ibyo turya bitetse. Nyamara hari ibyo dushobora kudateka byakagombye gutekwa nkuko hari n’ibyo duteka byakagombye kudatekwa cyangwa se ugasanga ntidusobanukiwe uko ifunguro iri n’iri rigomba gutegurwa.
-
RDC yarekuye abasirikare b’u Rwanda 2 yashinjwe gushimuta
11 June 2022, by Dusingizimana RemyIgisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko abasirikare babiri b’u Rwanda bari barashimuswe n’ingabo za RDC zifatanyije na FDLR, bagaruwe mu Rwanda.
Mu itangazo RDF yashyize hanze uyu munsi,yagize iti "Nyuma y’ishimutwa ry’abasirikare babiri ba RDF bari ku irondo ku mupaka w’u Rwanda na DRC ku ya 23 Gicurasi 2022, ndetse n’ibiganiro bya dipolomasi byakurikiyeho hagati y’abakuru b’ibihugu bya Angola, DRC n’u Rwanda, RDF yishimiye gutangaza ko ubu abo basirikare bombi babagarutse mu Rwanda (…)
Umuryango.rw
Syria: Abahiritse Perezida Assad bari mu nzira zo gushyiraho undi muyobozi
Bull Dogg yasabye Perezida Kagame itike yo kuzareba Arsenal ku mukino wa nyuma wa Champions League
Taylor Swift yahaye agahimbazamushyi ka miliyari 272 Frw abamufashije mu bitaramo bizenguruka Isi
Ushinjwa kwica Charlie Kirk yafashwe
AFC/M23 yizeye ko amasezerano ya Washington yaharura inzira y’ikizava mu biganiro bya Doha
Umunye-Congo Denis Mukwege mu bakandida bashobora guhatana na Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF
Bimwe mu byo kurya biba byiza iyo bikoreshejwe ari bibisi
RDC yarekuye abasirikare b’u Rwanda 2 yashinjwe gushimuta